Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”

Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.

Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.
Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.

Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.
Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.

Egide Kayiranga

Ibitekerezo   ( 310 )

le 08/02/2019

Nitwa Niyonsenga Rose ntuye muntara y’Amajyepfo,akarere ka Nyanza,umurenge wa Cyabakamyi nkaba mfite A2 muri PCB(Physics,Chemistry and biology),nkaba mfite na Ao muri biotechnology. mungiriye ikizere mukampa akazi muri hotel yanyu nakorana umurava n’ubushishozi mukazi. numero nkoresha : 0783181732/ 0726743654, mugihe ntegereje igisubizo cyanyu mbaye mbashimiye.

nitwa Niyonsenga Rose yanditse ku itariki ya: 8-02-2019  →  Musubize

le 08/02/2019

Nitwa Niyonsenga Rose ntuye muntara y’Amajyepfo,akarere ka Nyanza,umurenge wa Cyabakamyi nkaba mfite A2 muri PCB(Physics,Chemistry and biology),nkaba mfite na Ao muri biotechnology. mungiriye ikizere mukampa akazi muri hotel yanyu nakorana umurava n’ubushishozi mukazi. numero nkoresha : 0783181732/ 0726743654, mugihe ntegereje igisubizo cyanyu mbaye mbashimiye.

nitwa Niyonsenga Rose yanditse ku itariki ya: 8-02-2019  →  Musubize

Le15_2_2019

Ntuye mukarere kanyagatare nkaba mbasaba akazi nkabanarize umu secretarial nkaba Mfite diplomeA2 muramutse mukamaye nagakorana umurava murakoze
Number nkoresha Ni 078834702,0788346992

Iribagiza agrippine yanditse ku itariki ya: 15-02-2019  →  Musubize

le 08/02/2019

Nitwa Niyonsenga Rose ntuye muntara y’Amajyepfo,akarere ka Nyanza,umurenge wa Cyabakamyi nkaba mfite A2 muri PCB(Physics,Chemistry and biology),nkaba mfite na Ao muri biotechnology. mungiriye ikizere mukampa akazi muri hotel yanyu nakorana umurava n’ubushishozi mukazi. numero nkoresha : 0783181732/ 0726743654, mugihe ntegereje igisubizo cyanyu mbaye mbashimiye.

nitwa Niyonsenga Rose yanditse ku itariki ya: 8-02-2019  →  Musubize

Nitwa NIYONSENGA Rose ntuye mu ntara y’AMAJYEPFO,akarere ka NYANZA,umurenge wa CYABAKAMYI nkaba mfite A2 muri PCB (Physics,Chemistry and Biology),nkaba mfite na Ao muri biotechnology.mungiriye ikizere mukampa akazi mwiyo hotel yanyu nakorana umurava nubushishozi mukazi.Number zange 0783181732/0726743654, mugihe ntegereje igisubizo cyanyu mbaye mbashimiye.

nitwa Niyonsenga Rose yanditse ku itariki ya: 8-02-2019  →  Musubize

Nitwa NIYONSENGA Rose ntuye mu ntara y’AMAJYEPFO,akarere ka NYANZA,umurenge wa CYABAKAMYI nkaba mfite A2 muri PCB (Physics,Chemistry and Biology),nkaba mfite na Ao muri biotechnology.mungiriye ikizere mukampa akazi mwiyo hotel yanyu nakorana umurava nubushishozi mukazi.Number zange 0783181732/0726743654, mugihe ntegereje igisubizo cyanyu mbaye mbashimiye.

nitwa Niyonsenga Rose yanditse ku itariki ya: 8-02-2019  →  Musubize

Nitwa NIYONSENGA Rose ntuye mu ntara y’AMAJYEPFO,akarere ka NYANZA,umurenge wa CYABAKAMYI nkaba mfite A2 muri PCB (Physics,Chemistry and Biology),nkaba mfite na Ao muri biotechnology.mungiriye ikizere mukampa akazi mwiyo hotel yanyu nakorana umurava nubushishozi mukazi.Number zange 0783181732/0726743654, mugihe ntegereje igisubizo cyanyu mbaye mbashimiye.

nitwa Niyonsenga Rose yanditse ku itariki ya: 8-02-2019  →  Musubize

Nitwa NIYONSENGA Rose ntuye mu ntara y’AMAJYEPFO,akarere ka NYANZA,umurenge wa CYABAKAMYI nkaba mfite A2 muri PCB (Physics,Chemistry and Biology),nkaba mfite na Ao muri biotechnology.mungiriye ikizere mukampa akazi mwiyo hotel yanyu nakorana umurava nubushishozi mukazi.Number zange 0783181732/0726743654, mugihe ntegereje igisubizo cyanyu mbaye mbashimiye.

nitwa Niyonsenga Rose yanditse ku itariki ya: 8-02-2019  →  Musubize

Nitwa NIYONSENGA Rose ntuye mu ntara y’AMAJYEPFO,akarere ka NYANZA,umurenge wa CYABAKAMYI nkaba mfite A2 muri PCB (Physics,Chemistry and Biology),nkaba mfite na Ao muri biotechnology.mungiriye ikizere mukampa akazi mwiyo hotel yanyu nakorana umurava nubushishozi mukazi.Number zange 0783181732/0726743654, mugihe ntegereje igisubizo cyanyu mbaye mbashimiye.

nitwa Niyonsenga Rose yanditse ku itariki ya: 8-02-2019  →  Musubize

mwiriwe neza? ndangije umwaka wagatandatuS6 A2 mumpaye ekezi muri hotel yanyu nakorana umurava nubushishozi mubyonkora byose murakoze.

ndayishimiye didier yanditse ku itariki ya: 31-01-2019  →  Musubize

mwiriwe neza? ndangije umwaka wagatandatuS6 A2 mumpaye ekezi muri hotel yanyu nakorana umurava nubushishozi mubyonkora byose murakoze.

ndayishimiye didier yanditse ku itariki ya: 31-01-2019  →  Musubize

mwiriwe neza? nize electricity A2 mumaye akazi muri hotel yanyu nakorana umurava nubushishozi mubyonkora byose murakoze.

ndayishimiye didier yanditse ku itariki ya: 31-01-2019  →  Musubize

hello,my name is Muzigura Theophile such as you see to my identification above ,Ihumbly wish to apply a job of store keeper in golden trip Hotel ,Ihave A2 in accountancy with two years above of experience and also Ihave computer skills ,programme, microsoft word,excel and internet explora .Iwill be very happy ,if my application considered.God be with you my fone number is 0788208069

MUZIGURA Theophile yanditse ku itariki ya: 25-01-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka