Bakoreye imibonano mpuzabitsina mu isoko rwagati
Abanyamerika Julian Appel ufite imyaka 22 y’amavuko na Tina Gianakon w’imyaka 35 bari mu maboko ya polisi bakurikiranyweho gukorera imibonano mpuzabitsina mu isoko (supermarché) rwagati.
Izi nshuti zikurikiranyweho icyaha cy’urukozasoni ngo ku mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2012 ubwo zarimo guhaha mu iduka ryitwa Walmart i Hutchinson muri Leta ya Kansas ngo zikaba zarakoreye mu ruhame imbere y’abandi bakiliya ibyo umubiri wazisabaga.
Nyuma yo kubabona bakorera imibonano mpuzabitsina nta gutinya amaso, nyiri supermarket yitabaje polisi ihita ibata muri yombi; nk’uko byatangajwe n’urubuga www.7sur7.be.
Polisi yahise ibafungira muri gereza ya Reno aho bavuye nyuma yo gutanga amafaranga y’incungu mu gihe bategereje kugezwa imbere y’ubutabera. Julian na Tina bazitaba ubutabera nyuma y’iminsi itanu uhereye igihe bakoreye icyaha.
Niyonzima Oswald
Ibitekerezo ( 276 )
Ohereza igitekerezo
|
twongere amasengesho kuko byabihe bya sodomo nagomora byatwegereye.Imana idushoboze
Ibyo bibaho ko aho umugabo aterewe niho yitabarira. Ntitwapfa ku agaya gusa kuko ntituzi ibyabakoreshaga.
ibinagobisazwe mwisoko twiheshe agacirondatu nguwegusa iyobihangana nibura bakajyamurugo bakabikorerayo
birasecyeje kanda birababaje ntago dushaka ibikorwa byurukoza soni. umuco wacu nusigasirwe
birasecyeje kanda birababaje ntago dushaka ibikorwa byurukoza soni. umuco wacu nusigasirwe
TURABASHIMA KUMAKURU MUTUGEZAHO
ibyo ni sawa kuko nange nabikora
WARAHURITSE NSOWAKWIBYARIYE AKAVUGA AYOMAGAMBO UWABIVUZE UBWONIWEWAMUBYAYE AHH!! ALLA AKONGERERE
Sha iyi si yaheze!!rapport sexuel imbere y-abandi bantu,muri supermarket!!sha urwo s’urukundo bakundanye ahubwo n’urusazi!
Ndumiwe Ahubwo Dusa Bira Isi?
Byarakomeye
jye birandenze