Wamenya ute ko umukobwa agukunda?

Kugira ngo umenye ko umukobwa agukunda hari ibimenyetso akora byerekana ko agukunda. Ibimenyetso bikurikira ni ibyo abantu besnhi bakunda guhurizaho.

 akubaha uko uri: arashima, agushima uko akubona. Ushobora kuba hari aho ufite intege nke ariko akagukunda abizi.

 ntagusaba ibyo udafite: bisigaye byarateye ko abakobwa bamara gukundana n’abahungu bagatangira kubagerekaho imitwaro. Umukobwa ugukunda ubona ntacyo agutegerejeho usibye urukundo umukunda.

 ntagira ishyari: umukobwa ugukunda urukundo rw’ukuri ntaguterera induru ngo akubuze amahoro ngo uganira n’abandi bakobwa, ubona akwizeye kandi yiteguye kuguha uburenganzira bwawe.

 igitangaje ni uko umukobwa ugukunda ashobora kukwemerera mugakora byose by’urukundo ariko agatinya ko mwahuza igitsina. Aba yanga ko urukundo rwanyu rwakwicwa no gupfundura agaseke hakiri kare harimo nuko ushobora kumutera inda mukiri bato urukundo n’imibereho bikangirika.

Urukundo gusa ni amayobera byose bisaba gushishoza umusore n’inkumi bakirinda guhubuka, turabizi ko amaraso aba ashyushye kandi urubyiruko rumeze nk’impumyi ku bibazo birwugarije; nk’uko. Tubikesha urubuga Ikibatsi.com.

Usibye ibimenyetso twabonye haruguru, wowe ubona ari bihe bimenyetso byerekana ko umukobwa akunda umuhungu?

Ernest Kalinganire

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 293 )

NI PATLICK RWAMAGANA GEWE NARAKUNZE NANJYE NDAKUNDWA

PATLICK yanditse ku itariki ya: 30-10-2013  →  Musubize

ibyo gukunda nago mubizi

Vada yanditse ku itariki ya: 23-10-2013  →  Musubize

hhhhhhhhhhhhhhh

hhhh yanditse ku itariki ya: 16-10-2013  →  Musubize

njye mfite unkunda dianne

francis nur yanditse ku itariki ya: 30-09-2013  →  Musubize

akenshi abakobwa bakunda ibintu kdi abahungu nabo bagakunda amasura gusa tumenyeko iyo ibyobintu navuze hagize ikigabanyuka ,hahita havuka ikibazo ;icyo mbona njyewe twakagombye gusuzumana ubushishozi nubwitonzi uwo tugiye gukundana nawe ndetse tukinjira murukundo tumaze gumvako uwo muntu tumwiyumvamo koko.

HEZEKIYA yanditse ku itariki ya: 21-09-2013  →  Musubize

njye igitekerezo cyanjye nuko ukundana numukobwa agashaka kukwerekako agukunze ariko mwatandukana cg se muhuye arikumwe nundi boy friend ndiwe akagaragaza kwari ntasano mufitanye murukundo rwanyu

ntambara erie yanditse ku itariki ya: 12-09-2013  →  Musubize

UMUKOBWA NKUMDA ANSABAKO TURYAMANA ARIKO KUBWOGUSENGA CYANE NKANGA AKANJYA UBANDI BAGABO MBESE NAKORA IKI

jotham yanditse ku itariki ya: 24-08-2013  →  Musubize

gukunda ntacyo bimaze uwashaka yanabishingukamo kuko ni uburyarya gusa,abakobwa inda zarabaruse.

phocas yanditse ku itariki ya: 7-08-2013  →  Musubize

gewe iyondimo gukora imibonano n umukunzi wanjye ntaba anamvugisha kandi ndabishoboye rwose hagati aho nifuza guhura nundi muntu nkumva itandikaniro nawe

ariyasi yanditse ku itariki ya: 19-07-2013  →  Musubize

jyewe icyo nabivugaho kugeza ikigihe nabuze umukobwa kuberako basigaye batendeka ntabwo akunda umuhungu umwe ahabwo abahungu dusenge kuko byazatugora
jyemupfashe gusenga 0725826912 Murakoze.

Ntunzwenimana feston yanditse ku itariki ya: 10-06-2013  →  Musubize

Njye mfite ikibazo uwo nkunda we ntabwo ankunda kandi numva mukunze kuburyo budasanzwe kandi nunkunda nanjye simukunda na gato! So nabigenza gute?

Umubyeyi sharifa yanditse ku itariki ya: 17-05-2013  →  Musubize

icyo nange nakongeraho nuko umukobwa ugukunda iyo agusuye aza nkugiye iwabo kdi ubyo umwakirije arabyemera uko byaba bimeze kose.ntibameze nkababandi bakuramenyo.

emma yanditse ku itariki ya: 5-08-2012  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka