Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”

Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.

Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.
Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.

Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.
Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.

Egide Kayiranga

Ibitekerezo   ( 307 )

Muraho? mbandikiye mbasaba akazi muri iyi hotel kuko numva mungiriye icyizere nagakora nkuko mubyifuza,mbese nkuwikorera.mfite AO in accounting number yanjye no 0783845943 mugihe ntegereje igisubizo cyanyu kiza mbaye mbashimiye

Nzayisenga joel yanditse ku itariki ya: 12-11-2017  →  Musubize

Ntuye I nyamata mfite A2 muri sciences.mungiriye ikizere niteguye gukorana namwe mukazi kose gashoboka nkaba mboneka kuri 0785034538:mugihe ntegereje igisubizo cyanyu kiza mbaye mbashimiye .

furaha scolastique yanditse ku itariki ya: 8-11-2017  →  Musubize

Really it is very pressure to see sterndad hotel like this in Rwanda!! Me l have hope of doing in this hotel, l have advanced deproma in hospitality management, and l have exiperiance of three years. I wold like to wish all the bless from God being with management team of golden tulip hotel. This is may phone number +250785685405.

Innocent nzayisenga yanditse ku itariki ya: 2-11-2017  →  Musubize

Muraho nize electricity ntashaka akazi kajyanye nibyo nize murakoze

Ntihanuwayo modsste yanditse ku itariki ya: 2-11-2017  →  Musubize

Muraho neza.Ndabasaba akazi kose mwampa .mfite A2 mu ishami rya MEG.mwa mpamagara kuri 0784008433.mugihe nyitegereje ibisubizo.mbaye mbashimiye.

MANIRIHO Thelesphore yanditse ku itariki ya: 10-10-2017  →  Musubize

Ndabasaba akazi mfite A1inaccounting ariko akazi kose nagakora murakoze cyane mbaye mbashimiye mugihe ntegereje igisubizo cyanyu cyiza

DUSENGE ANGELIQUE yanditse ku itariki ya: 25-09-2017  →  Musubize

AKO KAZI NDAGAKENEYE CYANE DORE KO NIZE IBIJYANYE NO GUTEKA NKUWA BIGIZE UMWUGA. NUNDI WANDUSHA AMAKURU AZANDANGIRE.GUSA NUWAMBONERA AKAJYANYE N,IKIGORONOME(A2)NAWE YAMBWIRA.MY NUMBER IS:0782311253/0722311253.MBAYE MBASHIMIYE IMANA IBARINDE

MAFUNDI Aaron yanditse ku itariki ya: 24-09-2017  →  Musubize

Mumfashe mumpe akazi akariko kose mfite A2 muri accaunting. Murakoze

Francois yanditse ku itariki ya: 21-09-2017  →  Musubize

muraho mumfashe mumpe akazi mfite impamya bushobozi ya A2muri Accaunting murakoze

alias yanditse ku itariki ya: 22-09-2017  →  Musubize

Mumfashe mumpe akazi mfite A2 muri accaunting. Murakoze

Francois yanditse ku itariki ya: 21-09-2017  →  Musubize

Nanjye mwamfasha mfite A2 Muri MCB. nzi english na kinyarwanda. murakoze

Niyigena jeanne yanditse ku itariki ya: 19-09-2017  →  Musubize

Mbandikiye mbasaba akazi nkora muri pizza inn and chicken inn

0781717675

Gasana Elyse yanditse ku itariki ya: 19-09-2017  →  Musubize

Muraho neza, bavandi ndabinginze mumfashe munshakire Akazi nize amashuri y’isumbuye mu ishami ryaMEG mfiteA2 nimumfashe mbaye mbashimiye ako ariko kose nzi icyongereza n’icyinyarwanda mwambona kuri tel:0781889970

Clemence yanditse ku itariki ya: 10-08-2017  →  Musubize

twifuje ko mwaduha imirimo

mfite A0 accounting (CBE- UR)

AHISHAKIYE ELYSEE yanditse ku itariki ya: 2-09-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka