Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”

Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.

Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.
Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.

Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.
Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.

Egide Kayiranga

Ibitekerezo   ( 307 )

muraho neza nanjye ndifuza akazi akariko kose mfite A2 muri hotel operations.murakoze mugihe dutegereje igisubizo cyanyu kiza.

agnes uwimbabazi yanditse ku itariki ya: 2-05-2017  →  Musubize

muraho neza mfite 26ans twifuzaga ako kazi muri iyo hotel mfite A2 MEG na certificate ya accounting na software ya tally I koreshwa muri accounting murakoze

TWAGIRIMANA Innocent yanditse ku itariki ya: 2-05-2017  →  Musubize

muraho neza, ndabasaba umwanya wo kuba manager in that hotel because istuded managing business in Economics, thank you as iam waiting for your great answer.

Gatsinzi Alice yanditse ku itariki ya: 28-04-2017  →  Musubize

muraho ,nanjye nifuzaga akazi kose mwampa mfite A2 comptabilité na catA,B tel.ni0788685539 mugihe dutegereje igisubizo cyanyu cyiza turabashimiye

Doudou yanditse ku itariki ya: 27-04-2017  →  Musubize

icyumwerucyiza bavandimwe. nanjyenasabagakazi akarikokosenagakora(kazinikazi) mfite diplom ya A2 muri electronic and telecommunication gs namashanyarazi ndageragezanshoborakugeragezakuvuga anglais,kiswahili ni kinyarwanda arko akazakarikokosenabonanagakoranatitayekuribyo nimero yanjye 0728544519 uwariweweseyandangira Murakoze

Manishimwe Olivier yanditse ku itariki ya: 23-04-2017  →  Musubize

Bonsoir, je cherche un emploi dans votre hotel quelque soit le poste disponible..Je pourrais bien acceuillir les gens en anglais ou en français. J’ai terminé mes études secondaires il y a quelques années.

Gihozo yanditse ku itariki ya: 15-04-2017  →  Musubize

muraho neza mubibikunze mwanduha akazi kuko turashoboye njye naragishe muri mount kenya university muri tourism murakoze number yanjye ni 0788272319 / 0726280884

alice yanditse ku itariki ya: 7-04-2017  →  Musubize

Muduhe akazi turashoboye.

NCAMIHIGO SAMUEL yanditse ku itariki ya: 4-04-2017  →  Musubize

Hello?

This is my request for one of the posts in this Hotel, am skilled in Secretarial studies and Customer care service quality delivery , am happy to ask for the job and interesting in. My contacts are +0784257302.

Computer programs and Networking are some of my loved skills.

Best regards.

NCAMIHIGO SAMUEL yanditse ku itariki ya: 4-04-2017  →  Musubize

Mwiriwe neza nanjye nifuzaga akazi ndumukobwa ufite imyaka 19 ndajyije amashuri yisumbuye nize accountancy my number 0786337761

nitwa alexia iradukunda yanditse ku itariki ya: 29-03-2017  →  Musubize

Ndi umukobwa mfite imyaka(21),narangije amashuri yisumbuye(2016),ndi umunyarwandakazi ukundigihugu nokugitezimbere nkamfite ubushake,ububasha nubushobozi ndetsenumuhate wogukora numurava mwinshi murakoze.

Ishimwe odette yanditse ku itariki ya: 25-03-2017  →  Musubize

Mwiriwe nibyizakuba iyo hotel yarafunguye ishamiryayo Nyamata kuko abanyarwandadukeneye akazi turibenshi nanjyenkabanasabaga akazi akarikokose mfite impamyabumenyi(A2)mu ishami ry’icungamutungo murakoze mugihe nkitegereje igisubizo cyanyu cyiza .tel(0785460156/0729523858)

Ishimwe odette yanditse ku itariki ya: 25-03-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka