My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1428 )

mwadufasha ko natwe dufite impano yo kwiga name inyamaswa?

abizera eiyse yanditse ku itariki ya: 1-10-2015  →  Musubize

turashima nyakubahwa perezida warepeburika koya duhaye umuhanda wakaburimbo kibuye cyangugu ukaba ugiye kuzura imana ikomezekumurinda akomeze kutuyobora tumurinyuma

BIZIMANA BIENVENUE yanditse ku itariki ya: 27-09-2015  →  Musubize

Aliko iyi Kigalitoday;inkuru yandika kuli Kirehe inyinshi ko mbona bibanda ku bibi ntabyiza bihali bakwandikaho koko?

Gapy yanditse ku itariki ya: 27-09-2015  →  Musubize

Turashimira Perezida Paul Kagame,ariko abaturage batuye muri za centres za Cyabwana,Nyagahita(MIMULI_Nyagatare), Gihengeri(MUKAMA-nyagatare),turamutakambiye kuko icuraburindi ritumereye nabi,turamusaba ko yatwibuka nk’abandi banyarwanda,turasaba Kigalitoday kuzadusura bishobotse ikatubera umuvugizi ba GITIFU NA MEYOR ntacyo batumariye

Tuyizere ALPHONSE yanditse ku itariki ya: 23-09-2015  →  Musubize

Abana bata amashuri nibakurikiranwe kdi berekwe ibyiza byo kwiga batazahava batwarwa abagabo(abagore)bagiye gusomesha ahandi.

Alias yanditse ku itariki ya: 17-09-2015  →  Musubize

Gitifu w’umurenge wa Ngarama /Gatsibo arakoresha itera bwoba
ubwo nibyo bantu ?

papulo yanditse ku itariki ya: 17-09-2015  →  Musubize

mu karere ka gicumbi umurenge wa bukure , ntakizere cyo kubona amazi dufite rwose , mutureme agatima naho ubundi turi mw,icuraburindi.

owen yanditse ku itariki ya: 11-09-2015  →  Musubize

hano mu karere ka huye mukagali ka kabuye ubuyobozi nibudutabare kukibazo cyo kubura amazi biri gutuma indwara ziyongera

Florent yanditse ku itariki ya: 8-09-2015  →  Musubize

mugitondo cyo kuwa 06/09/2015
haramasiganwa y’amagare
mumuhanda wa tapi rouge ugana nyabugogo
byari bishyushye binogeye amaso

0131881532 yanditse ku itariki ya: 6-09-2015  →  Musubize

IGICUMBA BIRAKABIJE IKIBAZO CYUMWANDA MUNGO HARABAKIRARANA NAMAYUNGO MUNZU MURAKOZE ARIKO MUTUBARIZE UMUYOBOZI KO ABIZI

ALIAS yanditse ku itariki ya: 3-09-2015  →  Musubize

A karere ka huye kamaze kwiyubaka aribyo bituma kaza imbere mu mihigo ariko I Simbi umwe mu mirenge ikagize ho siki bimeze kuko aho kubyukira ku murimo umubare munini babyukira mukabari banwa inzoga zibikorano zizwi kwizina ryigikwangari iriko bigashyigikirwa nabayobozi kuko abagicuruza batanga Ruswa kubayobozi? turatabaza u rwego rwakarere kuko amakimbirane arimumiryango ahanini arigukururwa nizo nzoga?

juvenal ndatimana yanditse ku itariki ya: 30-08-2015  →  Musubize

se ko ntamakuruyo muri karitie tubo nukuvugako ngororere karitie ari sawa ahitwa mu murenge wa hindiro haravugwa umukobwa wataye umwana wamezi7 muriwese kdi uwamuhaye imiti yogukuramo inda aracyidegebya mubaturage umukombwa we ari mumaboko ya porise kabaya,

Harindintwari gedeon yanditse ku itariki ya: 24-08-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka