Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”
Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.
Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.
Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.
Egide Kayiranga
Ibitekerezo ( 302 )
Ohereza igitekerezo
|
ndifuza akazi muri iyi hotel murakoze
murakoze nifuzaga akazi muri Golden-Tulip-La-Palisse mfite impamya bumenyi mu byamahotel ariyo A2 muri hotel operation nkaba ndi nokwiga muri kaminuza ya UTB niga ibijyanye na HOTEL AND RESTAURENT MANAGMENT MURAKOZE MBAYE MBASHIMIYE KUBWIGISUBIZO CYIZA MUZAMPA
Twifuzaga akazi akarikokose
Nabasabaga akazi nkaba fite sertificate muri house keeping ya IBT 0727603221
Ndi umudamu mfite imyaka 30 ndifuza akazi akariko kose nzi indimi French, English,Swahili. Niyo kaba arak isuku ndakemera. 0722788446 Murakoze
Gutanga training kubakozi bashya.
from IPRC East Field of Hospitality management
Byaba byiza muri recruitment muhisemo abantu bari professional and qualified in hospitality management.
nta kenewabo cyangwa ubucuti bagendeyeho in order to increase hotel quality service in RWANDA.
Murakoze
muraho neza nanjye ndifuza akazi akariko kose mfite A2 muri hotel operations.murakoze mugihe dutegereje igisubizo cyanyu kiza.
muraho neza mfite 26ans twifuzaga ako kazi muri iyo hotel mfite A2 MEG na certificate ya accounting na software ya tally I koreshwa muri accounting murakoze
muraho neza, ndabasaba umwanya wo kuba manager in that hotel because istuded managing business in Economics, thank you as iam waiting for your great answer.
muraho ,nanjye nifuzaga akazi kose mwampa mfite A2 comptabilité na catA,B tel.ni0788685539 mugihe dutegereje igisubizo cyanyu cyiza turabashimiye
icyumwerucyiza bavandimwe. nanjyenasabagakazi akarikokosenagakora(kazinikazi) mfite diplom ya A2 muri electronic and telecommunication gs namashanyarazi ndageragezanshoborakugeragezakuvuga anglais,kiswahili ni kinyarwanda arko akazakarikokosenabonanagakoranatitayekuribyo nimero yanjye 0728544519 uwariweweseyandangira Murakoze