Wamenya ute ko umukobwa agukunda?

Kugira ngo umenye ko umukobwa agukunda hari ibimenyetso akora byerekana ko agukunda. Ibimenyetso bikurikira ni ibyo abantu besnhi bakunda guhurizaho.

 akubaha uko uri: arashima, agushima uko akubona. Ushobora kuba hari aho ufite intege nke ariko akagukunda abizi.

 ntagusaba ibyo udafite: bisigaye byarateye ko abakobwa bamara gukundana n’abahungu bagatangira kubagerekaho imitwaro. Umukobwa ugukunda ubona ntacyo agutegerejeho usibye urukundo umukunda.

 ntagira ishyari: umukobwa ugukunda urukundo rw’ukuri ntaguterera induru ngo akubuze amahoro ngo uganira n’abandi bakobwa, ubona akwizeye kandi yiteguye kuguha uburenganzira bwawe.

 igitangaje ni uko umukobwa ugukunda ashobora kukwemerera mugakora byose by’urukundo ariko agatinya ko mwahuza igitsina. Aba yanga ko urukundo rwanyu rwakwicwa no gupfundura agaseke hakiri kare harimo nuko ushobora kumutera inda mukiri bato urukundo n’imibereho bikangirika.

Urukundo gusa ni amayobera byose bisaba gushishoza umusore n’inkumi bakirinda guhubuka, turabizi ko amaraso aba ashyushye kandi urubyiruko rumeze nk’impumyi ku bibazo birwugarije; nk’uko. Tubikesha urubuga Ikibatsi.com.

Usibye ibimenyetso twabonye haruguru, wowe ubona ari bihe bimenyetso byerekana ko umukobwa akunda umuhungu?

Ernest Kalinganire

Ibitekerezo   ( 293 )

jew ndi umurundi burya urukundo nihatari jew nakunz umukobw kand nawenyene akambwira ko ankunda ariko ubu nkaba mbona atanyitayeho kand nkaba mbona uwundi muhungu wumugenzi biyaga bigatuma nibaza ko uwo mugenz wiwanje yoba ariw akunda ariko uw mukobwa aguma ambwira ko ankunda none nimungire inama nkoriki?

nkurunziza claude yanditse ku itariki ya: 19-03-2016  →  Musubize

ndi umurund abaker barayamaz ngo akagumy bagumak sha nimb umukund komez kumbur naw azobon kumukund maz akwemere kand urukund rwany ruzob ruryosh

didi diella yanditse ku itariki ya: 19-03-2016  →  Musubize

urukund rwub namayober mug iyo muhuy mwes mukundan kand mwiyumvanamw atakwikekan ntakibuz urukund ko rukomer ndets mugashik nokuc mwifuz

didi diella yanditse ku itariki ya: 19-03-2016  →  Musubize

Ndi Umurundi Nakunze Umukobwa T Wiga Mu 7 Nubundacamukunda Ariko Yaranse Kunkunda Twiga 10 None Nkore Iki?

KAYIRANGA JUVENAL yanditse ku itariki ya: 14-03-2016  →  Musubize

You can’t be successiful without lover but nigombwa gushyiramo ubushihozi cyane kko abenshi ni ababeshi abandi ni aba escro ni nryarya zida shirimbere ibyagaciro.thx

Emmanuel NSHIMIYIMANA yanditse ku itariki ya: 12-03-2016  →  Musubize

Urukundo Rwubunamayobera Nakunze Umukobwa Mumezi Abiri Anya IMyambaro Ubwonurukundo Cyangwa Niyariyankuye Nti Rwarabye Kuko Twahisetubipfa

Niyoshutifred yanditse ku itariki ya: 7-03-2016  →  Musubize

Urukundo rwubu nihatari usigaye utereta umukobwa hashira igihe undi yamuvugisha afite amafranga wamukobwa akagukatira

Bonne yanditse ku itariki ya: 28-02-2016  →  Musubize

Jewenkunze umukobwa mugabo arikurenzanje kandi iwabo nimuri ville jewe iwacunimucaro ndamukundacane kandi nawe abwirango arankunda ariko jeweniyumvirakoyoba ambesha nimugire inamayiconokora.

Ndayisenga Ferdinand yanditse ku itariki ya: 22-02-2016  →  Musubize

Nda Bashima Kdi Muratwemeza Thx Mukomerezeho. Cyut

Niyogushimwa Aman yanditse ku itariki ya: 10-02-2016  →  Musubize

Nkunda Inkuruzanyunziza Mutujyezaho

Niyogushimwa Aman yanditse ku itariki ya: 10-02-2016  →  Musubize

na shaka munyunganire ndu murundi.narakunze umukobwa cane .naramubwiye ko ndamukunda ariko ntiyanyishuye.mwonfasha iki?

bizimanadesire710 yanditse ku itariki ya: 26-01-2016  →  Musubize

nakunz umukobwa ndabimubwira agiye kunsubiza ansubiza anyandikiye ambwira ko atabishora gukukundana ngo impamvu ntabwo abyiyumvamo ariko kumwikuramo byarananiye pe ndaryama nkamurota none nimungire inama murakoze

francois Niyomugabo yanditse ku itariki ya: 18-01-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka