Wamenya ute ko umukobwa agukunda?

Kugira ngo umenye ko umukobwa agukunda hari ibimenyetso akora byerekana ko agukunda. Ibimenyetso bikurikira ni ibyo abantu besnhi bakunda guhurizaho.

 akubaha uko uri: arashima, agushima uko akubona. Ushobora kuba hari aho ufite intege nke ariko akagukunda abizi.

 ntagusaba ibyo udafite: bisigaye byarateye ko abakobwa bamara gukundana n’abahungu bagatangira kubagerekaho imitwaro. Umukobwa ugukunda ubona ntacyo agutegerejeho usibye urukundo umukunda.

 ntagira ishyari: umukobwa ugukunda urukundo rw’ukuri ntaguterera induru ngo akubuze amahoro ngo uganira n’abandi bakobwa, ubona akwizeye kandi yiteguye kuguha uburenganzira bwawe.

 igitangaje ni uko umukobwa ugukunda ashobora kukwemerera mugakora byose by’urukundo ariko agatinya ko mwahuza igitsina. Aba yanga ko urukundo rwanyu rwakwicwa no gupfundura agaseke hakiri kare harimo nuko ushobora kumutera inda mukiri bato urukundo n’imibereho bikangirika.

Urukundo gusa ni amayobera byose bisaba gushishoza umusore n’inkumi bakirinda guhubuka, turabizi ko amaraso aba ashyushye kandi urubyiruko rumeze nk’impumyi ku bibazo birwugarije; nk’uko. Tubikesha urubuga Ikibatsi.com.

Usibye ibimenyetso twabonye haruguru, wowe ubona ari bihe bimenyetso byerekana ko umukobwa akunda umuhungu?

Ernest Kalinganire

Ibitekerezo   ( 294 )

nakunz umukobwa ndabimubwira agiye kunsubiza ansubiza anyandikiye ambwira ko atabishora gukukundana ngo impamvu ntabwo abyiyumvamo ariko kumwikuramo byarananiye pe ndaryama nkamurota none nimungire inama murakoze

francois Niyomugabo yanditse ku itariki ya: 18-01-2016  →  Musubize

Umuko bwa mutari kumwe wobimenya gut ko agukunda wara musavye urukundo

ARINE yanditse ku itariki ya: 15-01-2016  →  Musubize

umukobwa nkunda mukunz umwaka atabizi arko bimwereka nabimusavye tariki ya10 none nkore iki ngo akomeze kunkunda.?

Pierre psm@ yanditse ku itariki ya: 13-01-2016  →  Musubize

NDI UMURUNDI GUKUNDA NIKIBAZO GIKOMEYE KUKO ABAKOBWA BENSHI NABABESHI NONE KO JEW NABUZE UMUKOBWA WUKURI BOS BASHAKA KURYA UMUHUNGU GUSA KAND NTAWONEZERWA ABONA UVUGANA NABANDI

NSANZIMANA JAPHET yanditse ku itariki ya: 9-01-2016  →  Musubize

Gukunda Ugakundwa Biradyoshe Cane

Jean Claude yanditse ku itariki ya: 6-01-2016  →  Musubize

GUKUNDWA NI UMUGISHA GUSA ICYO TUGOMBA KWIRINDA AKAJAGARI.UGAKUNDANA NUMUNTU UMWE BITABAHIRA UKABONA UGASHAKA UNDI MUKUNZI PLEASE BYOSE MUGUCABUGUFI NO GUSHISHOZA , KUBABARIRANA KDI UMUNTU NI UMUNTU.

FANNY UWAYO yanditse ku itariki ya: 9-12-2015  →  Musubize

Ntamukobwa Yemera Ko Umuvanga Nabandi.

CHADRACK Niyonkuru yanditse ku itariki ya: 4-12-2015  →  Musubize

Ntamusi Numwe Umukobwa Ahimbarwa Abonye K’umuvanga.

CHADRACK yanditse ku itariki ya: 4-12-2015  →  Musubize

uzamureke uzasha keundi tu!

DUSHIMIRIMANA yanditse ku itariki ya: 26-11-2015  →  Musubize

Nje Ndi Mu Burnd Nakunze Umukobwa Ariko Ntiyigera Anbwira Kankunda Abyandi Muri Sms Cank Akabivuga Kw’ifone Nagomba Mungirinama Nokor’ iki?

Ndayishimiye Fabrice yanditse ku itariki ya: 14-11-2015  →  Musubize

nikibazo nkundana numukobwa pe ndamukunda cyane rwose kdi ntacyo adakora ngo abone nishimye ,ntangora kdi mbona anyubaha kdi akanyubahira nabanjye ark ngira ubwoba namwiha wese ngasanga n’uburyarya ndifuza inyunganizi mbaye mbashimiye

kubwayo vital yanditse ku itariki ya: 11-11-2015  →  Musubize

nakundanye numukobwa imyaka 2 , but now mbona urukundo hagati yanjye nawe rugabanuka buhoro buhoro. ndamukunda gerageza kubimwereka gusa nawe ambyira ko ankunda, nakoriki kugirango mbone ko ambyizukuri? ntinya kuba nakwihebera umuntu atankunda byukuri.

Janvier Dusabimana yanditse ku itariki ya: 31-10-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka