Wamenya ute ko umukobwa agukunda?

Kugira ngo umenye ko umukobwa agukunda hari ibimenyetso akora byerekana ko agukunda. Ibimenyetso bikurikira ni ibyo abantu besnhi bakunda guhurizaho.

 akubaha uko uri: arashima, agushima uko akubona. Ushobora kuba hari aho ufite intege nke ariko akagukunda abizi.

 ntagusaba ibyo udafite: bisigaye byarateye ko abakobwa bamara gukundana n’abahungu bagatangira kubagerekaho imitwaro. Umukobwa ugukunda ubona ntacyo agutegerejeho usibye urukundo umukunda.

 ntagira ishyari: umukobwa ugukunda urukundo rw’ukuri ntaguterera induru ngo akubuze amahoro ngo uganira n’abandi bakobwa, ubona akwizeye kandi yiteguye kuguha uburenganzira bwawe.

 igitangaje ni uko umukobwa ugukunda ashobora kukwemerera mugakora byose by’urukundo ariko agatinya ko mwahuza igitsina. Aba yanga ko urukundo rwanyu rwakwicwa no gupfundura agaseke hakiri kare harimo nuko ushobora kumutera inda mukiri bato urukundo n’imibereho bikangirika.

Urukundo gusa ni amayobera byose bisaba gushishoza umusore n’inkumi bakirinda guhubuka, turabizi ko amaraso aba ashyushye kandi urubyiruko rumeze nk’impumyi ku bibazo birwugarije; nk’uko. Tubikesha urubuga Ikibatsi.com.

Usibye ibimenyetso twabonye haruguru, wowe ubona ari bihe bimenyetso byerekana ko umukobwa akunda umuhungu?

Ernest Kalinganire

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 293 )

Gukunda nivyiza ariko biragoye kumenya uwukunda niba agukunda byukuri

Rose yanditse ku itariki ya: 25-09-2015  →  Musubize

kimw ntamu6 umukobw nah yob agukund gut yanezerw ur kumw naband

harimungu alain yanditse ku itariki ya: 23-09-2015  →  Musubize

gukunda nivyiza cane iyo uvyitwayemwo neza

willy yanditse ku itariki ya: 21-09-2015  →  Musubize

Ndabakunda cyane! mutubwira inyigisho zubwenge.
Nabazaga ukunda umukobwa atagukunda
Dakota iki?

Juan pablo yanditse ku itariki ya: 8-09-2015  →  Musubize

gukunda nibyiza ariko ntimubishaka kandi
ngobabagire inama gusa inama nabagira murukundo. ntuzifuze kugisha umuntuwese inama uzabikore uko. umutima wawe ukuyobora nahubundi urukundo rwbayenka barafu nakunze umukobwa byarangiye ndikugerageza nokwiyahura imana niyo yakinze ukuboko ubwose muravugikikoko gusa ndabasabiye mwemugikundana

nshimiyimana emile yanditse ku itariki ya: 21-08-2015  →  Musubize

gukunda nibyiza ariko ntimubishaka kandi
ngobabagire inama gusa inama nabagira murukundo. ntuzifuze kugisha umuntuwese inama uzabikore uko. umutima wawe ukuyobora nahubundi urukundo rwbayenka barafu nakunze umukobwa byarangiye ndikugerageza nokwiyahura imana niyo yakinze ukuboko ubwose muravugikikoko gusa ndabasabiye mwemugikundana

nshimiyimana emile yanditse ku itariki ya: 21-08-2015  →  Musubize

Nkunda Umukobwa Ariko Ntarabwira Kankunda Kandi Jewe Ndamukunda Ndabigenze Gute?

Nshimirimana Dieudonne yanditse ku itariki ya: 16-08-2015  →  Musubize

urukundo si umupira si bogisa ahubwo ugomba kurwitondera ukamenya uwomuri gukundana nimuntuki?ukamyenya imyifatire mukunde ntacyo umugamijeho niba hari profit umubmaho nizishira uzacaho but conditional love is true niba aribyabindi byikigihe muzarangizanya gahunda umureke sibyiza injiramo ufite intego ufite gahunda uzi icyo ushaka kugeraho kandi uwomukundwa umugirire self confidance wherever he/she you are whatever you do.bizabafasha kubananeza murukundo muhumwanya ntumufuhire ntumuhozeho ijisho sibyiza kubabarirana ningenzi murirwo turabantu ntituriba malayika amakosa abaho ok muzaganire umukundwa n,umwana mwiza azakumva thanks.

Aime jean yanditse ku itariki ya: 24-07-2015  →  Musubize

mungire inama nakundanye n,umukobwa tumaranye imyaka2 abahanze arampamagara akambwira sinza muhemukire kdi nange ndamukunda ariko arikwiga kaminuza nge narangije s6acc none harigihe mbona nyuma byazahinduka .kandi numva ntamureka mbigenzente?ambwira ngo sinzibyonamuhaye kandi nange ntayindi nkumi ntereta ahubwo zivugako nirata ntazivugisha ok muhambere.

jummy yanditse ku itariki ya: 24-07-2015  →  Musubize

jew nakundany numukobwa hama birashika ndaheba amashure ubu nashaka kuyarangiza mugabo ambwira ngo ndeke ngum ndonder amafrang hama ndamuzan mumpanuy iki ? kandi habura umwaka1kugira mare cycle ya1muri NORMAL mugab mbona naho noyamar ataco azomarira ubu harabavye

niyonzima serges yanditse ku itariki ya: 23-07-2015  →  Musubize

nonese ibyobimenyetso umukobwa yakwereka ko agukunda wabwirwa nikiko atari uburyarya kugirango azabonuko agukurira amenyo rimwenarizima?

Jean claude NIYONSENGA yanditse ku itariki ya: 10-07-2015  →  Musubize

sha!kueli heba there is no love kubera umuntu ukub8ra kwagukunda womenya kwatoguhendaho! dye nahisemo kubireka weukunda umuntu hama uwundi aje ukamubwira ngo uramukunda so naho wozana umugore ntuze umwihebere uzogire akowisigarije!

Thierry yanditse ku itariki ya: 22-06-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka