Bakoreye imibonano mpuzabitsina mu isoko rwagati
Abanyamerika Julian Appel ufite imyaka 22 y’amavuko na Tina Gianakon w’imyaka 35 bari mu maboko ya polisi bakurikiranyweho gukorera imibonano mpuzabitsina mu isoko (supermarché) rwagati.
Izi nshuti zikurikiranyweho icyaha cy’urukozasoni ngo ku mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2012 ubwo zarimo guhaha mu iduka ryitwa Walmart i Hutchinson muri Leta ya Kansas ngo zikaba zarakoreye mu ruhame imbere y’abandi bakiliya ibyo umubiri wazisabaga.
Nyuma yo kubabona bakorera imibonano mpuzabitsina nta gutinya amaso, nyiri supermarket yitabaje polisi ihita ibata muri yombi; nk’uko byatangajwe n’urubuga www.7sur7.be.
Polisi yahise ibafungira muri gereza ya Reno aho bavuye nyuma yo gutanga amafaranga y’incungu mu gihe bategereje kugezwa imbere y’ubutabera. Julian na Tina bazitaba ubutabera nyuma y’iminsi itanu uhereye igihe bakoreye icyaha.
Niyonzima Oswald
Ibitekerezo ( 276 )
Ohereza igitekerezo
|
A-ha ISO irarangiye bavandi!!!!!
birakabije nugusenga cyan bitazaz muRwanda.
Jyewe ndabashimiye amakuru mutugezaho y.buzima bwimyororekere mutugezaho
Mana We ngwino utabare iyi si kuko abantu bawe turaruhijwe nibiyibako ndabona USA yahindutse sodumu nagomora
Isiyarashize umuriro waratse nagisya kibirimo gusa twitegure imperuka yarageze
Mana we ahubwo dusege kbsa.
gusa imana itabare ubwo bwayo kuko birakabije.
Byarahanuwe Kbx
USA BARAHUMUYETU ALIAS
birakabije nugushaka uwiteka kuko imperuka iraje.
YESU ARAJE!
aha isi yararangiye pe!
aha isi yararangiye pe ntakindi gisigaye