Wamenya ute ko umukobwa agukunda?
Kugira ngo umenye ko umukobwa agukunda hari ibimenyetso akora byerekana ko agukunda. Ibimenyetso bikurikira ni ibyo abantu besnhi bakunda guhurizaho.
– akubaha uko uri: arashima, agushima uko akubona. Ushobora kuba hari aho ufite intege nke ariko akagukunda abizi.
– ntagusaba ibyo udafite: bisigaye byarateye ko abakobwa bamara gukundana n’abahungu bagatangira kubagerekaho imitwaro. Umukobwa ugukunda ubona ntacyo agutegerejeho usibye urukundo umukunda.
– ntagira ishyari: umukobwa ugukunda urukundo rw’ukuri ntaguterera induru ngo akubuze amahoro ngo uganira n’abandi bakobwa, ubona akwizeye kandi yiteguye kuguha uburenganzira bwawe.
– igitangaje ni uko umukobwa ugukunda ashobora kukwemerera mugakora byose by’urukundo ariko agatinya ko mwahuza igitsina. Aba yanga ko urukundo rwanyu rwakwicwa no gupfundura agaseke hakiri kare harimo nuko ushobora kumutera inda mukiri bato urukundo n’imibereho bikangirika.
Urukundo gusa ni amayobera byose bisaba gushishoza umusore n’inkumi bakirinda guhubuka, turabizi ko amaraso aba ashyushye kandi urubyiruko rumeze nk’impumyi ku bibazo birwugarije; nk’uko. Tubikesha urubuga Ikibatsi.com.
Usibye ibimenyetso twabonye haruguru, wowe ubona ari bihe bimenyetso byerekana ko umukobwa akunda umuhungu?
Ernest Kalinganire
Ibitekerezo ( 293 )
Ohereza igitekerezo
|
Murakz cyane
Ndifuza umukunzi unyitah twokwan ibih vyos
Umukobwamutaravugana wamenyako agukunda ubirebeye.
Eseumukobwa.ugukunda.wamumenyaute?
ndabashimiye cyane kunama mugend muduhe bitumye menya neze umukobwa dukundana kibyo yambwirag kwarukuri igisigay nukwibanir burund kabisa.
Weho wararose uwo mwobana mugahuza ibitekerezo naho twe bagomba ko tubakorera vyose
Turabashima ku nama nziza muduha.
Wamenya gute ko umukobwa akwanga
none womenya gut ko umukobwa agukunda mutaravugana?
Ewan murakoze cyane pe mutumye nunguka ubundi bumenyi kuringe kuberako umuhungu akubwirako agukunda ugasanga ubuze icyo umusubiza kubera ukuntu ibintu byahindutse kbx.
Birasho bokako wamenya neza ko umukobwa agukunda mutara vugana bitewe nibikorwa agukorera
Birasho bokako wamenya neza ko umukobwa agukunda mutara vugana bitewe nibikorwa agukorera
Birasho bokako wamenya neza ko umukobwa agukunda mutara vugana bitewe nibikorwa agukorera
turabashimira kurivyo Mudukorera kand mwoguma muduha nibind bitekerezo kuk
biratwigisha murkoze
kubona umukobwa ufite urukundo rwukuri muricyigihe nago byoroshe peeeeeeeeee arko wenda barahari gusa nibacye
Ewan murakoze cyane intama zanyu ningirakamaro!
turabemera muduhe n’ubusobanuro bwizina aphrodis
turabemera muduhe n’ubusobanuro bwizina aphrodis
Musobanurire izina Allani na Eliya hamwe naElie muraba mukoze.
Musobanurire izina Allani na Eliya hamwe naElie muraba mukoze.
Musobanurire izina Allani na Eliya hamwe naElie muraba mukoze.
Musobanurire izina Allani na Eliya hamwe naElie muraba mukoze.
MUZATUBWIRE URAMUTSE UBWIYE UMUKOBWA KO UMUKUNDA AKAKUBWIRA KO AKUNDA UNDI WAKORA IKI? MURAKOZE