Wamenya ute ko umukobwa agukunda?
Kugira ngo umenye ko umukobwa agukunda hari ibimenyetso akora byerekana ko agukunda. Ibimenyetso bikurikira ni ibyo abantu besnhi bakunda guhurizaho.
– akubaha uko uri: arashima, agushima uko akubona. Ushobora kuba hari aho ufite intege nke ariko akagukunda abizi.
– ntagusaba ibyo udafite: bisigaye byarateye ko abakobwa bamara gukundana n’abahungu bagatangira kubagerekaho imitwaro. Umukobwa ugukunda ubona ntacyo agutegerejeho usibye urukundo umukunda.
– ntagira ishyari: umukobwa ugukunda urukundo rw’ukuri ntaguterera induru ngo akubuze amahoro ngo uganira n’abandi bakobwa, ubona akwizeye kandi yiteguye kuguha uburenganzira bwawe.
– igitangaje ni uko umukobwa ugukunda ashobora kukwemerera mugakora byose by’urukundo ariko agatinya ko mwahuza igitsina. Aba yanga ko urukundo rwanyu rwakwicwa no gupfundura agaseke hakiri kare harimo nuko ushobora kumutera inda mukiri bato urukundo n’imibereho bikangirika.
Urukundo gusa ni amayobera byose bisaba gushishoza umusore n’inkumi bakirinda guhubuka, turabizi ko amaraso aba ashyushye kandi urubyiruko rumeze nk’impumyi ku bibazo birwugarije; nk’uko. Tubikesha urubuga Ikibatsi.com.
Usibye ibimenyetso twabonye haruguru, wowe ubona ari bihe bimenyetso byerekana ko umukobwa akunda umuhungu?
Ernest Kalinganire
Ibitekerezo ( 288 )
Ohereza igitekerezo
|
gukunda nibyiza mubuzima kumuntu muzima bibaho ariko mbona guhitamo umuntu uzakugerera kubyishimo byawe byitonderwa basore twitonde dushishoze tubifashijwemo n’lmana kdi dushake akantu nkuko ufite amata watoranya injangwe ,twongeyeho kwiyubaha muburyo bwose ok.
Ndagira Abakobwa Inama Ko Bakwiye Gukunda Abahungu Ariko Biga Kubyabateza Imbere, Kdi Umukobwa Yakunda Umuhungu Akamenya Ngo Nuwe Akunze Akirinda Gutesha Abandi. Umuhungu Ashobora Kwanga Abakobwa Bose Akizera Wawundi Kdi Amutendetse, Urumva Ko Mubyukuri Aba Atari Umwana Mwiza.
Njye Mbonakubasore Tugokwitonda Kukoiyoutangiye Kuryananu,umukobwa Mutubari Ariwowewishyura Naweabontakindiyaguha uretsekuryamana.Kandintimwipimishije?Ugasanganimyaku!
gukunda biragoye byabaye business
kuki warongora umukobwa utazi?usanzese Atari umukobwa wabigenza gute hanyuma wamaze kumwinjiza munzu yawe?bisexe?ntawe norongora tutararyamana
Tugomba Kwifata Tu!!
Njyewe 20years ariko ntashuti mfite mbona abakobwa benshi beza uwo mpisemo iyo turi kumwe mbura amagambo mubwira gusa numva nishimye iyo turikumwe mungire inama yuko nakwifata ndikumwe nawe.
njye uwo nakunze mbona ntacyo antwaye kuko ntacyo anyaka uretseko ndi umushomeri ndamucunga muburyo bwose bufatika ntanca inyuma.gusa ndamukunda kdi nawe arankunda ubwo mwe ntarukundo mugira,icyo mwatse cyose arakimpa mbega ndamwemera.
Urukundo ni rwiza kandi ruraryoha pe! Ariko abakobwa bikigihe iyo mukundana k’umusore uzi kureba kure iyo witegereje neza usanga akwerekako agukunda nyamarawe aba,anitegereza neza uko wowe musore umutereta uko uhagaze mumufuka hawe,ibyo utunze cyangwase niba utarabigeraho ko ejo cyangwa ejobundi haricyo uzageraho bitewe nah’uri cg umurimo ukora none rero Inama natanga kubasore bagenzi banjye n’uko ugomba gushishoza ntutwarwe n’urukundo gusa utaramenya ikibyihish inyuma kandi ko niba ukunze umukobwa ntugomba kumwimariramo wese kuko bimwe mubyo yariyizeye kuri wowe ashobora kutabikubonaho agahita ahindura icyerekezo noneho nawe ukisanga usigaye ahantu habi cyane kimwe nuko ibyo agusabye byose ushobora kubimuha kugirango umushimishe yabimara nubundi akagusiga nta nikintu wifitiye, ahaaa Basore dusenge Imana izabidufashemo!! murakoze.
Mubisabe Imana gukunda murikigihe biragaye ndamukabwa wasang’adatendetse nibyobgeze murikigihe kubakobwa abasore mwitonde mushishoze kdi mbereyokugirango mwinjyire murukundo umanze umenye ukoyitwara Iwabo umanze urambagize ababgeyibe nusang’abubaha uzafatireho nusanga akubona ugasanga nimbwo yibutse mumenya ko pere we karibwo amutegurira Amasogisi yokwambar’azab,akubesha uzarekere MUGIRE AMAHORO
Jew umukobwa dukundanye arankunda cane goseamariko ntanyizera yibaza ko jewe ntamukunda.ariko ndamukunda cane gose nanje .
NI PATLICK RWAMAGANA GEWE NARAKUNZE NANJYE NDAKUNDWA