Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”

Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.

Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.
Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.

Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.
Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.

Egide Kayiranga

Ibitekerezo   ( 307 )

My name is Rosine I studied hotel operation I have certificate,I need a job thank u, 0787923567. 0782378477

Byukusenge rosine yanditse ku itariki ya: 18-11-2019  →  Musubize

Amazina yanjye ni irabaruta lambert, mfite A0 muri economics and literature ndi Umunyeshuri mubijyanye n’amategeko muri kaminuza ya unilak, mfite impamya bushobozi mubijyanye na food processing, ngize amahirwe yo gukorana namwe, twagera kuri byinshi byiza kandi kugihe. Murakoze

Irabaruta lambert yanditse ku itariki ya: 16-11-2019  →  Musubize

A0 EDUCATION SCIENCE.MATH COMP SCIENCE.NITEGUYE AKAZI KUGAKORA NEZA NTUYE NYAMATA MU MUGI 0782238778/0723005090

HAVUGIMANA CYPRIEN yanditse ku itariki ya: 9-11-2019  →  Musubize

Nitwa Nshimabahizi Jerome ndi Umu A2 MURI HISTORY,ECONOMY,GEOGRAPHY
Icyindi nkora amasuku nko gukupakupa nifashishije glassmore machine
mfite imachine yanjye bwite mukeneye umukozi nditeguye mwampamagara kuri 0788877177/0787902903 murakoze.

NSHIMABAHIZI JEROME yanditse ku itariki ya: 11-10-2019  →  Musubize

Kwaka akazi muri campany yanyu nkaba mfite impamya bumenyi diplomerA2 mubuzi imibare ubutabire MCB nkaba mfite certificat mubijyanye nisuku

murakoze

Disingizimana regis yanditse ku itariki ya: 19-08-2019  →  Musubize

Kwaka akazi muri campany yanyu nkaba mfite impamya bumenyi diplomerA2 mubuzi imibare ubutabire MCB nkaba mfite certificat mubijyanye nisuku

murakoze

Disingizimana regis yanditse ku itariki ya: 19-08-2019  →  Musubize

Muraho neza tubwire ibisabwa kugirango umuntu about akazi muriyo hotel turategereje murakoze

Ingabire liliane yanditse ku itariki ya: 15-08-2019  →  Musubize

Muraho neza! Ese akazi karacyaboneka muriyo hotel nize mpc nasoje uwagatandatu segonderi tel: 0783284123 nibagahari muzatubwire turategereje murakoze cyane

Ingabire liliane yanditse ku itariki ya: 15-08-2019  →  Musubize

ese akazikaracyaboneka? mfiteese akazikaracyaboneka? mfite A2
muri MEG mungiriye ikizere mukakampa nakakaese akazikaracyaboneka? mfiteese akazikaracyaboneka? mfite A2
muri MEG mungiriye ikizere mukakampa nagakora nese akazikaracyaboneka? mfiteese akazikaracyaboneka? mfite A2
muri MEG mungiriye ikizere mukakampa nakakaese akazikaracyaboneka
mfiteese akazikaracyaboneka? mfite A2
muri MEG mungiriye ikizere mukakampa nagakora nka kazi

nkurunziza jean de dieu yanditse ku itariki ya: 11-08-2019  →  Musubize

Narangije s6(A2) muri MEG(imibare,ubukungu,ubumenyi bw’isi,nkomereza muri UTB(university technology and business) nkaba niga business management (diplomat) nkaba nifuzaga gukorana namwe

Murakoze

Nitwa niyonagira Elisabeth yanditse ku itariki ya: 1-01-2020  →  Musubize

Amazina ni MBONIMANA Callixte ntuye Kigali ,akarere ka Gasabo,umurenge wa kinyinya nkaba mfite A2 muri MCE(MATHEMATICAL,COMPUTER SCIENCE and ECONOMICS),nkaba mfite na Certificate muri Video production . mungiriye ikizere mukampa akazi muri hotel yanyu nakorana umurava n’ubushishozi mukazi. numero ni : 0787909336 mugihe ntegereje igisubizo cyanyu mbaye mbashimiye.

MBONIMANA Callixte yanditse ku itariki ya: 5-08-2019  →  Musubize

muraho neza nitwa rosine nkaba nabasabaga akazi
nkaba nararangije kwiga hotel oparetion A2
murakoze mugihe ngitegereje igisubizo cyanyu cyiza. nbr: 0785218201
0785714 544

byukusenge rosine yanditse ku itariki ya: 22-07-2019  →  Musubize

Nitwa uwitonze Andre Fite company ihuza Abakozi N’ABAKORSHA Uwashaka Abakozi batandukanye cg akeneye akazi yaduhamagara tukamuhuza n’umukoresha cg umukozi

Uwitonze Andre yanditse ku itariki ya: 20-06-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka