Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”

Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.

Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.
Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.

Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.
Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.

Egide Kayiranga

Ibitekerezo   ( 302 )

Bonsoir, je cherche un emploi dans votre hotel quelque soit le poste disponible..Je pourrais bien acceuillir les gens en anglais ou en français. J’ai terminé mes études secondaires il y a quelques années.

Gihozo yanditse ku itariki ya: 15-04-2017  →  Musubize

muraho neza mubibikunze mwanduha akazi kuko turashoboye njye naragishe muri mount kenya university muri tourism murakoze number yanjye ni 0788272319 / 0726280884

alice yanditse ku itariki ya: 7-04-2017  →  Musubize

Muduhe akazi turashoboye.

NCAMIHIGO SAMUEL yanditse ku itariki ya: 4-04-2017  →  Musubize

Hello?

This is my request for one of the posts in this Hotel, am skilled in Secretarial studies and Customer care service quality delivery , am happy to ask for the job and interesting in. My contacts are +0784257302.

Computer programs and Networking are some of my loved skills.

Best regards.

NCAMIHIGO SAMUEL yanditse ku itariki ya: 4-04-2017  →  Musubize

Mwiriwe neza nanjye nifuzaga akazi ndumukobwa ufite imyaka 19 ndajyije amashuri yisumbuye nize accountancy my number 0786337761

nitwa alexia iradukunda yanditse ku itariki ya: 29-03-2017  →  Musubize

Ndi umukobwa mfite imyaka(21),narangije amashuri yisumbuye(2016),ndi umunyarwandakazi ukundigihugu nokugitezimbere nkamfite ubushake,ububasha nubushobozi ndetsenumuhate wogukora numurava mwinshi murakoze.

Ishimwe odette yanditse ku itariki ya: 25-03-2017  →  Musubize

Mwiriwe nibyizakuba iyo hotel yarafunguye ishamiryayo Nyamata kuko abanyarwandadukeneye akazi turibenshi nanjyenkabanasabaga akazi akarikokose mfite impamyabumenyi(A2)mu ishami ry’icungamutungo murakoze mugihe nkitegereje igisubizo cyanyu cyiza .tel(0785460156/0729523858)

Ishimwe odette yanditse ku itariki ya: 25-03-2017  →  Musubize

Amahoro, mfite A0 muri Surveying and Geomatic Engineering. Muduhaye akazi byaba ari inyamibwa Ku mpande zombi, murakoze.

Uwitonze.john yanditse ku itariki ya: 22-03-2017  →  Musubize

nanjye ndanjyije muri construction A2 nkaba nifusa akazi muri yo hoteri mwabamukoze 0727712682

vital yanditse ku itariki ya: 22-03-2017  →  Musubize

muraho neza nanjye nasabaga akazi muri hotel yanyu narangije amashuri yisumbuye umwaka ushize ndumukobwa wimyaka 18 nkaba nasabaga ibijyanye no kwakira ababagana murakoze mbaye mbashimiye mugihe ngitegereje igisubizo cyanyu cyiza

BELYSE yanditse ku itariki ya: 19-03-2017  →  Musubize

nanjye ndashaka akazi muri hotel yanyu nize computer science mfite A2 knd mfite ubushake nubushobozi bibaye byiza mwazampa ibijyanye nibyonize bishobotse mwambona kurizi n 0783959072/0728959072/0727467483 murakoze mugihe tugitegereje igisubizo cyanyu

fred yanditse ku itariki ya: 17-03-2017  →  Musubize

Muraho neza,amahoro yimana abane namwe,twishimiye itangazo mwatujyejejeho ryakazi,najye nifuzaga akazi muri hotel yanyu akazi akariko kose nagakorana umwete kandi ngakunze muburyo bwokwakira neza abatugana noguteza imbere hotel.nize icungamutungo ndagiza amashuli yisumbuye,murakoze mugihe nyitegereje igisubizo cyanyu kiza mbaye mbashimiye uburyo mubyakiriye.

Queen hawa yanditse ku itariki ya: 11-03-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka