Wamenya ute ko umukobwa agukunda?

Kugira ngo umenye ko umukobwa agukunda hari ibimenyetso akora byerekana ko agukunda. Ibimenyetso bikurikira ni ibyo abantu besnhi bakunda guhurizaho.

 akubaha uko uri: arashima, agushima uko akubona. Ushobora kuba hari aho ufite intege nke ariko akagukunda abizi.

 ntagusaba ibyo udafite: bisigaye byarateye ko abakobwa bamara gukundana n’abahungu bagatangira kubagerekaho imitwaro. Umukobwa ugukunda ubona ntacyo agutegerejeho usibye urukundo umukunda.

 ntagira ishyari: umukobwa ugukunda urukundo rw’ukuri ntaguterera induru ngo akubuze amahoro ngo uganira n’abandi bakobwa, ubona akwizeye kandi yiteguye kuguha uburenganzira bwawe.

 igitangaje ni uko umukobwa ugukunda ashobora kukwemerera mugakora byose by’urukundo ariko agatinya ko mwahuza igitsina. Aba yanga ko urukundo rwanyu rwakwicwa no gupfundura agaseke hakiri kare harimo nuko ushobora kumutera inda mukiri bato urukundo n’imibereho bikangirika.

Urukundo gusa ni amayobera byose bisaba gushishoza umusore n’inkumi bakirinda guhubuka, turabizi ko amaraso aba ashyushye kandi urubyiruko rumeze nk’impumyi ku bibazo birwugarije; nk’uko. Tubikesha urubuga Ikibatsi.com.

Usibye ibimenyetso twabonye haruguru, wowe ubona ari bihe bimenyetso byerekana ko umukobwa akunda umuhungu?

Ernest Kalinganire

Ibitekerezo   ( 294 )

hari abakobwa bakunda kugira blague cyane ukamubaza ngo urankunda akakubwira ngo ntanubwo yigeze kugukunda nyamara umusore ubimubajije ntabwo agomba kwiyumvisha ko ari blague gusa nzi umukobwa byigeze kubaho amaranye nuwo musore umwaka umwe amubajije amusubiza gutyo kandi uwo msore yari afite gahunda yo kumushyira mumago kubera ako kabazo yibuka ukuntu yari yakatiye abakobwa benshi ngo uyv niwo tuzarushingana noneho ukuntu bwaje kugenda yaje kugaruka amubwira ngo zari blague umusore at’wambwiye ngo ntiwanigeze kunkunda’ nyamara uwo mkobwa yaramukundaga pee kubera ibyo uwo mkobwa yahebeye urwaje nyine aba amuhombye gutyo ndashishikariza abakobwa kumenya uko bitwara kubasore bakundana niba unamubwiye gutyo hitako umubwira ko wamubeshyaga ntabwo wagenda ukamara ukwezi utaramubwira ko wamubeshye akasusho uwo mkobwa yabimubwiye agiye kujya ku ishuri murako ze nizf nama zanjye unashaka wanyita jaypeace,calvin,klein,chochonicho murakoze kandi mugire umunsi mwiza bye

nishimwe manasse keylove yanditse ku itariki ya: 5-04-2015  →  Musubize

None Wamenya Gute Yuko Muzabana Akara Mata Ariko Hagataho Nabuze Uwashyika Kumutima Pe

Nsengumuremyi Pascal yanditse ku itariki ya: 19-03-2015  →  Musubize

Urukundo rw,ubu ni kash bila kashi haupendwi hata kidogo. Gukunda bifatwa nk,iraha,raha nayo ni gharama.inabidi kijana awe na pocket full of monney.

Dieudonne nduwayzu burundi, karusi ,gitaramuka ,kibenga. yanditse ku itariki ya: 21-02-2015  →  Musubize

Ubu ataco ufis ntajambo m,urukundo kuko ubwiy,umuntu kumukuda first of all abanza kuraba ic,ufis akabona kuguha inyishu nziza cank mbi.

Dieudonne nduwayzu burundi, karusi ,gitaramuka ,kibenga. yanditse ku itariki ya: 21-02-2015  →  Musubize

Muraho! Arikosi nimpavuki abari bakunda Amafranga kurusha abantu? Ubwose ubwo babonako bafite urukundo koko? Inama Nabagira nukobagabanya Iyongeso pe! Kdi Niba nabatype Tumezegutyo Byabataribyiza namwe nabagira Inama Yokwihesha Agaciro gukura Oya Bibi tu!! Murakoze!

Alias yanditse ku itariki ya: 11-02-2015  →  Musubize

fite umugenzi w’umukobwa ariko naramukunze vyatase kondabimubwira nobimubwira gute?nkyuti zajye mubinfashe.

ndirariha celeus yanditse ku itariki ya: 6-01-2015  →  Musubize

nabuzumukob nzakunda

niyonshuti yanditse ku itariki ya: 2-01-2015  →  Musubize

Abakobwa bikig nibabi barafatafata

Shema yanditse ku itariki ya: 4-12-2014  →  Musubize

Narukundo rukiriho bagenzi!

uwahezagiwe yanditse ku itariki ya: 6-11-2014  →  Musubize

ntarukundo rukiriho!uwo ukunze uyumusi buraca agehemuka!

uwahezagiwe yanditse ku itariki ya: 6-11-2014  →  Musubize

ibyubu ni danje beshi twikundira abakobwa beza kandi umukobwa mwiza siwowe ubonako arimwiza gusa ujye wibuka ko abeza bapfubusa maze ukunde uwuzakujyirira umumaro

bachir niyonsenga yanditse ku itariki ya: 28-10-2014  →  Musubize

Abakobwa baratubeshya harigihe Ukunda Umukobwa Ugasanga Atakwemera

Alias yanditse ku itariki ya: 19-10-2014  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka