1. Ikiganiro #EdTechMonday kivuga ku ikoranabuhanga mu burezi cyagarutse

    24 February 2024 at 11:17 EdTech Monday ni ikiganiro ngarukakwezi gikorwa ku bufatanye na Mastercard Foundation kikagaruka ku iterambere mu burezi bushingiye ku ikoranabuhanga, aho cyibanda ku nsanganyamatsiko zitandukanye, zigamije gutanga umusanzu mu burezi bw’u Rwanda kandi bufite ireme.

  2. Telefone ifasha benshi muri serivisi zitandukanye
    Intara y’Amajyepfo ni yo ibarizwamo telefone nkeya

    23 February 2024 at 00:10 Ibarura ryakozwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda, rigaragaza ko Intara y’Amajyepfo ari yo ibarizwamo telefone nkeya ku kigero cya 71.9% mu gihe mu Mujyi wa Kigali abatunze telefone bangana na 92.4%.

  3. Elon Musk yamaze gushyira mudasobwa mu bwonko bw
    Sosiyete ya Elon Musk yashyize mu bwonko bw’umuntu wa mbere akuma kagereranywa na mudasobwa

    2 February 2024 at 12:13 Umuntu wa mbere yamaze gushyirwamo akuma mu bwonko kagereranywa na mudasobwa ka sosiyete Neuralink ya Elon Musk, iyo ikaba ari intambwe ya mbere yo kugera ku nzozi za Elon Musk zo kugenzura ibikoresho by’ikoranabuhanga hakoreshejwe igitekerezo.

  4. Hari Abakuru b’Imidugudu bagorwa no gukora akazi batagira ‘Smartphones’

    3 January 2024 at 12:56 Bamwe mu bakuru b’Imidugudu yo mu Karere ka Nyabihu bavuga ko gukora no kuzuza inshingano batorewe bikomeje gukomwa mu nkokora no kuba batagira Telefoni zigezweho zizwi nka Smartphones, bagasaba ko izo bamaze igihe barijejwe harebwa uburyo bazihabwa, kugira ngo biborohereze muri za raporo no guhanahana amakuru y’ibibera mu Midugudu mu buryo bwihuse.

  5. Bakoze porogaramu ya mudasabwa imenya igihe umuntu azapfira
    Denmark: Bakoze porogaramu ya mudasobwa imenya igihe umuntu azapfira

    24 December 2023 at 09:21 Iyo porogaramu ikoreshwa na mudasobwa (Artificial Intelligence model), yakozwe n’abashakashatsi mpuzamahanga, ikaba ifite ubushobozi bwo kumenya ibizaba ku buzima bw’abantu mu bihe bizaza, harimo n’igihe bazapfira.

  6. Qualcomm igiye gufasha abandi Banyafurika bahanze udushya mu ikoranabuhanga

    20 December 2023 at 13:07 Sosiyete ifite uburambe mu by’ikoranabuhanga yitwa Qualcomm, muri uku kwezi k’Ukuboza 2023 yasoje umwaka wa mbere imaze ifasha ba rwiyemezamirimo b’Abanyafurika bahanze udushya, aho bahawe amahugurwa, bafashwa kunoza imishinga yabo, mu rwego rwo guteza imbere no gushyigikira imishinga mishya y’ikoranabuhanga ku mugabane wa Afurika.

  7. Abaturage bahabwaga telefone bamaze kwishyura
    Rubavu: Basabwe amafaranga ngo bahabwe telefone mu gihe bo bari bazi ko ari iz’ubuntu

    19 December 2023 at 22:55 Abaturage bo mu Karere ka Rubavu bavuye mu mirenge itandukanye banenze uburyo ubuyobozi bwo mu mirenge bwabatse amafaranga ya Ejo Heza, n’ay’ubwisungane mu kwivuza (mituweli) bizezwa telefone z’ubuntu, nyamara bajya kuzifata bagacibwa ibihumbi 20 Frw.

  8. Bongerewe ubumenyi ku guhangana n’ibyaha byifashisha ikoranabuhanga bibangamira uburenganzira bwa muntu

    5 December 2023 at 05:50 Abakomiseri n’abandi bakozi ba Komisiyo y’Uburenganzira bwa muntu barishimira ubumenyi bungutse mu bijyanye no guhuza umutekano w’ibikorerwa kuri za murandasi by’ikoranabuhanga n’uburenganzira bwa muntu.

  9. Umuyobozi mukuru wa BK Group, Béata U. Habyarimana
    BK irateganya ko serivisi zayo zose zizaba zageze mu ikoranabuhanga bitarenze 2025

    2 December 2023 at 06:58 Banki ya Kigali (BK), yatangaje ko ifite gahunda yo kuzaba yamaze gushyira serivisi zayo zose mu ikoranabuhanga mu myaka ibiri iri imbere, bijyanye n’uko irimo gukora neza yifashishije serivisi zamaze gushyirwa mu ikoranabuhanga.

  10. EdTech Monday: Ikiganiro ngarukakwezi cyibanda ku ikoranabuhanga mu burezi cyagarutse

    26 November 2023 at 19:11 EdTech Monday ni ikiganiro gikorwa ku bufatanye na Mastercard Foundation kikagaruka ku iterambere mu burezi bushingiye ku ikoranabuhanga, aho cyibanda ku nsanganyamatsiko zitandukanye, aho kuri uyu wa Mbere kizibanda ku kugenzura uburezi bukomatanya uburyo busanzwe n’iya kure.

  11. Josianne Nyiraminani ashima cyane iri koranabuhanga
    Kuvoma bakoresheje ikoranabuhanga byabakijije umubyigano

    20 November 2023 at 00:11 Bamwe mu baturage bakoresha amavomo rusange, barishimira ko kuvoma bakoresheje ikoranabuhanga rya mubazi, byabakijije kubyigana mu gihe cyo kuvoma, nk’uko byakorwaga mbere bataragezwaho za mubazi.

  12. Bene izi telefone zigezweho zizwiho korohereza abazikoresha muri gahunda zitandukanye
    Muhanga: Bakiriye neza impano bagenewe n’Umukuru w’Igihugu

    10 November 2023 at 14:12 Abantu babarirwa mu bihumbi 30 bo mu Karere ka Muhanga bagiye guhabwa telefone zigezweho, kuri nkunganire y’Umukuru w’Igihugu Paul Kagame, aho azishyurira amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 45 kuri buri wese uyifuza.

  13. Ikiganiro EdTech Monday kivuga ku ikoranabuhanga mu burezi cyagarutse

    29 October 2023 at 20:48 Ikiganiro EdTech Monday, igice cyo muri uku kwezi k’Ukwakira 2023 cyibanda ku bumenyi mu ikoranabuhanga cyagarutse aho kigaruka ku bikorwa bigamije kuzamura ubumenyi bw’ikoranabuhanga hagamijwe gushyigikira gahunda za Leta mu guteza imbere uburezi bufite ireme.

  14. Dutemberane mu ruganda rutunganya Zahabu i Kigali

    28 September 2023 at 11:51 Leta y’u Rwanda yashyize ingufu mu guteza imbere ibikorerwa imbere mu gihugu. Ni muri urwo rwego abikorera bafite umukoro wo kohereza hanze y’Igihugu amabuye y’agaciro atunganyijwe kuko biyongerera agaciro bikanareshya abashoramari.

  15. Inama ihuriyemo impuguke zitandukanye mu bijyanye n
    Bariga uko ubwenge buhangano bwakoreshwa bugatanga umusaruro nta cyo bihungabanyije

    26 September 2023 at 21:01 Mu Rwanda hateraniye inama yo ku rwego rw’Igihugu y’iminsi ibiri irimo kwigira hamwe uko ubwenge buhangano (Artificial Intelligence) bwakoreshwa bugatanga umusaruro butagize icyo buhungabanya.

  16. Perezida Kagame ageza ijambo ku bitabiriye inama
    Perezida Kagame yagaragaje akamaro ko gushyira ingufu mu ikoranabuhanga

    16 September 2023 at 13:04 Ubwo yari mu Nama Mpuzamahanga y’Ihuriro rya G77 n’u Bushinwa ibera muri Cuba, tariki 15 Nzeri 2023, Perezida Paul Kagame yagaragaje ko gushyira ingufu mu ikoranabuhanga bizakuraho ibibazo byugarije bimwe mu bihugu bikiri mu nzira y’Amajyambere.

  17. Afite inzozi zo gukora imodoka ishobora kwirinda impanuka

    24 August 2023 at 10:16 Mutsinzi Aimé Alcide w’imyaka 12 y’amavuko wiga mu mwaka wa kabiri w’amashuri yisumbuye kuri Collège Saint André mu Mujyi wa Kigali, ni umwe mu banyeshuri barangije amahugurwa y’ikoranabuhanga atangirwa ku kigo cyitwa Keza Education Future Lab mu Murenge wa Kimironko mu Karere ka Gasabo.

  18. Intore 1,500 mu ikoranabuhanga zigiye guhugura abaturage hirya no hino mu gihugu

    3 August 2023 at 21:50 Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo yatangaje ko Intore 1500 mu ikoranabuhanga, zigiye koherezwa mu bice bitandukanye by’Igihugu, kugira ngo zihugure abaturage ibijyanye n’ikoranabuhanga.

  19. Guhangana n’ibitero by’ikoranabuhanga bitwara arenga Miliyari enye z’Amadorali ku mwaka

    2 August 2023 at 12:11 Ibikorwa byo guhangana n’ibitero by’ikoranabuhanga ku mugabane w’Afurika, bitwara arenga Miliyali enye z’Amadorali y’Amerika buri mwaka.

  20. Si byiza ko umwana atinda ku bikoresho by
    Ababyeyi barasabwa kurinda abana ingaruka z’ikoranabuhanga rikoreshejwe nabi

    15 July 2023 at 15:43 Abahagarariye Ishami rya Siyansi n’Ikoranabuhanga muri Kaminuza y’u Rwanda (UR), batangije ubukangurambaga bwo gusaba ababyeyi kurinda abana ingaruka zaturuka ku ikoranabuhanga rikoreshejwe nabi.

  21. Banki ya Kigali igiye guhagarika ikoreshwa rya BK App ya kera no kuyisimbuza indi nshya

    24 June 2023 at 15:37 Banki ya Kigali (BK) yatangaje ko tariki 15 Nyakanga 2023 izahagarika Application yayo yari isanzwe ikoreshwa muri telefone (BK App) ikayisimbuza Application cyangwa se porogaramu nshya (BK Mobile App) yorohera abayikoresha kandi yihuta.