Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”
Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.
Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.
Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.
Egide Kayiranga
Ibitekerezo ( 302 )
Ohereza igitekerezo
|
Ndabasaba akazi mfite A1inaccounting ariko akazi kose nagakora murakoze cyane mbaye mbashimiye mugihe ntegereje igisubizo cyanyu cyiza
AKO KAZI NDAGAKENEYE CYANE DORE KO NIZE IBIJYANYE NO GUTEKA NKUWA BIGIZE UMWUGA. NUNDI WANDUSHA AMAKURU AZANDANGIRE.GUSA NUWAMBONERA AKAJYANYE N,IKIGORONOME(A2)NAWE YAMBWIRA.MY NUMBER IS:0782311253/0722311253.MBAYE MBASHIMIYE IMANA IBARINDE
Mumfashe mumpe akazi akariko kose mfite A2 muri accaunting. Murakoze
muraho mumfashe mumpe akazi mfite impamya bushobozi ya A2muri Accaunting murakoze
Mumfashe mumpe akazi mfite A2 muri accaunting. Murakoze
Nanjye mwamfasha mfite A2 Muri MCB. nzi english na kinyarwanda. murakoze
Mbandikiye mbasaba akazi nkora muri pizza inn and chicken inn
0781717675
Muraho neza, bavandi ndabinginze mumfashe munshakire Akazi nize amashuri y’isumbuye mu ishami ryaMEG mfiteA2 nimumfashe mbaye mbashimiye ako ariko kose nzi icyongereza n’icyinyarwanda mwambona kuri tel:0781889970
twifuje ko mwaduha imirimo
mfite A0 accounting (CBE- UR)
Muraho ndashaka akazi kubu shoferi category B mfite uburambe imyaka 5yrs ntakoze muri Rwanda National Police imyaka 11 yrs
murakoze
Muraho, nasabaga Akazi akariko kose fite A2 muri MCB murakoze negereje igisubizo cyanyu kiza
Muraho,nabasabaga Akazi akariko kose fite A2 muri MCB murakoze
Mbanjekubasuhuza banyakubahwa muhagarariye golden mbandikiyembasaba akazi ndangije kwiga s6 mfite diploma yaA2 muri mecanicol ingineeling mfite seretifica electricity mfite uburambe bwimyaka 2 nkaba mfite seretifica ya ARPFnabaye umuyoboziwayo nabaye umuyobozi wa AERG nabaye Clodinater mungiriye ikizere byanshimisha nzi indimi igifransa icyongereza igiswail ni kinyankore nikigande gake mbaye mbashimiye murakoze
Muraho , ndabasaba Akazi kose mwampa fire A2 muri MEG murako kugisubizo cyanyucyiza.