Wamenya ute ko umukobwa agukunda?

Kugira ngo umenye ko umukobwa agukunda hari ibimenyetso akora byerekana ko agukunda. Ibimenyetso bikurikira ni ibyo abantu besnhi bakunda guhurizaho.

 akubaha uko uri: arashima, agushima uko akubona. Ushobora kuba hari aho ufite intege nke ariko akagukunda abizi.

 ntagusaba ibyo udafite: bisigaye byarateye ko abakobwa bamara gukundana n’abahungu bagatangira kubagerekaho imitwaro. Umukobwa ugukunda ubona ntacyo agutegerejeho usibye urukundo umukunda.

 ntagira ishyari: umukobwa ugukunda urukundo rw’ukuri ntaguterera induru ngo akubuze amahoro ngo uganira n’abandi bakobwa, ubona akwizeye kandi yiteguye kuguha uburenganzira bwawe.

 igitangaje ni uko umukobwa ugukunda ashobora kukwemerera mugakora byose by’urukundo ariko agatinya ko mwahuza igitsina. Aba yanga ko urukundo rwanyu rwakwicwa no gupfundura agaseke hakiri kare harimo nuko ushobora kumutera inda mukiri bato urukundo n’imibereho bikangirika.

Urukundo gusa ni amayobera byose bisaba gushishoza umusore n’inkumi bakirinda guhubuka, turabizi ko amaraso aba ashyushye kandi urubyiruko rumeze nk’impumyi ku bibazo birwugarije; nk’uko. Tubikesha urubuga Ikibatsi.com.

Usibye ibimenyetso twabonye haruguru, wowe ubona ari bihe bimenyetso byerekana ko umukobwa akunda umuhungu?

Ernest Kalinganire

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 293 )

Nivyukuri Ukunde Uwugukunda

Banyankimbona Fabrice yanditse ku itariki ya: 3-05-2016  →  Musubize

Nakunze Umukobwa Aca Atwara Inda Atari Iyanje None Ngumendamukunda canke Ndamuhebe?

Banyankimbona Fabrice yanditse ku itariki ya: 3-05-2016  →  Musubize

mubyukuri urukundo rwikigihe rwajemo akantu

cyprien yankurije yanditse ku itariki ya: 28-04-2016  →  Musubize

OK MURIGUMVYA PE!

Kagoma javan yanditse ku itariki ya: 27-04-2016  →  Musubize

iyo ukunze nawe ugukunda wumua ufite umukunzi mweza.komeza ukunde uwomwana

Abijuru esperance yanditse ku itariki ya: 25-04-2016  →  Musubize

iyo ukunze nawe ugukunda wumua ufite umukunzi mweza.komeza ukunde uwomwana

Abijuru esperance yanditse ku itariki ya: 25-04-2016  →  Musubize

urukundo rwubu ruratangaj kuk abakobwa besh bagusab ivy utar buronk arik nab ntibaguh

methode yanditse ku itariki ya: 18-04-2016  →  Musubize

Kund ugukund kuk kirazirazr kwiruk kuwatagushaka kuk har bensh uft amahrw yo gukund uwo ushats kand mwiz

Leonidas yanditse ku itariki ya: 17-04-2016  →  Musubize

MFISE UMUKOBWA TUBANA MURUPANGU AFISE UNDI BAKUNDANA ARIKO WEWE NTAVYEMERA KO BIKUNDANYE ASHAKA NGO DUKUNDANE NKAGUMANA AMAKENGA NKENEYE IMPANURO MURAKOZE

HAZAD yanditse ku itariki ya: 8-04-2016  →  Musubize

nanjye ndi murukundo ark sinemeza ko uwo turubanye mo ko ankunda koko rero ni amayobera

nkurikiyeyesu alexandre yanditse ku itariki ya: 5-04-2016  →  Musubize

Inamananagira abakundanukowakunda ugukundakuko uwo ukunda akunda abandi ugafata ikemezonkumuntuwumugabontabe umwanamubyo ukora.murakozekunva igitekerezocyange

Mpawenayo Eliezel yanditse ku itariki ya: 28-03-2016  →  Musubize

EREGA BIBAHO ARIKO NUKWIHANGANA KDI WIBUKEKO BAVUGANGO KUNDA UGUKUNDA KUKUWUKUNDA AKUNDA ABANDI BANZA UMENYENGO ESE NTAWUNDI AFITE ?NONEHO UFATUMWANZURO WICYO WAKORA MUVANDI KANDI WIHANGANE URUKUNDO NIKO RUMERA

UWAMAHORO PASCALINE yanditse ku itariki ya: 22-03-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka