Bakoreye imibonano mpuzabitsina mu isoko rwagati
Abanyamerika Julian Appel ufite imyaka 22 y’amavuko na Tina Gianakon w’imyaka 35 bari mu maboko ya polisi bakurikiranyweho gukorera imibonano mpuzabitsina mu isoko (supermarché) rwagati.
Izi nshuti zikurikiranyweho icyaha cy’urukozasoni ngo ku mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2012 ubwo zarimo guhaha mu iduka ryitwa Walmart i Hutchinson muri Leta ya Kansas ngo zikaba zarakoreye mu ruhame imbere y’abandi bakiliya ibyo umubiri wazisabaga.
Nyuma yo kubabona bakorera imibonano mpuzabitsina nta gutinya amaso, nyiri supermarket yitabaje polisi ihita ibata muri yombi; nk’uko byatangajwe n’urubuga www.7sur7.be.
Polisi yahise ibafungira muri gereza ya Reno aho bavuye nyuma yo gutanga amafaranga y’incungu mu gihe bategereje kugezwa imbere y’ubutabera. Julian na Tina bazitaba ubutabera nyuma y’iminsi itanu uhereye igihe bakoreye icyaha.
Niyonzima Oswald
Ibitekerezo ( 276 )
Ohereza igitekerezo
|
Ahaaa ndumiwe.cyakoza imana igire yitwarire abayo kuko birarenze ibiriho ubu.
Yewe nimwicecekere gusa ndabona ntagishya nonese ko bambara ubusa muruhame ugirango sibi byari bisigaye njye ndabona USA ariyo yasimbuye Sodomu
Ahubwongirango isi yararangiye!
umuntu arira aho abonye koko?kuba mbonye iyinkuru nkerewe birambabaje
amahano nkayo bakoze bazabahane byintangarujyero
yeweee! njyewe ndikanze kabisa bibahose?nibyo kwamaganira kure
Abobantusi Abarwayi
Mukuri
Harikibazo
Kweriubwontibarwaye?
Nikibazo
abobanu bakoze neza nagobarigumfa bafite umushyukwe
yoooo!!isi.irashape?kubonabasambaniramwisoko
yewe ni agahinda baribafite ibyo bikura si gusa ahaaaaa!!!!
Eeeeeeeeee mbega ibibazo isi yikoreye we ah nidanje peeee!!