1. PDI yemeje ko izashyigikira Paul Kagame mu matora
    PDI yemeje ko izashyigikira Paul Kagame mu matora

    1 hour ago Ishyaka PDI (Parti Démocrate Idéal), ryamaze gutangaza ko mu matora y’Umukuru w’Igihugu azaba muri Nyakanga 2024, rizashyigikira umukandida w’Umuryango FPR Inkotanyi, Paul Kagame.

  2. Abakozi ba BDF bunamiye abaruhukiye mu rwibutso rwa Karama
    Abakozi ba BDF basuye urwibutso rwa Karama banaremera abarokotse Jenoside

    2 hours ago Mu rwego rwo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, abakozi b’Ikigega cya Leta gifasha imishinga mito n’iciriritse (BDF), basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Karama mu Karere ka Huye, banaremera abarokotse Jenoside bo muri aka Karere, igikorwa cyabaye ku wa Gatanu tariki ku wa 26 Mata 2024.

  3. Ntakirutimana Isaac uzwi nka Sarpong
    Umufana yirukanywe mu nzu nyuma yo kuva muri Rayon Sports akajya muri APR FC

    3 hours ago Ntakirutimana Isaac, umwe mu bafana bakomeye ba Rayon Sports wamenyekanye cyane ku izina rya Sarpong, avuga ko nyuma yo gutera umugongo ikipe yari yarihebeye ya Rayon Sports akajya muri APR FC, yirukanywe mu nzu yakodeshaga.

  4. Harry Styles
    Yafunzwe azira koherereza Harry Styles amabaruwa 8,000 mu kwezi kumwe

    4 hours ago Umukobwa ukunda umuhanzi Hary Styles, yakatiwe gufungwa amezi 3.5 nyuma yo kwemerera Urukiko ko yoherereje Harry amabaruwa 8,000 mu kwezi kumwe, kuko yumvaga ahangayitse muri we (distress).

  5. Perezida Paul Kagame aganira na Kristalina Georgieva
    Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi w’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari

    5 hours ago Perezida Paul Kagame uri i Riyadh muri Arabie Saoudite, yahuye n’Umuyobozi w’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF), Kristalina Georgieva, baganira ku mikoranire y’iki kigega n’u Rwanda.

  6. Urubanza Uwajamahoro yarezemo ibitaro ‘La Croix du Sud’ rwongeye gusubikwa

    5 hours ago Urukiko Rukuru rwa Kigali ruri i Nyamirambo, rwongeye gusubika urubanza Uwajamahoro Nadine aregamo ibitaro bya La Croix du Sud, uburangare bwatumye umwana we avukana ubumuga, bikaba byarabaye ku wa Gatanu tariki 26 Mata 2024.

  7. Haherutse kugwa abantu babiri
    Nyaruguru/Cyahinda: Ikibazo cy’umukoki ukunze guhitana ubuzima bw’abantu kizakemuka gute?

    6 hours ago Mu Karere ka Nyaruguru mu Murenge wa Cyahinda mu Kagari ka Muhambara, Umudugudu wa Kubitiro hari umukoki uteye impungenge kuko umaze gutwara ubuzima bwa bamwe mu baturage.

  8. Pastor Tom Gakumba na Pastor Anitha Gakumba, basobanuye byinshi kuri iki giterane giteganyijwe muri Gicurasi 2024
    Itorero Christ Kingdom Embassy ryateguye igiterane kizafasha abantu kuzinukwa ibyaha

    6 hours ago Itorero Christ Kingdom Embassy riyoborwa na Pastor Tom Gakumba ndetse na Pastor Anitha Gakumba, ryateguye igiterane bise ‘Kingdom Fresh Fire Conference 2024’ kizamara icyumweru kigasozwa ku munsi mukuru wa Pentekote.

  9. Mohamed Salah yagaragaye aterana amagambo n
    Mvuze umuriro wakwaka - Mohamed Salah wakozanyijeho n’umutoza Jürgen Klopp

    6 hours ago Ku wa Gatandatu tariki 27 Mata 2024, Umunya-Misiri ukinira Liverpool, Mohamed Salah, yagaragaye mu mashusho atumvikana n’umutoza we Jürgen Klopp bateranaga amagambo, uyu musore anavuga ko agize icyo avuga umuriro wakwaka.

  10. Minisitiri Musabyimana yijeje abaturage ko ikibazo cy
    Amajyaruguru: Minisitiri Musabyimana yifatanyije n’abaturage mu muganda wibanze ku gusana ibikorwa remezo

    7 hours ago Umuganda rusange usoza ukwazi kwa Mata 2024 mu Turere tugize Intara y’Amajyaruguru, wibanze ku gusana ibikorwa remezo birimo n’imihanda, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Musabyimana Jean Claude, hamwe n’abandi bayobozi mu nzego zinyuranye zirimo n’izishinzwe umutekano, bakaba bifatanyije n’abaturage muri icyo gikorwa.

  11. Nyuma yo kuboneka, abana bashyikirijwe ababyeyi babo
    Gatsibo: Abana b’inshuke bari baburiwe irengero babonetse

    27 April 2024 at 22:35 Kuva ku munsi w’ejo mu karere ka Gatsibo hakomeje kuvugwa inkuru y’abana batatu baburiwe irengero. Ni inkuru yari yakuye imitima benshi kumva abana batatu bari mu kigero kimwe kandi b’abakobwa, babuze bava ku ishuli. Inkuru nziza kuri ubu, ni uko abo bana babonetse ndetse bagasubizwa mu miryango yabo.

  12. Uwibambe ahagararanye na Meya Kayitare nyuma yo kumugabira inka n
    Muhanga: Yishimira kongera kugira inzu n’inka nyuma y’imyaka 30

    27 April 2024 at 22:19 Uwibambe Alphonsine warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, utuye mu Mudugudu wa Gatwa, mu Kagari ka Gakoma mu Murenge wa Kiyumba, Akarere ka Muhanga, yahawe inzu yo guturamo n’inka yo kumukamira nyuma y’imyaka 30 aba mu nzu y’ubukode nta n’igicaniro agira.

  13. Mukashema Epiphanie afite inkovu yatewe na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
    Bampambye ndi muzima: Ubuhamya bwa Mukashema warokokeye ku kigo nderabuzima cya Kabuye

    27 April 2024 at 20:13 Ikigo nderabuzima cya Kabuye giherereye mu Karere ka Gasabo n’abaturanyi bacyo, bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi yahitanye abari abayobozi, abakozi n’abari bahaturiye, hagarukwa ku mateka yo kurokoka kwa Mukashema Epiphanie wahambwe ari muzima, akagendesha amavi n’inkokora ijoro ryose.

  14. Perezida Paul Kagame yageze i Riyadh
    Arabie Saoudite: Perezida Kagame yitabiriye inama ku Bukungu

    27 April 2024 at 19:00 Perezida Paul Kagame yagiriye uruzinduko rw’akazi muri Arabie Saoudite, aho yitabiriye inama Mpuzamahanga ku by’ubukungu.

  15. Tanzania: Urukuta rw’inzu rwagwiriye abana batatu bavukana bahita bapfa

    27 April 2024 at 17:24 Muri Tanzania, mu Karera ka Shinyanga, urukuta rw’inzu rwagwiriye abana batatu bavukana bari baryamye nijoro basinziye, bahita bapfa bose nk’uko byasobanuwe na nyina, Joyce Nchimbi, washoboye kurokokana n’undi mwana umwe.

  16. Nyagatare, bibanze ku gusana imihanda y
    Iburasirazuba: Umuganda usoza ukwezi kwa Mata wibanze ku gusana imihanda

    27 April 2024 at 16:59 Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Mata 2024, mu Turere tugize Intara y’Iburasirazuba, hakozwe umuganda usoza ukwezi kwa Mata, wibanze ku gusana imihanda yangijwe n’isuri yatewe n’imvura ndetse no gucukura imirwanyasuri. Ubutumwa bwatanzwe nyuma y’umuganda bukaba bwibanze ku gushishikariza abaturage gufata indangamuntu, no kwikosoza kuri lisiti y’itora.

  17. Mu kwibuka ku nshuro ya 30 jenoside yakorewe Abatutsi, i Kansi hashyinguwe imibiri 31 yabonetse
    Bababazwa no kuba Ndindiriyimana yaragizwe umwere

    27 April 2024 at 16:07 Abarokotse Jenoside bo mu Murenge wa Kansi mu Karere ka Gisagara, bavuga ko batishimira kuba Augustin Ndindiriyimana wari umuyobozi wa Jandarumori, yaragizwe umwere n’Urukiko rwa Arusha, mu gihe abo yayoboraga bo bakurikiranwa bakanahanwa.

  18. Uruhinja rwari rwakuwe mu nda ya nyina wishwe na bombe narwo rwapfuye
    Gaza: Umwana wavutse ku mubyeyi wari umaze kwicwa na bombe na we yapfuye

    27 April 2024 at 15:27 Mu ijoro ryo ku cyumweru tariki 21 Mata 2024, nibwo hatangajwe inkuru y’umwana w’umukobwa w’uruhinja watabawe n’abaganga ku buryo bw’igitangaza, ateruwe mu nda ya nyina wari umaze kwicwa n’ibisasu byari byatewe n’igisirikare cya Israel kirwanira mu kirere mu Majyepfo ya Gaza, ava mu nda ya nyina ari muzima.

  19. Ababyeyi bateguriwe imfashanyigisho izabafasha kuganiriza abana ku buzima bw’imyororokere

    27 April 2024 at 15:08 Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe guteza imbere Uburezi, Siyansi n’Umuco (UNESCO) ku bufatanye n’Umuryango RWACHI (Rwanda Women, Adolescent and Child Health Initiative) wita ku buzima bw’umubyeyi n’umwana, ingimbi n’abangavu mu kubafasha gutegura ejo hazaza heza, bateguye imfashanyigisho izafasha ababyeyi kuganiriza abana ku buzima bw’imyororokere.

  20. Abahanzi bavuga ko ibihangano byabo byakijije kurusha ba nyirabyo
    Barasaba ko hashyirwaho uburyo bukomeye bwo kurinda ibihangano byabo

    27 April 2024 at 14:49 Abahanzi barasaba ko habaho uburyo bukomeye bwo kurinda umuntungo wabo ukomoka ku buhanzi, kuko hari abakennye nyamara batakagombye gukena, kuko ibihangano byabo byakijije abandi kandi ba nyiri ubwite ntacyo bibamariye.

  21. Silas Ngayaboshya
    Uburinganire ntabwo bivuga imibare gusa - MIGEPROF

    27 April 2024 at 14:10 Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), ivuga ko uburinganire atari imibare gusa ahubwo igikwiye ari ugukuraho imbogamizi zibangamiye abageze mu nshingano, bitari ukugaragagara mu mibare gusa.