Bakoreye imibonano mpuzabitsina mu isoko rwagati

Abanyamerika Julian Appel ufite imyaka 22 y’amavuko na Tina Gianakon w’imyaka 35 bari mu maboko ya polisi bakurikiranyweho gukorera imibonano mpuzabitsina mu isoko (supermarché) rwagati.

Izi nshuti zikurikiranyweho icyaha cy’urukozasoni ngo ku mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2012 ubwo zarimo guhaha mu iduka ryitwa Walmart i Hutchinson muri Leta ya Kansas ngo zikaba zarakoreye mu ruhame imbere y’abandi bakiliya ibyo umubiri wazisabaga.

Nyuma yo kubabona bakorera imibonano mpuzabitsina nta gutinya amaso, nyiri supermarket yitabaje polisi ihita ibata muri yombi; nk’uko byatangajwe n’urubuga www.7sur7.be.

Polisi yahise ibafungira muri gereza ya Reno aho bavuye nyuma yo gutanga amafaranga y’incungu mu gihe bategereje kugezwa imbere y’ubutabera. Julian na Tina bazitaba ubutabera nyuma y’iminsi itanu uhereye igihe bakoreye icyaha.

Niyonzima Oswald

Ibitekerezo   ( 276 )

NIBABABABARIRE

TEO yanditse ku itariki ya: 13-09-2016  →  Musubize

BABIHANGANIRE NTAKUNDI

TEO yanditse ku itariki ya: 13-09-2016  →  Musubize

ntabanga ryuwashyuswe nawe byakubaho

bonfils yanditse ku itariki ya: 13-09-2016  →  Musubize

abo bakwiye amasengesho peeee

kado yanditse ku itariki ya: 2-09-2016  →  Musubize

yeweyewe nakumiro agahuru kamunsi nawukarengaho pee cyokoza birabaje tu

nsengimana emmy yanditse ku itariki ya: 24-08-2016  →  Musubize

Ibyobakoze sibyiza biragayitse

John mwita yanditse ku itariki ya: 18-08-2016  →  Musubize

Ibyobinunagahomamunwa,abanubazima nabogukoribyobin’ imbereyabanu,rwose bahanwebyinangarugero kukomobaradusebya kandi irwanda ibyobintututanabitinyuka.nimugire ibihebyiza.

cloude hategekimana yanditse ku itariki ya: 3-08-2016  →  Musubize

ni,akumiro pe!bitazaza murwanda rwatubyaye kuko ni,amahano

ngirinshuti yanditse ku itariki ya: 30-07-2016  →  Musubize

Ni igisebo

Daniel yanditse ku itariki ya: 14-07-2016  →  Musubize

ni amahano bahanwe

alias yanditse ku itariki ya: 13-06-2016  →  Musubize

abobataye agaciro bahanwe

alias yanditse ku itariki ya: 13-06-2016  →  Musubize

Bazahanwe,. land I bigiswe umuco

Kuruntabare Felicien yanditse ku itariki ya: 4-06-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka