Bakoreye imibonano mpuzabitsina mu isoko rwagati

Abanyamerika Julian Appel ufite imyaka 22 y’amavuko na Tina Gianakon w’imyaka 35 bari mu maboko ya polisi bakurikiranyweho gukorera imibonano mpuzabitsina mu isoko (supermarché) rwagati.

Izi nshuti zikurikiranyweho icyaha cy’urukozasoni ngo ku mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2012 ubwo zarimo guhaha mu iduka ryitwa Walmart i Hutchinson muri Leta ya Kansas ngo zikaba zarakoreye mu ruhame imbere y’abandi bakiliya ibyo umubiri wazisabaga.

Nyuma yo kubabona bakorera imibonano mpuzabitsina nta gutinya amaso, nyiri supermarket yitabaje polisi ihita ibata muri yombi; nk’uko byatangajwe n’urubuga www.7sur7.be.

Polisi yahise ibafungira muri gereza ya Reno aho bavuye nyuma yo gutanga amafaranga y’incungu mu gihe bategereje kugezwa imbere y’ubutabera. Julian na Tina bazitaba ubutabera nyuma y’iminsi itanu uhereye igihe bakoreye icyaha.

Niyonzima Oswald

Ibitekerezo   ( 276 )

twongere amasengesho kuko byabihe bya sodomo nagomora byatwegereye.Imana idushoboze

mukeshimana christine yanditse ku itariki ya: 22-12-2014  →  Musubize

Ibyo bibaho ko aho umugabo aterewe niho yitabarira. Ntitwapfa ku agaya gusa kuko ntituzi ibyabakoreshaga.

peter yanditse ku itariki ya: 24-11-2014  →  Musubize

ibinagobisazwe mwisoko twiheshe agacirondatu nguwegusa iyobihangana nibura bakajyamurugo bakabikorerayo

eric yanditse ku itariki ya: 20-11-2014  →  Musubize

birasecyeje kanda birababaje ntago dushaka ibikorwa byurukoza soni. umuco wacu nusigasirwe

phocas igirukwayo yanditse ku itariki ya: 5-11-2014  →  Musubize

birasecyeje kanda birababaje ntago dushaka ibikorwa byurukoza soni. umuco wacu nusigasirwe

phocas igirukwayo yanditse ku itariki ya: 5-11-2014  →  Musubize

TURABASHIMA KUMAKURU MUTUGEZAHO

DUSHIMIYIMANA yanditse ku itariki ya: 4-04-2014  →  Musubize

ibyo ni sawa kuko nange nabikora

kevin yanditse ku itariki ya: 24-02-2014  →  Musubize

WARAHURITSE NSOWAKWIBYARIYE AKAVUGA AYOMAGAMBO UWABIVUZE UBWONIWEWAMUBYAYE AHH!! ALLA AKONGERERE

0730650632 yanditse ku itariki ya: 18-02-2014  →  Musubize

Sha iyi si yaheze!!rapport sexuel imbere y-abandi bantu,muri supermarket!!sha urwo s’urukundo bakundanye ahubwo n’urusazi!

Edga Désiré Pâre Manirampa yanditse ku itariki ya: 13-02-2014  →  Musubize

Ndumiwe Ahubwo Dusa Bira Isi?

Mukaraya yanditse ku itariki ya: 7-02-2014  →  Musubize

Byarakomeye

alias yanditse ku itariki ya: 6-02-2014  →  Musubize

jye birandenze

bizimana yanditse ku itariki ya: 21-09-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka