Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”

Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.

Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.
Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.

Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.
Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.

Egide Kayiranga

Ibitekerezo   ( 302 )

Muraho neza nitwa habimana venuste mfite So muri economics na A2 muri history economics and geography. nka niteguye kuba nabafasha kugera kuntego za kampani yanyu mumpayemo akazi.murakoze

habimana venuste yanditse ku itariki ya: 16-12-2017  →  Musubize

i am proud of you and i deserve to work at a hotel, i am with my bachelor.tel 0726627853 and 0780660672

Niyigena nehemie yanditse ku itariki ya: 10-12-2017  →  Musubize

mungiriye neza mwampa akazi muriyo hoter akazi ako arikokose
mfite Ao in education

ndikumana bertin yanditse ku itariki ya: 23-11-2017  →  Musubize

NUMERO 0784903159

CLEMENTINE yanditse ku itariki ya: 22-11-2017  →  Musubize

NITWA CLEMENTINE MFITE A2 MURI ACCOUTING NKAGIRA A0 MURI MANAGEMENT AND ECONOMICS MUMPAYE AKAZI NABAFASHA KUMANAGINGA NDETSE NA ACCOUTING MURAKOZE

CLEMENTINE yanditse ku itariki ya: 22-11-2017  →  Musubize

Nitwa janvier nkaba mfite A1 muri social sciences in English and kinyarwanda , ndumva mumpaye akazi muri hotel yanyu nabafasha dore ko mvuga neza icyongereza .

Icyimanizanye janvier yanditse ku itariki ya: 20-11-2017  →  Musubize

muraho nitwa turatsinze jackson mubyukuri muramutse mugiriye ikize nakora kand nkuwikore

Turatsinze jackson yanditse ku itariki ya: 15-11-2017  →  Musubize

Muraho? mbandikiye mbasaba akazi muri iyi hotel kuko numva mungiriye icyizere nagakora nkuko mubyifuza,mbese nkuwikorera.mfite AO in accounting number yanjye no 0783845943 mugihe ntegereje igisubizo cyanyu kiza mbaye mbashimiye

Nzayisenga joel yanditse ku itariki ya: 12-11-2017  →  Musubize

Ntuye I nyamata mfite A2 muri sciences.mungiriye ikizere niteguye gukorana namwe mukazi kose gashoboka nkaba mboneka kuri 0785034538:mugihe ntegereje igisubizo cyanyu kiza mbaye mbashimiye .

furaha scolastique yanditse ku itariki ya: 8-11-2017  →  Musubize

Really it is very pressure to see sterndad hotel like this in Rwanda!! Me l have hope of doing in this hotel, l have advanced deproma in hospitality management, and l have exiperiance of three years. I wold like to wish all the bless from God being with management team of golden tulip hotel. This is may phone number +250785685405.

Innocent nzayisenga yanditse ku itariki ya: 2-11-2017  →  Musubize

Muraho nize electricity ntashaka akazi kajyanye nibyo nize murakoze

Ntihanuwayo modsste yanditse ku itariki ya: 2-11-2017  →  Musubize

Muraho neza.Ndabasaba akazi kose mwampa .mfite A2 mu ishami rya MEG.mwa mpamagara kuri 0784008433.mugihe nyitegereje ibisubizo.mbaye mbashimiye.

MANIRIHO Thelesphore yanditse ku itariki ya: 10-10-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka