Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”

Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.

Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.
Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.

Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.
Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.

Egide Kayiranga

Ibitekerezo   ( 302 )

Ndifuzako mwampa akazi mfite A2 muri MCB(MATHEMATICS CHEMISTRY and BIOLOGY) nkaba ndi forme muri Biomedical laboratory. Murakoze

TURINUMUKIZA jackson yanditse ku itariki ya: 15-03-2018  →  Musubize

Muraho nitwa TWAGIRIMANA Athanase mfite A2 muri PHYSICS,CHEMISTRY na BIOLOGY mvuga Ikinyarwanda,English neza cyane nifuzaga kuba umwe mubakozi Banyu muri iyo hoteli muramutse mumpaye akazi nazabafasha kugera kuntego mwifuza.

IMANA ISHYIREMO IMIGISHA MURI Hoteli Yanyu
murakoze.

TWAGIRIMANA Athanase yanditse ku itariki ya: 31-01-2018  →  Musubize

Mwaramutse nitwa NDAYISHIMiYE Emmanuel mfutmfite A2 muri Electronic&telecomunication ndifuza ko mwamomwampa akazi muri hotel muyobora mvuga ikinyarwanda, English neza Swahili na Francais ndagerageza
Nomero nkoresha kuri watsapp ni0783095947 murakoze.

NDAYISHIMIYE Emmanuel yanditse ku itariki ya: 30-01-2018  →  Musubize

Mwaramutse mfiteA2 muri electronics&telecomunication nkaba mvuga indimi enye i

kinyarwanda:neza cyane
English:good
francais:moderate
Swahili:modarate
mfite experience muri customer care.
munyemereye nomero ya watsapp ni 0783095947 MURAKOZE.

NDAYISHIMIYE Emmanuel yanditse ku itariki ya: 30-01-2018  →  Musubize

nitwa Josiane nkaba mfite A2 muri TML (Teaching Modern Language)nkaba niyiziho impano ya customer care kandi nkaba nshobora gukoresha indimi zitandukanye mungiriye icyizere twafatanya murakoze

tuyishime josiane yanditse ku itariki ya: 28-01-2018  →  Musubize

mbaje kubasuhuza,mfite A2 muri ’PCM’ nkaba nsobanukiwe na customa care kuko nakwidefanda mundimi 5 ebyiri mpuzamahanga ne 3 zabaturanyi,mugiriye ikizere twakorana kandi neza fone 0786677815

arisen yanditse ku itariki ya: 18-01-2018  →  Musubize

nitwa arias mfiteA2 MCE,nzi musica:piano,guital,ibijyanye n`umuco ,nkaba nifuzako mwampa akazi ,murakoze tel:0722240406

alias yanditse ku itariki ya: 16-01-2018  →  Musubize

Nitwa Ishimwe Francoise nkaba nifuzaga Kuba um we mubakozi muriyo hoteli nkaba mfit A2 mur accountancy.nkaba narize murder college Acej karama.Murakoze.
nkaba mboneka our 0787389518/0726186724

Ishimwe Francoise yanditse ku itariki ya: 5-01-2018  →  Musubize

Nitwa Ishimwe Francoise nkaba nifuzaga Kuba um we mubakozi muriyo hoteli nkaba mfit A2 mur accountancy.nkaba narize murder college Acej karama.Murakoze.

Ishimwe Francoise yanditse ku itariki ya: 5-01-2018  →  Musubize

Nitwa Ishimwe Francoise nifuzaga kuba umwe mubakozi muriyo hoteli nkaba mfite A2 mur accountancy.Murakoze.

Ishimwe francoise yanditse ku itariki ya: 3-01-2018  →  Musubize

Murakoze nitwa Ishimwe Francoise mfite A2 mur accountancy nanjy nifuzag kuba umwe mubakozi muriyo hoteli.

Ishimwe francoise yanditse ku itariki ya: 3-01-2018  →  Musubize

mwiriweneza nitwa niyigena francine mfite A2 muri HEG nkabamfite kaminuza imyaka itatu accounting .akomwampakose nakemera.murakoze

niyigena francine yanditse ku itariki ya: 28-12-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka