Bakoreye imibonano mpuzabitsina mu isoko rwagati

Abanyamerika Julian Appel ufite imyaka 22 y’amavuko na Tina Gianakon w’imyaka 35 bari mu maboko ya polisi bakurikiranyweho gukorera imibonano mpuzabitsina mu isoko (supermarché) rwagati.

Izi nshuti zikurikiranyweho icyaha cy’urukozasoni ngo ku mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2012 ubwo zarimo guhaha mu iduka ryitwa Walmart i Hutchinson muri Leta ya Kansas ngo zikaba zarakoreye mu ruhame imbere y’abandi bakiliya ibyo umubiri wazisabaga.

Nyuma yo kubabona bakorera imibonano mpuzabitsina nta gutinya amaso, nyiri supermarket yitabaje polisi ihita ibata muri yombi; nk’uko byatangajwe n’urubuga www.7sur7.be.

Polisi yahise ibafungira muri gereza ya Reno aho bavuye nyuma yo gutanga amafaranga y’incungu mu gihe bategereje kugezwa imbere y’ubutabera. Julian na Tina bazitaba ubutabera nyuma y’iminsi itanu uhereye igihe bakoreye icyaha.

Niyonzima Oswald

Ibitekerezo   ( 276 )

Imana Nibijyemo Bitazatugerera Mu Rwanda

Umutoni Keza Brend yanditse ku itariki ya: 13-01-2017  →  Musubize

" Toka satani katika kwa Jina la Yesu".

Alias yanditse ku itariki ya: 11-01-2017  →  Musubize

" Toka satani katika kwa Jina la large Yesu".

Alias yanditse ku itariki ya: 11-01-2017  →  Musubize

ABOBANYAMAHANGA BASAMBANIYE KUMUGARAGARO BAGOMBA GUHANWA KUKO ARI UKWAMBIKA ISURAMBI IGIHUGU CYACU.

MBARUSHIMANA ELIAS yanditse ku itariki ya: 11-01-2017  →  Musubize

IBYO TURABYANZE MURWANDA RWACU

NDACYAYISENGA yanditse ku itariki ya: 10-01-2017  →  Musubize

Mana ndumva bibabaje kandi biteye agahinda

Samuel yanditse ku itariki ya: 9-01-2017  →  Musubize

NUKO NIKO BIGENDA NANJE NIBWE UKWO KWIWE

Kozo yanditse ku itariki ya: 8-01-2017  →  Musubize

ibyobirakabije dusenge cyane bitatugeraho.

alias yanditse ku itariki ya: 4-01-2017  →  Musubize

Yesu wenyine niwe ufite gutabara iyiisi.

Ange yanditse ku itariki ya: 4-01-2017  →  Musubize

imana nitabare iyisi.

siboniyo emmanuel yanditse ku itariki ya: 3-01-2017  →  Musubize

U S A noneho,ibirikuyiberamobirakabije,yesu natabarebitazagera,iwacumurwandabitokemwizinaryayesupe!!!!

Ildephonse yanditse ku itariki ya: 1-01-2017  →  Musubize

ngendumiwe nugushyira amavihas tugasenga pe

emmanuer yanditse ku itariki ya: 28-12-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka