Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”
Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.
Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.
Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.
Egide Kayiranga
Ibitekerezo ( 307 )
Ohereza igitekerezo
|
Good morning , this is Florence tuyishime from kigali/Rwanda...I would like to request u for a job as I have a good experience in serving customers, also as a hotel receptionist etc , tho I only have high school diploma in English, French and Kinyarwanda. ..in fact I’m hard working ,and I wish one I will recruited, I will do my best to fulfill all duties that will be assigned to me. I will be glad to hear the positive feedback from you. Thx
l am by names of karenzi wilson ,i would like to apply for ajob in this hotel .i have A2 in accounting ,2 certificate in accountant and 2 in waiter from different hotel.i i realy appriciate .KARENZI WILSON.THANKS.
Nitwa HAKUZIMANA Emmanuel nkaba nifuza kuba umwe mubakozibo muriyo Hotel nkaba narize (ECE)EARLY CHILDHOOD EDUCATION nka nzi kwakira abantu neza tel:0780413351
Nitwa HAKUZIMANA Emmanuel nkaba mfite A2 muri (ECE)Early childhood Education nkaba narize MATHEMATICS,INTERPRENUERSHIP,KINYARWANDA ,ENGLISH,FRANCAIS,FOUNDATION OF EDUCATIO, FOUNDATION OF EARLY CHILDHOOD EDUCATION nkaba nifuzako mwampa akazi muriyo Hotel yanyu nkaba niyiziho impano yo kwakira abantu neza nkaba niteguye gukora ibindi bintu ibyaribyo byose bijyanye n’akazi.
I learned history geography and economics I have license driving category B I Have ability to work and I like to work if you give me a job in your company I will do my work within my heart and I will help whatever I can so I like your company it is nice because it like to give a job thank you I am student in university of Kibungo option of Economics
Ndifuzako mwampa akazi mfite A2 muri MCB(MATHEMATICS CHEMISTRY and BIOLOGY) nkaba ndi forme muri Biomedical laboratory. Murakoze
Muraho nitwa TWAGIRIMANA Athanase mfite A2 muri PHYSICS,CHEMISTRY na BIOLOGY mvuga Ikinyarwanda,English neza cyane nifuzaga kuba umwe mubakozi Banyu muri iyo hoteli muramutse mumpaye akazi nazabafasha kugera kuntego mwifuza.
IMANA ISHYIREMO IMIGISHA MURI Hoteli Yanyu
murakoze.
Mwaramutse nitwa NDAYISHIMiYE Emmanuel mfutmfite A2 muri Electronic&telecomunication ndifuza ko mwamomwampa akazi muri hotel muyobora mvuga ikinyarwanda, English neza Swahili na Francais ndagerageza
Nomero nkoresha kuri watsapp ni0783095947 murakoze.
Mwaramutse mfiteA2 muri electronics&telecomunication nkaba mvuga indimi enye i
kinyarwanda:neza cyane
English:good
francais:moderate
Swahili:modarate
mfite experience muri customer care.
munyemereye nomero ya watsapp ni 0783095947 MURAKOZE.
nitwa Josiane nkaba mfite A2 muri TML (Teaching Modern Language)nkaba niyiziho impano ya customer care kandi nkaba nshobora gukoresha indimi zitandukanye mungiriye icyizere twafatanya murakoze
mbaje kubasuhuza,mfite A2 muri ’PCM’ nkaba nsobanukiwe na customa care kuko nakwidefanda mundimi 5 ebyiri mpuzamahanga ne 3 zabaturanyi,mugiriye ikizere twakorana kandi neza fone 0786677815
nitwa arias mfiteA2 MCE,nzi musica:piano,guital,ibijyanye n`umuco ,nkaba nifuzako mwampa akazi ,murakoze tel:0722240406