Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”

Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.

Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.
Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.

Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.
Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.

Egide Kayiranga

Ibitekerezo   ( 302 )

0788971377 0723324075

Bizimana jean paul yanditse ku itariki ya: 13-05-2025  →  Musubize

Mwaramutse Neza basanga akazi ko gukora mugikoni cg gukora muri serivise murakoze ku gisubizo cyanyu cyiza muribumpe

Kwizera Jean paul yanditse ku itariki ya: 9-05-2025  →  Musubize

Impamvu :gusaba akazi Bwana/ Madame bayobozi

Mbandikiye mbasaba akazi muri hotel Golden Tulip mubereye abayozi
Murakoze
Tel : +250788350480 / +250788746105

UWAMUNGU Richard yanditse ku itariki ya: 6-05-2025  →  Musubize

MWIRIWE NEZA NITWA JUSTIN NSENGUMUREMYI NKABA NABASABAGA AKAZI KA RECEPTION CYANGWA HAUSEKEEPING NKABA NARABYIZE MURAKOZE NDABASHIMIYE MWASUBIZA KURI 0794484929

NSENGUMUREMYI JUSTIN yanditse ku itariki ya: 1-05-2025  →  Musubize

Muraho neza ndifuza kubasaba akaz ki suku cyangwa ubuseriver murakoze 0790249676

alias yanditse ku itariki ya: 29-04-2025  →  Musubize

Bwana boyobozi mbandikiye mbasaba akazi kubu staward nka ba mbifite ubumenye nkaba narayikoreye Radisson nkaba mfite seritifika yabyo murakoze

Bizimana jean paul yanditse ku itariki ya: 13-05-2025  →  Musubize

Ndashaka akazi kubushoferi mfite B.D nimero yanjye 0788206612

Ngarukiyimana Damien yanditse ku itariki ya: 27-04-2025  →  Musubize

Mwiriwe neza ndabasaba akazi kubushoferi mfite B.D nimero yanjye 0788206612 ,ntegereje igisubizo cyanyu cyiza murakoze.

Ngarukiyimana Damien yanditse ku itariki ya: 27-04-2025  →  Musubize

Hi nifuzagakubasaba akazi ka service murakoze 0780410062

Nitwa Derrick Gato yanditse ku itariki ya: 27-04-2025  →  Musubize

Mwiriwe neza ndimo nsaba akazi ka service cyangwa akaboneka muzindi department murakoze kabaye kabonetse mwampamagara cyangwa mukanyandikira kuri +250791805726

Ntwari Jean Francois Regis yanditse ku itariki ya: 25-04-2025  →  Musubize

Mwiriwe ndabasaba akazi kubushoferi fite Diplome n category B Driving license murakoze

Fidele Dusabumuremyi yanditse ku itariki ya: 21-04-2025  →  Musubize

Mwaramutse neza nitwa alice
Nkaba nabasabaga akazi yaba muri service cg mugikoni murakoze

Umutesi alice yanditse ku itariki ya: 19-04-2025  →  Musubize

mwaramutse neza nitwa alice nkaba nabasabaga akazi ko muri service murakoze

Umutesi alice yanditse ku itariki ya: 19-04-2025  →  Musubize

Mwiriwe nifuzaga kubasaba akazi ka service cyangwa baristar murakoze

Nitwa Derrick Gato yanditse ku itariki ya: 27-04-2025  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka