• Musanze:abahuye n’inkongi muri gare badafite ubwishingizi, barataka igihombo

    Bamwe mu bafite ibyangijwe n’inkongi y’umuriro iheruka kwibasira inyubako y’ubucuruzi yo muri Gare ya Musanze bavuga ko bari mu gihombo batewe n’uko ibyangiritse batari barigeze babishyira mu bwishingizi, ubu bakaba bari mu ihurizo ry’aho bazakura ubushobozi bwo kongera gusubukura imirimo.



  • Indwara y’imyuna iterwa n’iki?

    Imyuna ni ukuva amaraso mu mazuru mu buryo butunguranye akaza ari menshi cyangwa ari make biturutse ku gukomereka k’udutsi two mu mazuru ndetse n’umuvuduko w’amaraso.



  • Nta wemerewe kuzana gaz muri gare adafitemo resitora yemewe-RFTC

    Umuyobozi Mukuru ushinzwe inyubako za gare na Parikingi muri RFTC, Nsengiyumva Benoit, avuga ko uretse umuntu ufite resitora yemewe nta wundi muntu wemerewe kuzana gaz muri gare keretse abanje kubisaba agaragaza ko yahinduye ibyo yakoraga nabwo akabanza kubyemererwa.



  • Amazi afasha uwahiye kutangizwa cyane n

    Menya uko wakorera Ubutabazi bw’ibanze umuntu wahiye bikamurinda kugira inkovu

    Umuntu wahuye n’ubushye ashobora gutabarwa mu buryo bwihuse hakoreshejwe amazi akonje bikamufasha kudashya cyane ndetse bikanamurinda kuba inkovu z’ubwo bushye zabyimba.



  • Abafashijwe na World Vision kwivana mu bukene bafashe ifoto bari kumwe n

    Barashima KOICA na World Vision yabafashije kuva mu bukene bukabije

    Nyiramariza Emerance avuga ko yari mu bukene bukabije atagira n’icyo gutunga umuryango ariko ashobora kubuvamo abifashijwemo n’umuryango wa World Vision ku bufatanye na KOICA. Nyiramariza Emerance hamwe n’abandi bagore 298 bari mu bukene bukabije mu mirenge ya Gihango na Mushubati mu Karere ka Rutsiro bavuga ko bashoboye (…)



  • Ubwiherero rusange bwaheze mu mpapuro

    Itegeko nshinga ry’u Rwanda, riha abanyarwanda bose uburenganzira ku buzima bwiza, ndetse Leta ikagira inshingano zo guteza imbere ibikorwa nkerwa ngo ibyo bishoboke. Aha ariko, Nta wavuga ubuzima bwiza ngo yirengagize ingingo abantu bose bahuriraho yo gukenera ubwiherero, haba ku nzira, mu rugo, ku kazi ndetse n’ahandi (…)



  • Ishuri rimaze imyaka itanu risenywe n

    Ngororero: Ishuri rimaze imyaka 5 risenyutse, ryateje ubucucike mu mashuri

    Mu ishuri ribanza rya Gatikabisi, ryo Kagari ka Matare Umurenge wa Matyazo mu Karere ka Ngororero, haravugwa ikibazo cy’ubucucike bukabije mu mashuri, kugeza ubwo biyambaza urusengero kubera ikibazo cy’ibyumba bike.



  • Yari agiye kwiyahura akoresheje imashini ikoreshwa mu gukata ibyuma

    Romania: Yatabawe agiye kwiyahura nyuma yo gukeka ko arwaye kanseri

    Umugabo wo muri Romania yatabawe n’abaganga nyuma y’uko yarimo agerageza kwiyahura, abitewe n’uko yishyizemo ko arwaye kanseri nta muganga wabimubwiye ahubwo ashingiye ku bimenyetso yari afite yahuje n’ibyo yasomye kuri interineti.



  • CG Rtd Gasana arasubira mu rukiko aburana ubujurire

    Kuri uyu wa gatatu tariki ya 22 Ugushyingo 2023, CG Rtd, Emmanuel Gasana, wari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, aragera mu rukiko rwisumbuye rwa Nyagatare kugira ngo aburane ubujurire ku cyemezo yafatiwe n’urukiko rw’ibanze rwa Nyagatare cyo gufungwa iminsi 30 y’agateganyo.



  • Gakenke: Babangamiwe no gutegekwa kurara irondo kandi baba bari bwirirwe mu kazi

    Bamwe mu batuye Akarere ka Gakenke, biganjemo abakora umwuga wo gutwara abagenzi, n’abakora ubucuruzi butandukanye bavuga ko babangamiwe n’icyemezo byafashwe n’ubuyobozi cyo kubaraza irondo, aho bemeza ko bafite impungenge z’ingaruka bishobora kubateza.



  • Inyubako y

    Bugesera: Kutamenya icyateganyirijwe ubutaka bwabo birabadindiza

    Abatuye mu Karere ka Bugesera bifuza ko igishushanyo mbonera cyakwihutishwa bakamenya icyateganyirijwe ubutaka bwabo, kubera ko kuba kitarasohoka hari abatemererwa kubaka bikabadindiza mu mishinga yabo.



  • Sony-Group igiye gushora imari mu rwego rw

    Sony Entertainment Group igiye gushora imari muri Afurika

    Sosiyete ya Sony Entertainment Group, yatangaje ko ifite gahunda yo gushora miliyoni 10 z’amadorali ya Amerika mu bigo bigitangira bifite aho bihuriye n’imyidagaduro ku mugabane wa Afurika.



  • Imirimo yo gusiza yabaye ihagaze

    Kigali: Nyuma y’umukingo waridukiye abubatsi ku Muhima, imirimo yahagaze

    Nyuma y’urupfu rw’abantu 3 bagwiriwe n’umukingo ku wa Mbere tariki 20 Ugushyingo 2023 i Kigali ku Muhima hepfo gato y’ahitwa kuri Peage, imirimo mu kibanza cyacukurwagamo ahazubakwa igorofa rya Greenland Plaza, yahagaze.



  • Reba bimwe mu byo abantu bakora batazi ko ari ibyaha

    Bitewe n’umuco ndetse n’uburere butandukanye hari bintu bifatwa nk’ibyoroheje nyamara biri mu bigize ibyaha kandi bigahanwa n’amategeko.



  • Umuyobozi wungirije w

    Bugesera: Imiryango ibihumbi bitanu igiye gufashwa kuva mu bukene

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera buvuga ko bwihaye umuhigo w’uko imiryango igera ku bihumbi bitanu muri ako Karere igomba gufashwa kuva mu bukene, bafashwa muri gahunda zitandukanye zibafasha kwiteza imbere.



  • Hateganyijwe imvura nyinshi kurusha isanzwe igwa mu mpera z’Ugushyingo

    Iteganyagihe ryatangajwe na Meteo-Rwanda rigaragaza ko mu gice cya gatatu cy’uku kwezi k’Ugushyingo 2023 (kuva tariki ya 21 kugeza tariki ya 30), mu Rwanda hateganyijwe imvura nyinshi cyane kurusha impuzandengo y’imvura isanzwe igwa muri aya matariki.



  • Ngoma: Ubuyobozi burizeza abubaka isoko rya Gafunzo ko batazamburwa buhari

    Umuyobozi w’Akarere ka Ngoma wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Mapambano Nyiridandi Cyriaque, arizeza abubaka isoko rya Gafunzo mu Murenge wa Sake bafite impungenge zo kwamburwa ko bitashoboka kuko rwiyemezamirimo adashobora kwishyurwa amafaranga yose ataragaragaza ko yishyuye abakozi n’abamuhaye ibikoresho.



  • Gicumbi: RIB yafunze abayobozi batandatu ba Koperative y’icyayi COOTHEVM

    Urwego rw’Ubugenzacyaha ( RIB ) rwatangaje ko rwafunze abayobozi batandatu ba Koperative y’icyayi COOTHEVM yo mu Karere ka Gicumbi mu Ntara y’Amajyaruguru.



  • Kubera iki hari indangamuntu zibonekamo amakosa akanatinda gukosorwa?

    Hirya no hino mu gihugu hagenda haboneka abantu bamwe na bamwe bavuga ko bafite indangamuntu zagaragayemo amakosa, bakibaza impamvu yabyo ndetse n’igituma kuyakosora bifata igihe.



  • Abagize biro ya sena bakiriye visi perezida wa cuba salvador valdes mesa

    U Rwanda na Cuba biyemeje gukomeza kwagura umubano

    Perezida wa Sena y’u Rwanda, Dr Kalinda François Xavier kuri uyu wa mbere tariki 20 Ugushyingo 2023 yagiranye ibiganiro na Visi Perezida wa Cuba, Salvador Valdés Mesa, byibanze ku mubano w’ibihugu byombi banarebera hamwe uko wakomeza kwagurwa.



  • Menya imyitwarire y’abagize ibyago mu bice binyuranye by’igihugu

    Ibyago ni ikintu gitungurana kenshi kandi kigashengura imitima y’imiryango, inshuti n’abavandimwe. Mu bice bitandukanye by’Igihugu, abantu bagira uburyo bitwara nko kuba hari abadatabarana, kwiyegereza Imana cyane kimwe n’ababifata nk’ibisanzwe ku buryo nta gihinduka ku buzima bari basanzwe babayemo.



  • Ntawemerewe kubaka cyangwa kuvugurura

    Nyagatare: Barasaba ingurane y’ubutaka batuyeho nta byangombwa

    Abaturage batuye hagati y’umugezi w’Umuvumba n’umuhanda wa kaburimbo kuva ahahoze Banki y’abaturage kugera Barija, ntibemerewe kubaka cyangwa kuvugurura amazu yabo kuko batuye mu manegeka ndetse mu minsi micye bashobora kuhimurwa hagakorerwa ibijyanye n’ubukerarugendo.



  • Ibitangaje mu kororoka kw’amafi

    Kimwe mu bintu bitangaje mu buzima bw’amafi ni uko yororoka, harimo kuba hari bumwe mu bwoko bw’amafi butera amagi akazituraga akavamo utwana tw’amafi mu gihe hari n’ubwoko bw’amafi abyara, ku buryo utwana tw’amafi tuva mu nda ya nyina.



  • Ibi ni bimwe mu byitwaga ibyaha ariko ubu byarakomorewe

    Uko imyaka igenda ishira Leta y’u Rwanda igenda ivugurura amategeko amwe n’amwe bikajyana no gukuraho bimwe mu bihano ku bintu byari bigize icyaha mu gihe basanga bishobora kuba ntacyo bitwaye ku wabikoze muri sosiyete ndetse n’uwabikora aho gufungwa agacibwa amande.



  • Uburyo bwa 1 n

    Menya uko bafata ifoto iri muri screen ya mudasobwa (screenshot)

    Gufata ifoto mu kirahure (screen) cya telefone bita smart phones, ni ibintu biri rusange ku bazitunze bitewe n’ubwoko bwazo, n’ubwo hari abo usanga batabizi. Hari rero n’uburyo n’uburyo butandukanye ushobora kwifashisha ugafata ifoto iri muri screen ya mudasobwa, yaba igendanwa (laptop) cyangwa isanzwe (desktop).



  • Inzu umukecuru witwa Madamu asabwa kwishyura bivugwa ko yubatse ku butaka atari yarahaye Laurent Nkundimana baburana

    Huye: Umukecuru w’imyaka 92 ahangayikishijwe no kwishyura inzu yubatswe mu isambu ye

    Umukecuru Adèle Madamu w’imyaka 92, utuye mu Mudugudu w’Agacyamu, Akagari ka Rukira, Umurenge wa Huye, Akarere ka Huye, ahangayikishijwe n’uko asabwa kwishyura inzu yubatswe ku butaka bwe.



  • Abari mu nama beretswe ko imigano ishobora kwifashishwa mu kubaka inzu ziramba

    Imigano ishobora gusimbura ibikoresho byifashishwa mu bwubatsi

    Ikigo cy’Igihugu cy’Ubushakashatsi n’Iterambere mu byerekeye Inganda (NIRDA) cyatangiye gushyigikira gahunda yo guhinga ndetse no gukwirakwiza imigano ishobora kwifashishwa mu bwubatsi.



  • Ndayisaba avuga ko abana bato bafite ubumuga na bo bagiye kubarurwa

    Abafite ubumuga bagiye kubarurwa hiyongereyemo abana bato

    Inama y’Igihugu y’abafite ubumuga (NCPD), iratangaza ko hagiye gukorwa ibarura ry’abafite ubumuga mu Gihugu hose, hiyongereyeho n’abana bari munsi y’imyaka itanu bavukanye ubumuga kuko mbere batabarurwaga.



  • Abanyuze mu bigo by’igororamuco bashimiwe uko bakoresheje inkunga bahawe

    Abitwa Imboni z’impinduka zigizwe n’urubyiruko rwanyuze mu bigo by’igororamuco, bashimiwe uko bakoresheje ubufasha bw’amafaranga bahawe, kugira ngo abafashe mu bikorwa byo kwiteza imbere.



  • Uburenganzira bw’abana bifashishwa n’abasabiriza bwubahirizwa bute?

    Hirya no hino mu mijyi uhasanga abana benshi bafite ikibazo cyo kwirirwa bagendagenda mu mujyi bifashishwa n’abantu bakuru. Muri abo bana haba harimo n’abayoboye umuntu ufite ubumuga bwo kutabona mu bikorwa byo gusabiriza ibyo bikorwa bikababuza uburenganzira bwabo no guhabwa uburere n’uburezi mu mashuri.



Izindi nkuru: