1. Davido agiye kurega ikinyamakuru cyo muri Kenya
    Umuhanzi Davido yiyemeje kurega abamwanditseho ibinyoma

    4 April 2024 at 00:43 Umuhanzi w’Umunya-Nigeria, David Adedeji Adeleke, uzwi cyane ku izina ry’ubuhanzi nka Davido, uririmba mu njyana ya ‘Afrobeat’ ndetse umaze kwegukana ibihembo bya ‘Grammy Awards’ inshuro eshatu, yavuze ko agiye kurega abamwandtseho inkuru y’ikinyoma cy’uko yatawe muri yombi ari muri Kenya ku byaha bifitanye isano n’ibiyobyabwenge.

  2. Dore bamwe mu bagerageje kwamamara muri siporo n’umuziki

    2 April 2024 at 00:26 Umupira w’amaguru hamwe n’izindi siporo muri rusange zituma abantu baruhura umutima, basabana, bakanishima mu gihe ikipe bafana yatsinze. Ku Isi hari za shampiyona zikomeye zikanakurikirwa cyane kurusha izindi nk’iy’u Bwongereza, iya Espagne, u Budage n’izindi.

  3. Eddy Kenzo na Phiona Nyamutoro baravugwaho ubucuti bwihariye, ariko bo ntiberura ngo babyemeze ku mugaragaro
    Eddy Kenzo yahakanye iby’urukundo rwe na Minisitiri Nyamutoro

    27 March 2024 at 23:14 Umuhanzi wo muri Uganda, Edrisah Kenzo Musuuza, wamamaye nka Eddy Kenzo, yavuze ko adakundana na Minisitiri ushinzwe ibyerekeranye n’Ingufu muri icyo gihugu, Phiona Nyamutoro, bitandukanye n’ibyo abantu bamaze iminsi bavuga.

  4. Umunyamabanga Mukuru w
    Imyiteguro y’igitaramo cyo kwizihiza Pasika no gushyigikira Bibiliya irarimbanyije

    27 March 2024 at 22:15 Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda (The Bible Society of Rwanda-BSR) uravuga ko imyiteguro y’igitaramo ‘Ewangelia Easter Celebration’ igeze kure. Ni igitaramo kizaba ku Cyumweru tariki 31 Werurwe 2024, kikazabera muri BK Arena.

  5. Indirimbo ‘Sukari’ ya Zuchu yaciye agahigo kuri YouTube

    26 March 2024 at 07:39 Umuhanzikazi wo muri Tanzania Zuchu ni we muhanzi wo muri Afurika y’Iburasirazuba ufite indirimbo yakoze wenyine yarebwe inshuro zirenga miliyoni 100 ku rubuga rwa YouTube, iyo ikaba ari indirimbo ye yitwa ‘Sukari’.

  6. Menya impamvu ibyamamare bicungirwa umutekano

    26 March 2024 at 07:20 Akenshi abantu bibaza impamvu ibyamamare mu Rwanda no ku Isi hose bagendana abasore b’ibigango babacungira umutekano, haba mu nzira, mu bitaramo, bagiye guhaha n’ahandi henshi bashobora guhurira n’abantu benshi nyamara mu gihugu umutekano ari wose.

  7. Israel Mbonyi ni umwe mu bahanzi bafite ibihangano binyura benshi
    Israel Mbonyi yongerewe mu bazaririmba mu gitaramo ‘Ewangelia Easter Celebration’

    25 March 2024 at 20:57 Umuhanzi Israel Mbonyi umenyerewe mu ndirimbo zo guhimbaza Imana, yashyizwe ku rutonde rw’abahanzi bazaririmba mu gitaramo cyo kwizihiza Pasika cyiswe ‘Ewangelia Easter Celebration’.

  8. Eddy Kenzo aravugwa mu rukundo na Minisitiri ushinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Uganda

    25 March 2024 at 11:14 Edrisah Musuuza, Umuhanzi w’umunya-Uganda wamamaye nka ‘Eddy Kenzo’ biravugwa ko ari mu rukundo na Phiona Nyamutoro, uherutse kugirwa Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Uganda.

  9. Perezida Kagame na Madamu bitabiriye igitaramo ‘Inkuru ya 30’ cy’Itorero Inyamibwa

    24 March 2024 at 08:02 Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, ku mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki 23 Werurwe 2024, bitabiriye igitaramo cy’Itorero Inyamibwa rya AERG, bise ‘Inkuru ya 30’ cyabereye muri BK Arena.

  10. Sinibwira ko nzongera kubona urukundo nk’urwo nakundanye na Gerard Piqué – Shakira

    22 March 2024 at 18:16 Umuhanzikazi Shakira Isabel Mebarak Ripoll, ukomoka muri Colombia wamenyekanye nka Shakira muri muzika, yatangaje ko nyuma yo gutandukana na Gerard Piqué, atizeye ko azabona urukundo nk’urwo bakundanye.

  11. Gen-Z Comedy yizihije imyaka ibiri imaze itangiye, bamwe babura aho bicara

    22 March 2024 at 14:05 Ubwo i Kigali habaga igitaramo cy’urwenya cyo kwizihiza imyaka ibiri ishize hatangijwe icyiswe Gen-Z Comedy Show, cyatangijwe muri 2022 n’umunyarwenya Fally Merci, abantu babuze aho bakwirwa kubera ubwinshi.

  12. Umugore wanjye ambwira ko atwite, naramurebye ndamushimira – Umunyarwenya Arthur

    22 March 2024 at 12:26 Umunyarwenya Arthur Nkusi wamamaye nka Rutura, yavuze ko vuba aha we n’umugore we Fiona Muthoni Naringwa, bitegura kwakira imfura yabo, ndetse ko ubwo yabimenyaga ko umugore we atwite yamushimiye.

  13. Umuhanzi Rayva Havale arifuza kwagura umuziki ukagera ku rwego mpuzamahanga
    Rayva Havale yasohoye alubumu y’indirimbo zibanda ku rukundo n’ubuzima

    22 March 2024 at 10:38 Umuhanzi Valens Hakizimana, uzwi cyane nka Rayva Havale uri mu bakizamuka muri muzika Nyarwanda, yashyize hanze alubumu ye ya mbere yise ‘Love and Life’, yahuriyeho n’abahanzi bakomeye mu Rwanda, ashimangira ko igomba kumubera inzira yo kwaguka mu bikorwa bye bya muzika.

  14. Ariana Grande yahawe gatanya n
    Ariana Grande yahawe gatanya n’umugabo we Dalton Gomez

    21 March 2024 at 17:43 Umuhanzi w’icyamamare ukomoka muri Amerika, Ariana Grande Butera uzwi ku izina rya Ariana Grande mu muziki, yamaze guhabwa gatanya n’umugabo we Dalton Gomez nyuma y’imyaka itatu bari bamaze babana.

  15. Dr Dre ubwo yahabwaga inyenyeri y
    Dr Dre yahawe inyenyeri y’icyubahiro muri ‘Hollywood Walk Of Fame’

    21 March 2024 at 13:06 Andre Romelle Young, umuraperi w’icyamamare, umuhanga mu gutunganya umuziki (producer) akaba n’umushabitsi, yahawe inyenyeri mu rwego rw’icyubahiro muri Hollywood Walk Of Fame.

  16. Wizkid (ufite indangururamajwi) yabwiye Davido ko iyo atagira umuryango ukize yavukiyemo nta wari kumumenya
    Wizkid yasubije Davido wiyise umuyobozi w’injyana ya Afrobeats

    20 March 2024 at 13:45 Ni kenshi muri muzika humvikana ihangana ry’abahanzi, bakora injyana zirimo Hip-Hop, Afrobeats n’izindi. Impamvu ni uko buri muhanzi ukora injyana runaka aba yumva arusha bagenzi be.

  17. Igitaramo Inkuru ya 30 kigamije gutuma Abanyarwanda bishimira ibyiza u Rwanda rumaze kugeraho
    Byinshi ku gitaramo ‘Inkuru ya 30’ cy’Inyamibwa

    19 March 2024 at 13:57 Igitaramo Inkuru ya 30, kirimo gutegurwa n’Itorero Inyamibwa z‘Umuryango w’Abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi (AERG), kikaba kibumbatiye inkuru y’Abanyarwanda aho kigamije gutuma bongera gusubiza amaso inyuma, urugendo Igihugu cyanyuzemo mu myaka 30 ishize, aho buri wese afite inkuru yo kubara.

  18. Christopher Muneza
    Ibyo wamenya ku bitaramo Christopher, Platini P, n’Inyamibwa barimo bategura

    19 March 2024 at 05:06 Ibitaramo umuhanzi Christopher agiye gukorera muri Canada ahereye i Montreal, igitaramo cy’itorero Inyamibwa, n’igitaramo cya Platini P ni bimwe mu byo abakunzi b’imyidagaduro bahishiwe mu minsi iri imbere.

  19. Dolly Parton afatwa nk
    Menya amateka y’indirimbo ‘I Will Always Love You’ ya Dolly Parton

    18 March 2024 at 11:36 Ubusanzwe indirimbo ‘I Will Always Love You’ yanditswe bwa mbere mu mwaka 1973 ndetse inaririmbwa n’umuhanzikazi ufatwa nk’umwamikazi w’injyana ya Country Music, Dolly Parton, ayandika agamije gusezera uwari umujyanama we Porter Wagoner, banakundanyeho ubwo yari agiye gutangira urugendo rwa muzika ku giti cye.

  20. Simi n
    Abantu bakwiye kubana igihe gito mbere y’uko bashyingiranwa – Umuhanzikazi Simi

    18 March 2024 at 00:00 Umuhanzikazi Simisola Bolatito Kosoko, uzwi ku izina rya Simi, yatangaje ko ashyigikiye ko mu gihe abantu bateganya gushyingiranwa nk’umugore n’umugabo, bari bakwiye kubanza bakabana igihe gito kugira ngo bibafashe kumenyana.

  21. Melanie Brown wo mu itsinda “Spice Girls” yahishuye ihohoterwa yanyuzemo mu rushako

    14 March 2024 at 18:42 Melanie Brown, umuhanzikazi wamenyekanye mu itsinda “Spice Girls” ryo mu Bwongereza, ryakunzwe mu ndirimbo “Wannabe” yahishuye ubuzima bushaririye bw’ihohoterwa yanyuzemo mu rushako rwatumye asubira kubana na nyina ndetse akisanga nta nakimwe agisigaranye.