Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”

Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.

Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.
Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.

Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.
Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.

Egide Kayiranga

Ibitekerezo   ( 302 )

Ndabasaba akazi mfite A1inaccounting ariko akazi kose nagakora murakoze cyane mbaye mbashimiye mugihe ntegereje igisubizo cyanyu cyiza

DUSENGE ANGELIQUE yanditse ku itariki ya: 25-09-2017  →  Musubize

AKO KAZI NDAGAKENEYE CYANE DORE KO NIZE IBIJYANYE NO GUTEKA NKUWA BIGIZE UMWUGA. NUNDI WANDUSHA AMAKURU AZANDANGIRE.GUSA NUWAMBONERA AKAJYANYE N,IKIGORONOME(A2)NAWE YAMBWIRA.MY NUMBER IS:0782311253/0722311253.MBAYE MBASHIMIYE IMANA IBARINDE

MAFUNDI Aaron yanditse ku itariki ya: 24-09-2017  →  Musubize

Mumfashe mumpe akazi akariko kose mfite A2 muri accaunting. Murakoze

Francois yanditse ku itariki ya: 21-09-2017  →  Musubize

muraho mumfashe mumpe akazi mfite impamya bushobozi ya A2muri Accaunting murakoze

alias yanditse ku itariki ya: 22-09-2017  →  Musubize

Mumfashe mumpe akazi mfite A2 muri accaunting. Murakoze

Francois yanditse ku itariki ya: 21-09-2017  →  Musubize

Nanjye mwamfasha mfite A2 Muri MCB. nzi english na kinyarwanda. murakoze

Niyigena jeanne yanditse ku itariki ya: 19-09-2017  →  Musubize

Mbandikiye mbasaba akazi nkora muri pizza inn and chicken inn

0781717675

Gasana Elyse yanditse ku itariki ya: 19-09-2017  →  Musubize

Muraho neza, bavandi ndabinginze mumfashe munshakire Akazi nize amashuri y’isumbuye mu ishami ryaMEG mfiteA2 nimumfashe mbaye mbashimiye ako ariko kose nzi icyongereza n’icyinyarwanda mwambona kuri tel:0781889970

Clemence yanditse ku itariki ya: 10-08-2017  →  Musubize

twifuje ko mwaduha imirimo

mfite A0 accounting (CBE- UR)

AHISHAKIYE ELYSEE yanditse ku itariki ya: 2-09-2017  →  Musubize

Muraho ndashaka akazi kubu shoferi category B mfite uburambe imyaka 5yrs ntakoze muri Rwanda National Police imyaka 11 yrs

murakoze

semugeshi Donath yanditse ku itariki ya: 8-08-2017  →  Musubize

Muraho, nasabaga Akazi akariko kose fite A2 muri MCB murakoze negereje igisubizo cyanyu kiza

Ntihebuwayo Adelphine yanditse ku itariki ya: 5-08-2017  →  Musubize

Muraho,nabasabaga Akazi akariko kose fite A2 muri MCB murakoze

Ntihebuwayo Adelphine yanditse ku itariki ya: 5-08-2017  →  Musubize

Mbanjekubasuhuza banyakubahwa muhagarariye golden mbandikiyembasaba akazi ndangije kwiga s6 mfite diploma yaA2 muri mecanicol ingineeling mfite seretifica electricity mfite uburambe bwimyaka 2 nkaba mfite seretifica ya ARPFnabaye umuyoboziwayo nabaye umuyobozi wa AERG nabaye Clodinater mungiriye ikizere byanshimisha nzi indimi igifransa icyongereza igiswail ni kinyankore nikigande gake mbaye mbashimiye murakoze

Kayitare robert yanditse ku itariki ya: 4-08-2017  →  Musubize

Muraho , ndabasaba Akazi kose mwampa fire A2 muri MEG murako kugisubizo cyanyucyiza.

Mukandori rose yanditse ku itariki ya: 19-07-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka