Wamenya ute ko umukobwa agukunda?

Kugira ngo umenye ko umukobwa agukunda hari ibimenyetso akora byerekana ko agukunda. Ibimenyetso bikurikira ni ibyo abantu besnhi bakunda guhurizaho.

 akubaha uko uri: arashima, agushima uko akubona. Ushobora kuba hari aho ufite intege nke ariko akagukunda abizi.

 ntagusaba ibyo udafite: bisigaye byarateye ko abakobwa bamara gukundana n’abahungu bagatangira kubagerekaho imitwaro. Umukobwa ugukunda ubona ntacyo agutegerejeho usibye urukundo umukunda.

 ntagira ishyari: umukobwa ugukunda urukundo rw’ukuri ntaguterera induru ngo akubuze amahoro ngo uganira n’abandi bakobwa, ubona akwizeye kandi yiteguye kuguha uburenganzira bwawe.

 igitangaje ni uko umukobwa ugukunda ashobora kukwemerera mugakora byose by’urukundo ariko agatinya ko mwahuza igitsina. Aba yanga ko urukundo rwanyu rwakwicwa no gupfundura agaseke hakiri kare harimo nuko ushobora kumutera inda mukiri bato urukundo n’imibereho bikangirika.

Urukundo gusa ni amayobera byose bisaba gushishoza umusore n’inkumi bakirinda guhubuka, turabizi ko amaraso aba ashyushye kandi urubyiruko rumeze nk’impumyi ku bibazo birwugarije; nk’uko. Tubikesha urubuga Ikibatsi.com.

Usibye ibimenyetso twabonye haruguru, wowe ubona ari bihe bimenyetso byerekana ko umukobwa akunda umuhungu?

Ernest Kalinganire

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 288 )

Mfite umukobwa dukundana ariko iyo ndamusavye umwanya ambwingo ntawo azokwigera aronka akavuga ko iyo bakundanye numuntu nta vyama rendez-vous ariko iyo ndamubajije yuko ankunda avuga ko mubo amaze gukunda bose atanumwe yari bwakunde nka jewe.None mwumva uyo muntu arankunda vyukuri?Canke nukuntesha umwanya gusha?Giricomumfajije!!

Kamana Augustin yanditse ku itariki ya: 3-07-2016  →  Musubize

Mwonfasha iki ko nkunze umukombwa mugabo ntanyitaho nukuvuga ntampa numwanya ukwye wibiyago.

J.M. yanditse ku itariki ya: 22-06-2016  →  Musubize

Nkunze Umukobwa Ntashaka Ko Nomuheba Mwomfasha iki?

Apolineri yanditse ku itariki ya: 21-06-2016  →  Musubize

Nanje Ndakunze Mwomfasha Iki?

Apolineri yanditse ku itariki ya: 21-06-2016  →  Musubize

nakunz umukobw ndagnda ndamubwir kuncur ya1 ko ndamukund ambwir ko bitokund kuk ari muvyar wanj ndabireka nubund biranyankir nsubiray aranga non ubu naj ga mwandikir ut sms ndamufona ndamubwir ko nshaktk twakundan cank nkiy tur kumw njakund kumubwir k yanyans agahit yisekera non ubu aheruts kubwirak nic arumut ng namuhay wamufash!anyandikiy akandika ng cheri non nabuz ic mfat nic ndka nkibaz niba yanyemey cank ko kwab arukunyumv!.Mumfashij iki?

alias yanditse ku itariki ya: 21-06-2016  →  Musubize

fise umukobwa ankunda naje nu bwambere nkunze nawe arabimenyerey

ntwari cedrick yanditse ku itariki ya: 17-06-2016  →  Musubize

Nange Nkunda Umuhungu Wumunye Shuri Yiga Mu4 Segonderi Ariko Sina Bimubwira Kandi Amaze Kunsoma Inshuro Ebyiri Nawe Ntabyo Abwira ,nibaza Niba Arukwishimisha Bikanshanga,niwewenyine Nabankunze Bya Nyabyo Ariko Ndi Tinya Kuberako Nkora Akazi Komurugo,gusa Sinzi Tu,,

Diane yanditse ku itariki ya: 15-06-2016  →  Musubize

Mfiskibazo Nkunze Umukobwa Ntiyize Ariko Jenarize.Ibazo Nukomuri Famill Bzohava Bamunyankira.Mbigenzente?

Alias yanditse ku itariki ya: 13-06-2016  →  Musubize

byarateye ko umukobwa umuvugisha nkaho yaguteze amatwi agahita agutega ko umugurira. ese kugurira umukobwa bizambere y’uko umubwira ikikuri k’umutima?

juvenal black yanditse ku itariki ya: 12-06-2016  →  Musubize

alright. Ndabakunda kabisa.!!

Bizimana Paul yanditse ku itariki ya: 12-06-2016  →  Musubize

uruku ndo ni urugendo rusaba ubushishozi

mandera yanditse ku itariki ya: 12-06-2016  →  Musubize

Iyo Umukobwa Umusabye Kwagusura Akabyanga Ntabwo Abagukunda Cyangwa Ukamusaba Komuserukana Akabyanga Nawe Uhita Ubona Kwatagukunda Ikindi Iyatakwemera Umukoraho Akakwiyaka Kandi Ndiyumva Ibyumubwira Iyo muganira Uba Umeze Nkuta Inyuma Yahuye

Nshimiyimana Fabien yanditse ku itariki ya: 11-06-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka