Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”

Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.

Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.
Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.

Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.
Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.

Egide Kayiranga

Ibitekerezo   ( 302 )

mwiriwe neza? ndangije umwaka wagatandatuS6 A2 mumpaye ekezi muri hotel yanyu nakorana umurava nubushishozi mubyonkora byose murakoze.

ndayishimiye didier yanditse ku itariki ya: 31-01-2019  →  Musubize

mwiriwe neza? ndangije umwaka wagatandatuS6 A2 mumpaye ekezi muri hotel yanyu nakorana umurava nubushishozi mubyonkora byose murakoze.

ndayishimiye didier yanditse ku itariki ya: 31-01-2019  →  Musubize

mwiriwe neza? nize electricity A2 mumaye akazi muri hotel yanyu nakorana umurava nubushishozi mubyonkora byose murakoze.

ndayishimiye didier yanditse ku itariki ya: 31-01-2019  →  Musubize

hello,my name is Muzigura Theophile such as you see to my identification above ,Ihumbly wish to apply a job of store keeper in golden trip Hotel ,Ihave A2 in accountancy with two years above of experience and also Ihave computer skills ,programme, microsoft word,excel and internet explora .Iwill be very happy ,if my application considered.God be with you my fone number is 0788208069

MUZIGURA Theophile yanditse ku itariki ya: 25-01-2019  →  Musubize

Mwaramutse,HAFASHIMANA Emmanuel mfiteA2 mundimin’ubuvanganzo nkabanifuza akazimurihotelyanyu mbijejekomukampayenakoranezakandimugihegikwiriye murakozembayembashimiye mugihentegereje igisubizo tel 0789763688

HAFASHIMANA Emmanuel yanditse ku itariki ya: 18-01-2019  →  Musubize

my name is TWAHIRWA Gilbert i graduated from high school with excellence diploma in history ,economics ,entrepreneurship ,general paper and geography and i got 51/71 and i got computer training certificate in these following programs ms(word,excel power point,publisher), internet and computer maintenance ,i would like to request any job available in hotel like security guard or others ,in time i will get get that opportunities i will do with all possible to fulfill all my responsibilities well in or duties
my phone number is :+250783897181.

yours TWAHIRWA Gilbert

TWAHIRWA GILBERT yanditse ku itariki ya: 30-12-2018  →  Musubize

Muraho neza nitwa uwantege dorothy nkaba nshozereje kwishami ryubukerarugendo nka nasabaga akazi hospitality muri hotel yanyu nimukampa nzakora uko nshoboye kose kugirango ntage serevise nziza kuba zaba batugana bose.murakoze kubwi igisubizo cyanyu kiza

Uwantege dorothy yanditse ku itariki ya: 30-12-2018  →  Musubize

Muraho neza nitwa uwantege dorothy nkaba nshozereje kwishami ryubukerarugendo nka nasabaga akazi hospitality muri hotel yanyu nimukampa nzakora uko nshoboye kose kugirango ntage serevise nziza kuba zaba batugana bose.murakoze kubwi igisubizo cyanyu kiza

Uwantege dorothy yanditse ku itariki ya: 30-12-2018  →  Musubize

Muraho neza nitwa uwantege dorothy nkaba nshozereje kwishami ryubukerarugendo nka nasabaga akazi hospitality muri hotel yanyu nimukampa nzakora uko nshoboye kose kugirango ntage serevise nziza kuba zaba batugana bose.murakoze kubwi igisubizo cyanyu kiza

Uwantege dorothy yanditse ku itariki ya: 30-12-2018  →  Musubize

Nitwa Mukakagina philomene.nkaba nifuza gukorana namwe mubigendanye na housekeeping.mfite certificant ya WDA niya RDB mubigendanye nama hotel nkaba nifuza akazi muri hotel yanyu.(Myamata golden trip)mugihe ntegereje igisubizo cyanyu mbaye mbashimiye.murakoze.

Philomene mukakagina yanditse ku itariki ya: 18-12-2018  →  Musubize

Nitwa Mukakagina philomene. Nkaba nifuza akazi muri hotel yanyu :Nyamata galden trip ko gukora muri housekeeping department.mfite certificant form WDA and certificant form RDB.mugiriye ikizere mukampa ako kazi nagakora neza

Philomene mukakagina yanditse ku itariki ya: 18-12-2018  →  Musubize

Nitwa NSABIMANA Etienne nkaba mvuka mu karere ka ngoma Umurenge wa zaza, ndifuza ko nanjye mwampa akazi muriyo hOTEL nkaba narize PCM(physics-chemistry-mathematics) muri secondary nkaba mfite A1 muri mathematics and chemistry with education. phone number zanjye ni 0787185178/0725854014, MURAKOZE mu igihe tugitegereje igisubizo cyanyu kandi kiza.

NSABIMANA ETIENNE yanditse ku itariki ya: 28-11-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka