MENYA UMWANDITSI

  • Kenya: Umugore akurikiranyweho kwiba abana akabagurisha

    Umugore witwa Miriam Wesonga yafashwe n’inzego z’umutekano nyuma y’uko hari umuturage wamubonye yiruka ahunga kandi yaravuzweho kuba yaribye umwana muri Werurwe 2023.



  • Silvio Berlusconi

    Silvio Berlusconi wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani yitabye Imana

    Silvio Berlusconi, wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani yitabye Imana kuri uyu wa Mbere tariki 12 Kamena 2023, afite imyaka 86 y’amavuko, umugabo uvugwaho kuba yaravuguruye cyane politiki y’u Butaliyani.



  • Niger: Umutekano mucye watumye amashuri afungwa

    Ibigo by’amashuri bisaga 900 byarafunzwe kubera ikibazo cy’umutekano mukeya mu gace Tillabéri mu Majyepfo y’u Burengerazuba bwa Niger.



  • Tanzania: yasambanyije umwana, ahanishwa gufungwa burundu

    Urukiko rwo mu Karere ka Iringa, rwahanishije igihano cyo gufungwa burundu no kwishyura amande y’Amashilingi Miliyoni eshanu ya Tanzania, umugabo witwa Method Muhimba w’imyaka 33, nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gufata ku ngufu umwana w’imyaka icumi (10), wiga mu mwaka wa Gatanu w’amashuri abanza.



  • U Rwanda mu rugamba rwo guca amasashe n’ibikoresho bya Pulasitiki bikoreshwa inshuro imwe

    Mu minsi ishize, umwe mu bacuruzi bafite ahantu hacururizwa ikawa yo kunywa mu Rwanda, yahuye n’ikibazo cyahungabanyije ubucuruzi bwe ku buryo n’ubu butarongera gusubira ku rwego bwari buriho.



  • Australia: Abantu 10 baguye mu mpanuka bavuye mu bukwe

    Abantu 10 bari bavuye mu bukwe baguye mu mpanuka y’imodoka ya bisi bari barimo yagonze ‘rond-point’, Polisi ikaba yatangaje ko umushoferi yatawe muri yombi kuri uyu wa mbere.



  • Yirukanywe mu kazi kubera gutinda bikabije mu bwiherero

    Mu Bushinwa, umugabo yirukanywe n’umukoresha we kubera ko yamaraga umwanya munini cyane mu bwiherero, kandi ari mu masaha y’akazi, aho bivugwa ko yajyaga mu bwiherero akamaramo igihe kiri hagati y’iminota 47 n’amasaha atandatu (6).



  • Yibye telefone 10 mu rusengero afatwa yarusinziririyemo

    Polisi y’ahitwa Osun muri Nigeria, yafashe umujura wiba za telefone uzwi cyane ku izina rya Saheed Abioye, ariko bakunda kwita ‘Anini’, nyuma yo kwiba telefone 10 z’abakirisitu mu rusengero nyuma agahita arusinziriramo.



  • Guinée-Bissau: Perezida Embalo yemeye ko ishyaka rye ryatsinzwe amatora y’Abadepite

    Perezida wa Guinée-Bissau, Umaro Sissoko Embalo, agiye gukorana n’ihuriro ry’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi bwe, kuko batsindiye imyaka 54 mu nteko ishinga amategeko, nk’uko byagaragajwe n’ibyavuye mu matora y’Abadepite, byatangajwe ku itariki 8 Kamena 2023.



  • Colombia: Umukobwa aravugwaho gutwara inda nta mugabo baryamanye

    Umukobwa w’imyaka 19 y’amavuko wo muri Colombia, yavugishije benshi cyane cyane abakoresha imbuga nkoranyambaga, nyuma yo kuvugira kuri Televiziyo yitwa TV Malambo yo muri icyo gihugu, ko yaba yaratewe inda n’imbaraga zidasanzwe.



  • Haiti: Imyuzure yahitanye abantu 51

    Imvura nyinshi yaguye muri Haiti mu ntangiriro z’uku kwezi kwa Kamena, imaze guhitana ubuzima bw’abantu 51 abandi 140 barakomereka, mu gihe abandi 18 baburiwe irengero nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bwa ‘Civil Protection Directorate’.



  • Lt Col Simon Kabera

    Lt Col Simon Kabera wagizwe Umuvugizi Wungirije wa RDF ni muntu ki?

    Lt Col Simon Kabera wagizwe Umuvugizi Wungirije w’ Ingabo z’u Rwanda (RDF) kuri uyu wa Kane tariki 8 Kamena 2023, afite imyaka 50 y’amavuko, kuko yavutse mu 1973. Yavukiye muri Uganda, akomoka ku babyeyi b’Abanyarwanda bari barahungiye muri Uganda mu 1962.



  • Croix Rouge Mpuzamahanga igiye kwirukana abakozi bayo 1,800

    Kubera ikibazo cy’ingengo y’imari idahagije, Komite mpuzamahanga ya Croix Rouge (ICRC), igiye gufunga amashami yayo 26 muri 350 ifite hirya no hino ku Isi, ndetse inirukane abakozi bayo 1800 kubera ikibazo cy’amikoro.



  • Somalia: Imvura yaguye yongereye ubukana bw’ikibazo cy’inzara

    Imvura yaguye muri Werurwe 2023, nyuma yo kumara imyaka igera kuri itatu itagwa, yaguye ari nyinshi iteza imyuzure yishe abantu, igira n’ingaruka ku baturage bagera ku 300,000 muri Ethiopia no muri Somalia, nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye birimo Aljazeera.



  • Umunyeshuri wa Kaminuza ya Kigali yabaye uwa mbere mu marushanwa yateguwe na BNR

    Manayubahwe Kazana Leonidas, umunyeshuri wa Kaminuza ya Kigali muri Master’s (University of Kigali graduate), ni we wegukanye umwanya wa mbere mu marushanwa yateguwe na Banki nkuru y’u Rwanda (BNR) mu 2022, yiswe ‘Inaugural 2022 National Bank of Rwanda (BNR) Postgraduate Research Competition’.



  • Tanzania: Abantu batanu baguye mu mpanuka

    Muri Tanzania ahitwa Mikumi, abantu batanu bapfuye abandi 15 barakomereka, mu mpanuka y’imodoka yo mu bwoko bwa Coaster yavaga ahitwa Mbeya, yagonganye n’Ikamyo igeze ahitwa Mikumi mu Ntara ya Morogoro.



  • Menya akamaro k’indabo za ‘Clove’ ku buzima bw’abantu

    Indabo za ‘Cloves’ uretse kuba zikoreshwa nk’ikirungo gituma amafunguro ahumura neza cyane cyane mu bice byo muri Asia y’u Burasirazuba. Izo ndabo zifite akamaro gakomeye ku buzima bw’abantu bazikoresha kuko zifitemo ubushobozi bwo kugabanya isukari mu maraso, kongera ubudahangarwa bw’umubiri w’umuntu n’ibindi byinshi (...)



  • Karim Benzema

    Karim Benzema asanze Christiano Ronaldo muri Arabie Saoudite

    Ikipe ya Real Madrid yatangaje ku mugaragaro, ku Cyumweru tariki 4 Kamena 2023, ko Karim Benzema yayivuyemo, nyuma yo kumara imyaka 14 ayikinira muri Espagne, akaba yerekeje muri Arabie Saoudite aho asanzeyo Christiano Ronaldo.



  • Abayoboye impande zihanganye muri Sudani

    ONU irasaba impande zihanganye muri Sudani guhagarika intambara no kuyoboka ibiganiro

    Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano ku Isi, kasabye ko intambara irimo kubera muri Sudani ihita ihagarara, hagakurikiraho ibiganiro bigamije kugera kuri politiki ya demokarasi irambye yatuma amahoro agaruka muri icyo gihugu kimaze iminsi cyugarijwe n’ibibazo by’intambara.



  • Bangladesh: Habonetse abantu 68 banduye COVID-19 mu masaha 24

    Mu gihe Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) riherutse gutangaza ko Covid-19 itakiri icyorezo, muri Bangladesh habonetse abantu 68 bashya bayanduye mu masaha 24, ni ukuvuga kugeza mu gitondo ku Cyumweru tariki 04 Kamena 2023, ibyo bikaba byatumye umubare w’abanduye icyo cyorezo muri rusange muri icyo (...)



  • U Buhinde: Abantu 50 baguye mu mpanuka ya Gariyamoshi

    Impanuka ya Gariyamoshi yabereye mu Burasirazuba bw’u Buhinde, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 2 Kamena 2023, yahitanye abantu bagera kuri 50 abandi benshi bagakomereka.



  • Menya byinshi kuri Virusi itera SIDA imaze imyaka 40 ivumbuwe

    Hashize imyaka 40 Virusi itera SIDA(VIH/SIDA) ivumbuwe n’itsinda ry’abashakashatsi b’Abafaransa ari bo Françoise Barré-Sinoussi, Jean-Claude Chermann na Luc Montagnier, bo mu Kigo cyitwa Institut Pasteur.



  • Lionel Messi agiye gukina umukino we wa nyuma muri Paris Saint-Germain

    Lionel Messi azakina umukino we wa nyuma muri Paris Saint-Germain (PSG), kuri uyu wa Gatandatu nk’uko byatangajwe n’umutoza w’iyi kipe Christophe Galtier kuri uyu wa Kane tariki ya 1 Kamena 2023.



  • Saldana yishimiye gufungurwa nyuma y

    Yarekuwe nyuma yo gufungwa imyaka 33 bamwibeshyeho

    Muri Amerika, Urukiko rwa California rwarekuye umugabo wari umaze imyaka 33 afunzwe, nyuma yo kumwibeshyaho agafungirwa icyaha atakoze.



  • Zanzibar : Minisiteri y’Ubuzima yahannye abaganga n’umuforomo barangaranye umugore utwite

    Minisiteri y’Ubuzima muri Zanzibar yatesheje agaciro impapuro zemerera umuforomo n’abaganga gukora umwuga w’ubuvuzi, nyuma y’uko bahamijwe kugira uburangare n’imyitwarire itari iya kinyamwuga, bikavamo urupfu rw’umugore utwite ndetse n’umwana we mu byumweru bibiri bishize, ku Bitaro bikuru bya ‘Mnazi Mmoja referral hospital’.



  • Yanduje SIDA abana b’umugore we ku bushake

    Muri Tanzania, ahitwa Musoma, umugabo w’imyaka 60 witwa Msirari Muhere yahanishijwe gufungwa imyaka irindwi (7), nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwanduza ku bushake Virusi itera SIDA umwana w’umugore we, umwana wandujwe SIDA, afite imyaka itandatu. Uwanzuro w’Urukiko watangajwe kuri uyu wa Gatatu tariki 31 (...)



  • Uganda: Batoye itegeko rishya rirwanya ubujura bw’ingingo z’abantu

    Muri Uganda, gucuruza ingingo z’abantu ngo ni ibintu bibaho cyane, aho usanga hari abagore bitangazwa ko babazwe bitari ngombwa, bagakurwamo ingingo runaka, ariko ubu bikaba byahawe umurongo kubera iryo tegeko ryatowe.



  • U Bushinwa ku bufatanye na Imbuto Foundation bahaye inkunga abana bafite ubumuga

    Ambasade y’u Bushinwa mu Rwanda, ibinyujije mu muryango w’Abashinwa witwa ‘Warm Children’s Hearts’ (bishatse mu Kinyarwanda ngo ‘Susurutsa imitima y’abana’), ukorera muri Afurika, watanze ibiribwa, ibikoresho by’isuku, ibikoresho by’ishuri bigenewe abana bafite ibibazo bitandukanye barererwa mu kigo cyitwa ‘Inshuti (...)



  • Perezida Nicolás Maduro wa Venezuela yongeye kwakirwa muri Brazil

    Perezida Maduro yakiriwe na Perezida mushya wa Brazil, Luiz Inacio Lula da Silva, mbere gato y’inama y’abayobozi 11 b’ibihugu by’Amerika y’Amajyepfo, ibera muri Brazil kuri uyu wa Kabiri tariki 30 Gicurasi 2023.



  • Senegal: Urubyiruko rushyigikiye Ousmane Sonko, rwakajije imyigaragambyo rusaba ko arekurwa

    Urubyiruko rwo muri Senegal rushyigikiye Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi buriho muri icyo gihugu, Ousmane Sonko, rwatangiye imyigaragambyo guhera tariki 29 Gicurasi 2023, mu duce tumwe two mu Mujyi wa Dakar twegereye urugo rwe.



Izindi nkuru: