• Abarenga 30 barirukanywe abandi baregura mu gihe kitarenze umwaka

    Umwaka wa 2023, usoje abayobozi basaga 30 birukanwe abandi begura mu nshingano zabo, kubera ibintu binyuranye birimo ubusinzi, ruswa (indonke), kunyereza ibya rubanda, kunanirwa gusigasira Ubumwe bw’Abanyarwanda, kutubahiriza inshingano, kwitwaza ububasha bahabwa mu nyungu zabo bwite n’ibindi nk’uko amatangazo abakuraho (…)



  • Amajyepfo: 30 batawe muri yombi nyuma yo gukomeretsa abacukuzi

    Abantu basaga 30 bo mu Mirenge ya Muhanga, Nyarusange, Byimana na Nyamabuye, bamaze gutabwa muri yombi n’inzego za Polisi mu Karere ka Muhanga, kubera kurema agatsiko gahungabanya umutekano mu birombe by’amabuye y’agaciro mu Turere twa Ruhango na Muhanga.



  • Minisitiri w

    Ntiwareshya abashoramari udafite ibikorwa remezo - Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente

    Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente, yagaragaje ko kugira ngo ishoramari ku mugabane wa Afurika rigerweho, ibihugu bigomba kubanza gushora imari mu bikorwa remezo byibanze mu kureshya abashoramari, bifuza gushora imari yabo kuri uyu mugabane.



  • Madamu Jeannette Kagame yatashye inzu izita ku buzima bw’ababyeyi

    Madamu Jeannette Kagame, ku gicamunsi cyo kuwa kabiri tariki 7 Ugushyingo 2023, yitabiriye umuhango wo gutaha ku mugaragaro inzu nshya yo kubyariramo (Materinite) yubatswe mu bitaro byitiriwe umwami Faisal igamije kurushaho kunoza serivise zigenerwa umugore uje kubyara.



  • Umushoferi ntacyo yabaye

    Kicukiro: Ikamyo yagonze uruzitiro rw’ishuri

    Ikamyo yakoze impanuka igonga igipangu cy’ishuri rya Kagarama mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, hangirika igipangu na ‘bordure’ z’umuhanda, ku bw’amahirwe ntiyagira uwo ihitana.



  • Musanze: Mudugudu yagerageje kwiyahura abaturage baratabara

    Mu Murenge wa Cyuve, Akagari ka Kabeza mu Karere ka Musanze, haravugwa inkuru y’Umukuru w’Umudugugudu wagerageje kwiyahura akoresheje ishuka, mu ijoro rishyira tariki 08 Ugushyingo 2023, abaturage baratabara.



  • Perezida Kagame asanga abashoramari bakwiye guhanga amaso muri Afurika

    Perezida Paul Kagame yavuze ko imyumvire y’uko ishoramari muri Afurika rigoye kurikora idakwiye kuko uyu umugabane ufite amahirwe mu ishoramari nk’aboneka ahandi ku Isi ndetse ukagira n’akarusho k’abaturage bari mu nzira y’iterambere.



  • Abatuye mu mujyi wa Goma bakoresha amazi menshi aturuka mu Rwanda

    U Rwanda rwiteguye gufasha abatuye i Goma babuze amazi n’amashanyarazi

    U Rwanda rwiteguye kuba igisubizo cy’amazi n’amashanyarazi ku batuye umujyi wa Goma waraye mu mwijima nyuma y’uko ipoto ijyana umuriro mu mujyi wa Goma yaguyeho igisasu ikangirika bikomeye mu mirwano yahuje ingabo za Congo FARDC hamwe n’umutwe wa M23 muri Teritwari ya Nyiragongo.



  • Gen (Rtd) Kabarebe yakiriye Ms. Rabab Fatima wo muri UN

    Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe, yakiriye Ms. Rabab Fatima, Umunyamabanga Mukuru w’ishami ry’Umuryango w’Ababibumbye rishinzwe guhuza ibikorwa n’ubuvugizi ku bihugu biri mu nzira y’amajyambere bidakora ku nyanja.



  • Perezida Kagame yaganiriye na António Guterres ku bibazo by’umutekano muri RDC

    Perezida Paul Kagame yagiranye ikiganiro kuri telefone n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye António Guterres ku bijyanye n’ubwiyongere bukabije bw’urugomo rwitwaje intwaro n’amagambo ashingiye ku ivanguramoko mu Burasirazuba bwa DRC.



  • Perezida Kagame yakiriye intumwa ya Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia

    Perezida Paul Kagame, ku gicamunsi cyo ku wa Kabiri tariki 07 Ugushyingo 2023, muri Village Urugwiro, yakiriye Ambasaderi Girma Birru Geda wamugejejeho ubutumwa bwa Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Bwana Abiy Ahmed Ali.



  • Amabuye y’agaciro yinjirije u Rwanda arenga miliyali 243 Frw mu mezi atatu

    Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Mine, Gaz na Peteroli, (RMB) cyatangaje ko mu gihembwe cya Gatatu cya 2023, kuva muri Nyakanga kugeza muri Nzeri, amabuye y’agaciro acukurwa mu Rwanda yinjije arenga miliyoni 241$(Arenga miliyari 243 Frw).



  • Hateguwe igitaramo cyo kubandwa no guterekera

    Ikigo Nyarwanda cy’Ubuzima bushingiye ku muco cyateguye umuhango wo kubandwa n’igitaramo cy’imandwa, kizaba tariki 10 Ugushyingo 2023 kikazabera ahakorera iki kigo mu murenge wa Gisozi mu karere ka Gasabo.



  • Minisitiri w

    Ibirego RDC ishinja u Rwanda bishingiye ku binyoma - Minisitiri Biruta

    Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr Vincent Biruta, yagaragaje ukuri ku binyoma Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ikomeje gushinja u Rwanda mu kuyobya uburari ku bibazo bya politiki byayinaniye gukemura.



  • Paul Barera uyobora RTN (ibumoso) hamwe na Deo Massawe wa BK TechHouse

    BK TecHouse na RTN biragufasha kwishyura amafaranga y’ishuri utagiye kure

    Ikigo BK TecHouse hamwe n’icyitwa Rwanda Telecentre Network (RTN), bitanga serivisi z’ikoranabuhanga, byagiranye amasezerano yo gukoresha aba ajenti (agents) basanzwe batanga servsie zitandukanye z’ikoranabuhanga, harimo n’izo ku rubuga Irembo, kugira ngo baruhure abakoraga ingendo ndende bajya kwishyura amafaranga y’Ishuri.



  • Abarokotse bahawe umwanya wo kuvuga ibibazo bafite

    Abarokotse Jenoside batishoboye barasaba gusanirwa inzu

    Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 batishoboye, barasaba Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE), kubasanira inzu batuyemo kuko zimwe zangiritse kubera ko zidakomeye ndetse zishaje.



  • Perezida w

    Abadepite ba Nigeria bashimye uko u Rwanda rwubahiriza uburinganire mu buyobozi

    Ibiganiro byahuje Perezida w’Abadepite, Mukabalisa Donatille ari kumwe na Visi Perezida wungirije, Edda Mukabagwiza kuri uyu wa Mbere tariki 6 Ugushyingo 2023, hamwe n’iryo tsinda rigizwe n’Abadepite n’Abasenateri 16 bo muri Nigeria, bazamara iminsi 4 mu Rwanda, bashimye uburyo u Rwanda rwubahiriza uburinganire mu gushyira (…)



  • Abiga n

    Abiga n’abarangije muri INES-Ruhengeri bamariye iki abaturiye iryo shuri?

    Ahenshi mu duce twubatsemo Kaminuza, harangwa n’iterambere ry’abaturage haba mu mirimo y’amaboko ndetse no mu mitekerereze, ibyo bigaterwa n’ubumenyi abanyeshuri bavana ku ntebe y’ishuri bakagenda babusangiza abaturage.



  • Umurungi arahirira inshingano nshya yahawe

    Umurungi Providence yarahiriye inshingano nshya

    Perezida mushya wa Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, Umurungi Providence, kuri uyu wa Mbere tariki 6 Ugushyingo 2023, yarahiriye kuzuzuza inshingano nshya yahawe, umuhango wabere mu Rukiko rw’Ikirenga.



  • Dosiye ya Emmanuel Gasana yashyikirijwe ubushinjacyaha

    Dosiye ya Emmanuel Gasana yagejejwe mu Bushinjacyaha

    Ubushinjacyaha bwatangaje ko bwashyikirijwe dosiye ya Emmanuel Gasana wahoze ayobora Intara y’Iburasirazuba nyuma akaza gutabwa muri yombi.



  • Serivisi zisaga 200 zigiye kongerwa ku zisanzwe zitangirwa ku Irembo

    U Rwanda rurateganya kongera serivisi zisaga 200 ku zisanzwe zitangirwa ku rubuga Irembo, rutangirwaho serivisi za Leta zitandukanye, ibyo bikaba bizaba mu mwaka utaha wa 2024, aho Abanyarwanda nibura Miliyoni eshanu basabwa kujya mu ikoranabuhanga, kugira ngo bashobore gukoresha urwo rubuga rw’Irembo nk’uko byatangajwe na (…)



  • Abatowe biyemeje gukora cyane bagateza imbere Igihugu

    Muhanga: RPF-Inkotanyi yasimbuje abayobozi batari bakiri mu nshingano

    Inteko rusange y’Umuryango RPF Inkotanyi mu Karere ka Muhanga, yateranye maze isimbuza abayobozi batakiri mu nshingano baherukaga gutorwa muri 2019.



  • Abashinzwe iby’ubuzima bwo mu mutwe babuzwa gukora akazi kabo

    Mu gihe bivugwa ko abafite uburwayi bwo mu mutwe bagenda biyongera mu Rwanda, aboherejwe gufasha abafite bene ibyo bibazo mu bigo nderabuzima barinubira kuba bajyanwa mu zindi nshingano, ntibabashe gukora ibyo basabwa.



  • Abayobozi ba RWB, bagiye kwirebera ahazubakwa urugomero

    Nyagatare: Urugomero rumaze imyaka 8 mu mpapuro rwatangiye kubakwa

    Urugomero rwa Muvumba Multipurpose Dam, rwatekerejwe kubakwa mu Karere ka Nyagatare mu mwaka wa 2015, ubu noneho hatangiye imirimo yo gusiza aho ruzubakwa, rukaba rwitezweho igisubizo mu kongera umusaruro ukomoka ku buhinzi n’ubworozi binyuze mu kuhira imyaka n’amazi y’amatungo ndetse rukazanatanga umuriro w’amashanyarazi.



  • Abageni basezerana bakwiye kubahiriza amategeko

    Icyo amategeko avuga ku bagaragaza imyitwarire idasanzwe igihe basezerana mu Murenge

    Nyuma y’uko hagiye hagaragara imyitwarire idasanzwe iranga bamwe mu bageni basezerana mu murenge bakanga kumvira ibyo basabwa gusoma bikubiye mu isezerano ndetse abandi bakagaragara basa n’abatebya kandi bafashe ku idarapo ry’igihugu Kigali Today yabakusanyirije amakuru avuga ku myitwarire ikwiriye kuranga abagiye gusezerana (…)



  • Musanze: Bamaze imyaka 10 basaba ingurane z’imitungo yangijwe n’urugomero rwa Mukungwa II

    Abaturage bafite imirima yegereye urugomero rw’amashanyarazi rwa Mukungwa II ruherereye mu Karere ka Musanze bavuga ko bamaze imyaka irenga 10 basaba Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ingufu (REG) kubaha ingurane z’ibyabo byangijwe, dore ko ibyo basabwaga byose babitanze, ariko ntibahabwa iyo ngurane.



  • Umuhanzi Alyn Sano

    Alyn Sano asanga abahanzi b’uyu munsi bafite amahirwe bo batagize

    Umuhanzikazi Alyn Sano yagaragaje ko abahanzi bari kuzamuka uyu munsi bafite amahirwe yo kuba hari ibikorwa bibashyigikira mu kuzamura impano zabo bitandukanye n’inzira bo banyuzemo kugirango babe bageze ku rwego bariho uyu munsi mu muziki.



  • Minisitiri Biruta yitabiriye inama ya 44 ya OIF

    Minisitiri Biruta yitabiriye inama ya 44 ya OIF

    Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta, ari i Yaoundé muri Cameroun aho yitabiriye Inama ya 44 y’Abaminisitiri bo mu bihugu bikoresha Igifaransa (Francophonie/ OIF).



  • Basubukuye imigenderanire nyuma yo kubakirwa ikiraro

    Basubukuye imigenderanire nyuma yo kubakirwa ikiraro

    Akarere ka Rulindo kamaze gutaha ikiraro cyo mu kirere, gihuza Umurenge wa Burega na Cyinzuzi, aho kije ari igisubizo nyuma y’uko mu gihe cy’imvura, umugezi wa Rusine wajyaga wuzura abaturage bakabura uko bambuka.



  • Izi bisi zishyuza amafaranga 500 aho wajya hose muri Kigali

    Kigali: Haje bisi nto z’amashanyarazi zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange

    Muri gare zo mu Mujyi wa Kigali, hiyongereyemo imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange zikoreshwa n’amashanyarazi, umugenzi akishyura amafaranga 500 aho yaba ajya hose muri Kigali.



Izindi nkuru: