My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Mwiriwe birababaje kubona umuyobozi wibitaro bya kibirizi muri gisagara yiba igikoresho kibitaro ubu akaba acumbikiwe muri station yaporisi kugisagara

alias yanditse ku itariki ya: 1-05-2015  →  Musubize

biravugwa ko uwahoze ashinzwe iterambere ry’ubukunguu Buntu ezzechiel yatawe muri yombi mu karere ka Rubavu

ikizanye yanditse ku itariki ya: 21-04-2015  →  Musubize

mwaramutse nifuzagako mwazasura akarere karuhango mukagali kabunyogombe nukuri ntamazi ntamuriro nibaza icyotwakosheje nkakibura muzadusure mumudugudu wa bugarura murebe ko tubayeho turimubwigunge murakoze

habagusenga samwel yanditse ku itariki ya: 21-04-2015  →  Musubize

turashimira umunyamakuru wa Kigali today uburyo adufasha kumenya amakuru yakarere kacu kanyagatare ariko tumusaba nokujajya ajya mubitaro kureba ibiberayo kandi mujye mutugezaho amakuru mushya

omar yanditse ku itariki ya: 19-04-2015  →  Musubize

Tubashira amakurumeza muduha gusa nabasabango mudusobanurire birambuye kuri WDA no kwaplaying uko bimeze byaraducanze ndetse nibisabwa murakoze.

Samuel UWIMANA yanditse ku itariki ya: 17-04-2015  →  Musubize

ndabashimiyekubw’amakuru muduha mukomereze aho

kwizera jean bosco yanditse ku itariki ya: 16-04-2015  →  Musubize

Dukundane,,tuzamutora

Jozerine yanditse ku itariki ya: 15-04-2015  →  Musubize

umushoferi wimodoka iyo yarwaye abajyenzi bagenda bate?cg asinziriye atwaye ntibakora accident?HE Niwe Dushaka Yadukuye Mwicuraburind Aduha Urumuri Rwikizere ,none Turakataje Mukubaka Igihugu Cyacu Cyurwanda,101], RIgomba Kuvugururwa!

Faidah Aline yanditse ku itariki ya: 13-04-2015  →  Musubize

nanjye nkumunyarwandakazi wejohazaza numvanifuzako itegeko ryahinduka president wacu akaguma kutuyobora kuko ibikorwabye namahanga abireberaho.

donatha yanditse ku itariki ya: 13-04-2015  →  Musubize

muraho;ndi mubatuye akarere ka rwamagana ndashima imikorere y’abayobozi bashya dufite; tugize amahirwe ingingo yi 101 yo mû itegeko nshinga igahinduka;tugakomeza kuyoborwa na nyakubahwa président wacu: byadufasha PE.

sheja yanditse ku itariki ya: 13-04-2015  →  Musubize

Nta Mutoza Usimbuza Umukinnyi Kandi Ariwe Uri Gutsindira Ikipe Umusaza Nayobore Arabishoboye Kandi Ibikorwa Bye Birivugira Ok.

Basile Ntabanganyimana yanditse ku itariki ya: 12-04-2015  →  Musubize

mukomerez h kuko muduha amakuru mashya

baba yanditse ku itariki ya: 10-04-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka