1. Incamake ku Mwami Kigeli V Ndahindurwa n’uburyo yavuye mu Rwanda

    19 February 2024 at 13:39 Kigeli V, amazina ye yose ni Ndahindurwa iri rikaba ryari izina ry’Ubututsi, Jean Baptiste izina rya Gikirisitu nk’umugatolika na Kigeli V izina ry’Ubwami.

  2. Mu mucyo nyarwanda hari abari bemerewe gutega urugori n
    Ni ba nde mu muco Nyarwanda bemerewe gutega Urugori?

    26 December 2023 at 15:19 Nubwo hari abatega ingori mu birori bitandukanye cyangwa se bakazitega uko babonye batabanje kumenya ibisobanuro byazo, mu muco Nyarwanda, hari abemerewe gutega urugori n’abatarutega nk’uko bisobanurwa na Mukandori Immaculée, uzwi ku izina ry’ubuhanzi nka Inshongore, akaba ari umubyeyi ufite imyaka 70 y’amavuko uzi byinshi ku muco Nyarwanda, by’umwihariko ku bijyanye n’urugori, kuko na we yarutegeshejwe ndetse nk’umubyeyi akaba na we amaze kurutegesha abandi benshi.

  3. Minisitiri Bizimana avuga ku buryo Inteko Izirikana izakomeza gufashwa mu bikorwa byayo
    Inteko Izirikana yasabwe gushyira ibikorwa byayo mu nyandiko no mu buryo bw’ikoranabuhanga

    10 December 2023 at 07:57 Mu rwego rwo gukomeza gusigasira umuco nyarwanda no kubungabunga amateka yarwo, Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Jean Damascène Bizimana, yasabye abagize Inteko Izirikana gushyira ubumenyi n’ibikorwa byabo mu nyandiko no mu buryo bw’ikoranabuhanga, ku buryo n’abazavuka bazabukoresha mu kwihugura.

  4. Abanditsi bunguranye inama ku cyakorwa ngo bagure ubwanditsi bwabo
    Ikoranabuhanga n’ubushobozi buke bituma abanditsi b’ibitabo mu Rwanda badatera imbere

    10 November 2023 at 11:27 Abanditsi b’ibitabo mu Rwanda bavuga ko ubushobozi buke bwo kutagira amafaranga ahagije ndetse n’ikoranabuhanga, biri mu bituma badatera imbere babikesha ubwanditsi bwabo.

  5. Abifuza gusoma bahawe ikaze
    Muhanga: Hafunguwe isomero rizafasha abashaka gucengera Igifaransa

    25 July 2023 at 15:08 Abagize ishyirahamwe ‘Pourquoi Pas’, bafunguye isomero bitiriye izina ryabo mu mujyi wa Muhanga, mu rwego rwo gufasha abashaka kwihugura mu rurimi rw’Igifaransa, gukora ubushakashatsi no kwigira ku byanditswe n’impuguke mu bumenyi bw’Igifaransa.

  6. Umuyobozi wa Ubumuntu Arts Festival, Hope Azeda
    Hope Azeda watangije iserukiramuco ‘Ubumuntu’ yashimiye abitabiriye iryasojwe i Kigali

    17 July 2023 at 20:14 I Kigali mu murwa mukuru w’u Rwanda hasojwe iserukiramuco ‘Ubumuntu Arts Festival’ ryari rimaze iminsi itatu guhera tariki 14 kugeza tariki 16 Nyakanga 2023. Ni iserukiramuco ryaberaga ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi, rikaba ryabaga ku nshuro yaryo ya cyenda.

  7. Habaye ikiganiro n
    Umwihariko w’Iserukiramuco ‘Ubumuntu’ rigiye kuba ku nshuro ya cyenda

    11 July 2023 at 07:21 Iserukiramuco ‘Ubumuntu Arts Festival’ rigiye kubera i Kigali ku nshuro ya cyenda, guhera tariki 14 kugeza tariki 16 Nyakanga 2023.

  8. Uri hagati ni umukozi w
    Nyanza: Hagiye gutangizwa Iserukiramuco rizajya rihurizwamo imico y’ibihugu binyuranye

    29 June 2023 at 09:48 Nyuma y’i Nyanza Twataramye na Gikundiro ku ivuko byajyaga bisusurutsa abanyenyanza, hagiye kwiyongeraho Iserukiramuco (Nyanza Cultural Hub), noneho riizajya rigaragarizwamo imico y’ibihugu binyuranye.

  9. Perezida Kagame yashimye uburyo abayobozi b’Utugari bavuga neza Ikinyarwanda

    28 March 2023 at 22:38 Ubwo bagiranaga ikiganiro n’Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Utugari twose two mu Rwanda bazwi nka ‘Rushingwangerero’ nk’izina ry’ubutore bahawe, yabashimiye uburyo bavuga neza Ikinyarwanda, abasaba gufasha bamwe mu bayobozi babakuriye kunoza urwo rurimi.

  10. Araburira abashaka kujya muri Amerika bibwira ko ari Paradizo

    17 August 2022 at 10:18 Yavuye mu Rwanda muri 2012 arangije kwiga muri Kaminuza y’u Rwanda (NUR), yerekeza muri Leta zunze Ubumwe za Amerika (USA), agira ngo agiye muri Paradizo cyangwa mu Ijuru, ariko ngo yasanze ubuzima butandukanye n’uko yabyibwiraga.

  11. Ndacyayisenga avuga ko agaseke gakoze muri ubu buryo akikabona yahise yumva agakunze kuko gatwarika neza agereranyije n
    Agaseke gafite imishumi nk’iy’igikapu koroshya ubuzima (Amafoto)

    9 August 2022 at 23:01 Umubyeyi witwa Ndacyayisenga Clementine utuye mu Karere ka Rwamagana, Umurenge wa Nzige, Akagari k’Akanzu, avuga ubwiza bw’agaseke kariho udushumi yaguze ku mafaranga ibihumbi bitandatu(6000Frw), kuri we ngo hari ubwo kamurutira amasakoshi asanzwe.

  12. Junior Rumaga
    Ibisigo no kwandika indirimbo ni inganzo yanganje maze intera guhanga - Umusizi Rumaga

    8 August 2022 at 23:59 Junior Rumaga avuga ko guhanga ibisigo ndetse no kwandika indirimbo ari inganzo yamuganje imutera gukomeza gusigasira umuco nyarwanda. Mu kiganiro aherutse kugirana na Kigali Today, Junior Rumaga avuga ko ubuhanzi bwe nta muntu nyirizina yavuga yabukomoyeho ahubwo ko ari ingabire y’Imana.

  13. Menya agaciro k’Umuganura

    5 August 2022 at 10:19 Kwizihizwa umunsi w’Umuganura mu Rwanda ni uguha agaciro umuco nyarwanda, no gushishikariza abakiri bato gukora bakiteza imbere ndetse no kwishimira ibyagezweho.

  14. Umuyobozi Mukuru wa Banki ya Kigali, Dr Karusisi Diane, yashimye abandika ku mateka y
    BK yifuza ko hazabaho umunsi w’intwari z’abanditsi b’Abanyarwanda

    18 July 2022 at 13:12 Ibyo ni ibyavuzwe na Dr Karusisi Diane, ubwo yari mu muhango wo kumurika igitabo cyiswe ‘Shaped’ cyanditswe na Umuhoza Barbara, atewe inkunga na Banki ya Kigali muri gahunda yayo ifite yo gutera inkunga abanditsi b’Abanyarwanda.

  15. I Kibeho hazwi ku rwego mpuzamahanga
    Sobanukirwa inkomoko y’izina ‘Kibeho’

    18 February 2022 at 22:36 Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Bamporiki Edouard, yabwiye abakuru b’imidugudu bo mu Karere ka Nyaruguru ko izina ‘Kibeho’ rituruka ku bakurambere b’i Nyaruguru bavuze bati turwanire igihugu, kibeho.

  16. Amateka y’umunyabugeni Birasa Bernard wazanye imvugo ‘Giti’ mu banyamakuru

    29 December 2021 at 11:28 Birasa Bernard ni umuhanzi w’umunyabugeni mberajisho (gushushanya, kubumba, kubaza amashusho mu giti), akaba n’inararibonye mu kazi ko gufata amashusho (cameraman) yaba aya televiziyo, filime n’ibindi.

  17. NABU yatangije ikoranabuhanga rifasha abana gukunda gusoma kuri Internet

    26 November 2021 at 12:18 Umuryango udaharanira inyungu witwa ‘NABU’ wanahawe igihembo mu bijyanye no guteza imbere umuco wo gusoma, watangije uburyo bushya bwongerera abana bo mu Rwanda ubumenyi mu byo gusoma inyandiko kuri Interineti.

  18. Bimwe mu bihangano bye
    Urubyiruko rufite impano yo gushushanya no gukora ibibumbano rurasaba Leta kurwitaho

    25 October 2021 at 09:29 Urubyiruko rufite impano y’ubugeni, ni ukuvuga gukora ibintu bishushanyije, bibajije mu biti cyangwa mu mabuye ndetse n’ibibumbano, rusaba Leta kurwitaho mu guteza imbere izo mpano zabo.

  19. Niyomugaba Jonathan
    Inteko y’Umuco iraburira abahanzi bavangavanga indimi

    12 October 2021 at 15:37 Ni kenshi abakuru bakunze gutunga urutoki abakiri bato mu kwangiza ururimi, by’umwihariko abahanzi bakurikirwa na benshi biganjemo abakiri bato n’urubyiruko.

  20. Hambere hari ibiribwa abagabo bataryaga: Kubera iki byaharirwaga abagore n’abana?

    28 March 2021 at 17:42 Mu Rwanda rwo hambere hari ibiribwa n’ibinyobwa bimwe na bimwe byaharirwaga abagore n’abana, bigafatwa nk’ikizira ku bagabo. Nyamara bimwe muri byo uyu munsi hari abagabo wabyima mukabipfa.

  21. Mu bami b
    Menya Abami n’Abagabekazi batabarijwe i Rutare muri Gicumbi, ahaberaga igiterane

    26 October 2020 at 09:21 Rutare, ni kamwe mu dusantere Akarere ka Gicumbi kavuga ko kazagira umujyi wunganira umurwa mukuru wako, hakaba hitaruye cyane umuhanda wa kaburimbo werekeza i Byumba, aho umuntu uva i Kigali akatira mu kuboko kw’iburyo yerekeza ku kiyaga cya Muhazi.