Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”

Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.

Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.
Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.

Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.
Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.

Egide Kayiranga

Ibitekerezo   ( 307 )

nitwa Uwase cesarie mfite A0 muri accounting numero 0783049661 murakoze.

Uwase cesarie yanditse ku itariki ya: 18-06-2019  →  Musubize

nitwa Uwase cesarie mfite impamyabumenyi ya A0 muri accounting mungiriye ikizere twakorana neza 0783049661

Uwase cesarie yanditse ku itariki ya: 18-06-2019  →  Musubize

Muraho neza nasabaga akazi muriyi hotelmwafunguye narangije 2018 mwishami ry’i koranabuhanga(csc) Murakoze nimungirira ikizere nzakora neza ntakibazo my number 0787955584

Mutoni Valentine yanditse ku itariki ya: 10-06-2019  →  Musubize

Nejejwe no kubandikira mbasaba akazi,ntuye mu Majyepfo,mfite A2 muri MCB.Mungiriye ikizere mukampa akazi nagakora neza uko bikwiye,tel 0780871255,murakoze

Nitwa KWITONDA Paul yanditse ku itariki ya: 12-05-2019  →  Musubize

Iam writing this letter to apply any job your institution I have A2in accountancy,I have obtained in Rubengera secondary secondary,I am person as working under pressure, flexible and punctuality. I am able to create good image in your institution.
I will be happy to my application and reply to me.
Kubwimana Henry.

Kubwimana Henry yanditse ku itariki ya: 20-04-2019  →  Musubize

Murahoneza nize amashuri yubumenyi ngiro azwi nka WDA nkabamfite A2 mu Akazikanoze
Ndetse na veterinary mungiriye ikizere mukampa akazi nagakorana umurava murakoze ntuye mukarere kabugesera umurenge wa musenyi hafi y inyamata
Murakoze contact 0782797678

Nitwa evariste gasasira yanditse ku itariki ya: 24-03-2019  →  Musubize

njye nitwa Anaclet Bimenyimana A0 IN PUBLIC aDMINISTRATIONAND GOOD GOVERNANCE. mbonye akazi muri iyi banki nagakorana umurava kandi neza. ndakuze bihagije mfite imyaka 41. ADMINISTRATION , GESTION Y’ABAKOZI NTA KIBAZO.THX

Anaclet yanditse ku itariki ya: 5-03-2019  →  Musubize

le 08/02/2019

Nitwa Niyonsenga Rose ntuye muntara y’Amajyepfo,akarere ka Nyanza,umurenge wa Cyabakamyi nkaba mfite A2 muri PCB(Physics,Chemistry and biology),nkaba mfite na Ao muri biotechnology. mungiriye ikizere mukampa akazi muri hotel yanyu nakorana umurava n’ubushishozi mukazi. numero nkoresha : 0783181732/ 0726743654, mugihe ntegereje igisubizo cyanyu mbaye mbashimiye.

nitwa Niyonsenga Rose yanditse ku itariki ya: 8-02-2019  →  Musubize

le 08/02/2019

Nitwa Niyonsenga Rose ntuye muntara y’Amajyepfo,akarere ka Nyanza,umurenge wa Cyabakamyi nkaba mfite A2 muri PCB(Physics,Chemistry and biology),nkaba mfite na Ao muri biotechnology. mungiriye ikizere mukampa akazi muri hotel yanyu nakorana umurava n’ubushishozi mukazi. numero nkoresha : 0783181732/ 0726743654, mugihe ntegereje igisubizo cyanyu mbaye mbashimiye.

nitwa Niyonsenga Rose yanditse ku itariki ya: 8-02-2019  →  Musubize

le 08/02/2019

Nitwa Niyonsenga Rose ntuye muntara y’Amajyepfo,akarere ka Nyanza,umurenge wa Cyabakamyi nkaba mfite A2 muri PCB(Physics,Chemistry and biology),nkaba mfite na Ao muri biotechnology. mungiriye ikizere mukampa akazi muri hotel yanyu nakorana umurava n’ubushishozi mukazi. numero nkoresha : 0783181732/ 0726743654, mugihe ntegereje igisubizo cyanyu mbaye mbashimiye.

nitwa Niyonsenga Rose yanditse ku itariki ya: 8-02-2019  →  Musubize

le 08/02/2019

Nitwa Niyonsenga Rose ntuye muntara y’Amajyepfo,akarere ka Nyanza,umurenge wa Cyabakamyi nkaba mfite A2 muri PCB(Physics,Chemistry and biology),nkaba mfite na Ao muri biotechnology. mungiriye ikizere mukampa akazi muri hotel yanyu nakorana umurava n’ubushishozi mukazi. numero nkoresha : 0783181732/ 0726743654, mugihe ntegereje igisubizo cyanyu mbaye mbashimiye.

nitwa Niyonsenga Rose yanditse ku itariki ya: 8-02-2019  →  Musubize

Le15_2_2019

Ntuye mukarere kanyagatare nkaba mbasaba akazi nkabanarize umu secretarial nkaba Mfite diplomeA2 muramutse mukamaye nagakorana umurava murakoze
Number nkoresha Ni 078834702,0788346992

Iribagiza agrippine yanditse ku itariki ya: 15-02-2019  →  Musubize

le 08/02/2019

Nitwa Niyonsenga Rose ntuye muntara y’Amajyepfo,akarere ka Nyanza,umurenge wa Cyabakamyi nkaba mfite A2 muri PCB(Physics,Chemistry and biology),nkaba mfite na Ao muri biotechnology. mungiriye ikizere mukampa akazi muri hotel yanyu nakorana umurava n’ubushishozi mukazi. numero nkoresha : 0783181732/ 0726743654, mugihe ntegereje igisubizo cyanyu mbaye mbashimiye.

nitwa Niyonsenga Rose yanditse ku itariki ya: 8-02-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka