MENYA UMWANDITSI

  • Umugabo yacikanye uwari kuzamubera umukazana amugira umugore we

    Mu Buhinde, umugabo w’imyaka 55 ufite umuryango ndetse umaze kugira abuzukuru batatu, aravugwaho gucikana umukobwa w’imyaka 22 witeguraga kuba umukazana we.



  • Abashyitsi b’i Burundi bamubereye igitambo mu ndege ya Habyarimana - Inkuru ya Kaporali Senkeri

    Mu mafu ya mu gitondo, mu Murenge wa Mudende, Akarere ka Rubavu, umugabo w’imyaka 69 yicaye mu ntebe y’urubaho imbere y’inzu ye. Amazina ye ni Kaporali Senkeri Salathiel, ubitse inkuru imyaka isaga 30 imuhora ku mutima. Ni umugabo wagize uruhare rukomeye mu mateka y’u Rwanda ya vuba aha.



  • Yibagiriwe umugore we ku nzira amwibuka agenze ibilometero 300

    Yibagiriwe umugore we ku nzira amwibuka agenze ibilometero 300

    Mu Bufaransa, umugabo w’imyaka 62 yahamagaye serivisi za polisi zishinzwe ubutabazi bwihutirwa, avuga ko yibagiriwe umugore kuri sitasiyo ya lisansi iri ahantu ku muhanda munini ujya muri Maroc, ariko abwira polisi ko iyo sitasiyo atayibuka.



  • Irembo ni urubuga rwifuzwa n

    U Rwanda rwongereye ikoranabuhanga mu bicuruzwa byoherezwa mu mahanga

    U Rwanda rwatangiye kohereza mu mahanga ikintu gishya kitari ikawa, icyayi cyangwa se amabuye y’agaciro, ahubwo ni za ‘systems’ z’ikoranabuhanga, zoherezwa mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere, kandi rurimo kwinjiza amafaranga kubera izo serivisi.



  • Uwiyise Yezu yakatiwe gufungwa imyaka 12

    U Burusiya: Uwiswe ‘Yezu wa Siberia’ yakatiwe gufungwa imyaka 12

    Sergey Torop yakatiwe gufungwa imyaka 12, kubera ko yashyize mu kaga ubuzima n’imitungo bya bamwe mu bayoboke b’idini rye yise ‘Idini ry’isezerano rya nyuma’ (Église du Dernier testament).



  • Kenya: Umubyeyi afite umugisha w’amashereka ahaza abana 50

    I Nairobi muri Kenya umubyeyi witwa Njoroge Chelimo w’imyaka 36, umaze kubyara abana 2, asobanura uko yisanze yifitemo ubushobozi budasanzwe bwo kugira amashereka menshi ku buryo abona ahaza abana be, ariko agasagura n’andi menshi afashisha abandi bayakeneye, ku buryo abona ayahaza abana 50.



  • HOTPOINT Rwanda yafunguye iduka rinini ku muhanda wa Sonatubes-Bugesera

    Sosiyete ya ‘Hotpoint Appliances (Rwanda) Ltd’, icuruza ibikoresho bitandukanye cyane cyane ibikoresha amashanyarazi mu Rwanda guhera mu 2010, yafunguye iduka ryayo rinini mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali.



  • U Bushinwa: Umugore yahiye uruhu rwo mu maso nyuma yo kumara imyaka 22 atihanagura make-up

    Mu Bushinwa, umugore w’imyaka 37 ukomoka mu gace ka Jilin, yerekanye amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga, avuga ko uruhu rwe rwangiritse cyane ndetse rugahora rwokera kubera ko rwahiye nyuma yo kumara imyaka 22 atihanagura ‘make-up’, cyangwa se ibintu bitandukanye yisaga mu maso agamije gusa neza.



  • Uwo mugore ni we wenyine kugeza ubu ufite ubwo bwoko bw

    Habonetse umugore ufite ubwoko bw’amaraso yihariye wenyine ku Isi

    Mu Kirwa cy’u Bufaransa cya Guadeloupe, habonetse umugore ufite ubwoko bw’amaraso yihariye wenyine ku Isi, buhabwa izina rya ‘Gwada négatif’.



  • Mweusi Karake

    Ku Mulindi w’intwari: Habayeho Radiyo Muhabura

    Kuri uyu wa Kabiri Nyakanga, KT Radiyo yimuriye ibiganiro byayo ku Mulindi w’Intwari, aho ni mu Karere ka Gicumbi mu Ntara y’Amajyaruguru, ahakorereye Radiyo Muhabura yamenyekanye cyane mu rugamba rwo kubohora u Rwanda kubera amakuru mpamo yagezaga ku Banyarwanda mu gihe ikinyoma n’urwango byari byibasiye igihugu.



  • Ambasaderi Isaie Murashi

    Ubwigenge bwari ntabwo kuko twakomeje kubwerabwera - Abasheshe akanguhe

    Uyu munsi, u Rwanda rurizihiza isabukuru y’Ubwigenge, aho rwemerewe kwifatira ibyemezo, no kugena ahazaza harwo, mu bwisanzure, mu ituze n’umudendezo.



  • Minisitiri Kipchumba Murkomen

    Kenya: Minisitiri yagowe no gusobanura icyatumye atanga amabwiriza yo kurasa abigaragambya

    Muri Kenya, Minisitiri w’Umutekano w’imbere muri icyo gihugu, Kipchumba Murkomen, yakomerewe no gusobanura impamvu yatumye atanga amabwiriza kuri Polisi, yo kurasa no kwica abaturage bigaragambya.



  • Kenya: Abigaragambya barashinjwa kugerageza guhirika ubutegetsi

    Muri Kenya, abari mu myigaragambyo mu rwego rwo kwibuka bagenzi babo bapfuye baguye mu myigaragambyo yakozwe umwaka ushize wa 2024, bafashwe nk’abashaka guhirika ubutegetsi.



  • Yasezeranye mu buryo bwemewe n

    Texas: Yatunguwe no gusanga yarasezeranye byemewe n’amategeko atabizi

    I Texas muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, umugabo yatunguwe no kumenya ko yasezeranye n’umugore bigeze gukundana ariko baza gushwana, ayo masezerano yo gushyingiranwa, akorwa we atabizi atanabyemeye.



  • Yitabiriye umuhango wo gushyingura abana be ari mu maboko y

    Tanzania: Yashyinguye abana be arinzwe n’inzego z’umutekano

    Tanzania, mu Ntara ya Kilimandjaro, umugabo witwa Evance Kileka, yaje gushyingura abana be babiri harimo uwitwa Precious w’amezi 6 na Glory Evance w’imyaka ine (4), ari mu maboko y’inzego ya Polisi, akimara gushyingura yahise imusubiza gufungwa, umuryango usigara mu bibazo n’ubu utarabonera ibisubizo.



  • Hari abamukurikiye ngo bamubaze ikibaye abereka igihandure, ubukwe buhagaragara uko

    Kenya: Umugabo yataye umugeni mu birori by’ubukwe bwabo ariruka

    Videwo yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, yerekana uwo mugabo wari wambaye ikote ry’umukara n’ishati y’umweru n’inkweto z’umweru, ava imbere aho yari ari n’umugeni we, anyura mu bantu batashye ubukwe, agenda abigizayo ashaka inzira isohoka.



  • Mr. Li

    Arambiwe guhozwa ku nkeke n’imodoka ye kubera kugira amaso mato

    Mu Bushinwa, umugabo uherutse kugura imwe mu modoka zigezweho ya ‘Xiaomi SU7 Max’ yavuze ko abangamiwe cyane n’uko ikoranabuhanga ryayo rihora rimuha ubutumwa bw’impuruza, bumusaba kwirinda gusinzira, kurangara, ahubwo akita ku muhanda mu rwego rwo kurengera umutekano we ndetse n’uw’abandi bakoresha umuhanda, kandi mu (…)



  • RTB isaba inzego z

    RTB irasaba ko TVET yahabwa akazi mu mishinga ya Leta

    Mu kiganiro kivuga ku ruhare rw’amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro ku iterambere ry’Igihugu, cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Kamena 2025, hasobanuwe byinshi byagezweho mu rwego rw’amashuri ya tekiniki n’ubumenyingiro, harimo kuba abagana ayo mashuri bariyongereye, ndetse n’imyumvire abantu bari bayafiteho ngo yarahindutse, (…)



  • Kenya: Bagaye umubyeyi wa Albert Ojwang wemeye kwakira Miliyoni z’Amashilingi yatanzwe na William Ruto

    Bamwe mu Banya-Kenya, bagaye cyane umubyeyi wa Albert Ojwang wemeye kwakira Miliyoni ebyiri z’Amashilingi yatanzwe na Perezida wa Kenya William Ruto yo kuyagira umuryango wa nyakwigendera Albert Ojwang, wapfuye aguye muri kasho ya polisi yamutaye muri yombi ku itariki 7 Kamena mu Mujyi wa Nairobi, bigahita biteza (…)



  • Taiwan: Umugabo yapfuye azize teremusi amaranye imyaka icumi

    Muri Taiwan, umugabo yapfuye azize ibyo abaganga bise uburozi buturuka ku gukoresha ibikoresho by’ibyuma kandi bishaje, nyuma yo kumara imyaka isaga icumi (10) akoresha teremusi y’icyuma imwe atayihindura.



  • Madagascar: Abantu 17 bapfuye bazize ibyo kurya bihumanye

    Muri Madagascar, mu Murwa mukuru Antananarivo, abantu 17 bapfuye bazize ibyo kurya bihumanye bariye mu birori by’isabukuru, byabaye ku Cyumweru tariki 15 Kamena 2025.



  • Yafashwe amaze gukora ingendo 120 z

    Yafashwe amaze gukora ingendo 120 z’indege atishyura

    Muri Amerika, umugabo w’imyaka 35 ukomoka muri Leta ya Florida yahamijwe n’urukiko icyaha cy’uburiganya, nyuma yo gutabwa muri yombi amaze gukora ingendo 120 z’indege atishyura amatike, kuko yabaga yiyise umukozi wo mu ndege abeshya.



  • Trump yasabye abaturage bose kuva muri Tehran

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Tump, abinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwe rwa Truth Social, yavuze ko "buri muntu agomba kwihutira guhita ava mu Mujyi wa Tehran (Iran)".



  • REB ntiyemeranya n’abavuga ko amashuri y’inshuke yita ku ndimi gusa

    Ikigo cy’igihugu gishinzwe uburezi bw’ibanze REB nticyemeranya n’abavuga ko amashuri y’inshuke ashishikazwa no kwigisha indimi gusa, ariko ntiyite ku kumenya neza ibitekerezo by’umwana.



  • Dore icyo wakora mu gihe uhagamwe n’ihwa ry’ifi

    Amafi cyangwa se amasamaki ni amafunguro akundwa n’abantu benshi, cyane cyane abaturiye amazi aho amafi aboneka mu buryo bworoshye kandi kenshi, gusa hari n’abayakunda nubwo byaba bibasaba kujya kuyagura ku isoko kure, kubera gusa ko bayafata nk’inyama nziza ku mubiri wabo, kuko avugwaho kuba agira amavuta macyeya (…)



  • Mu bukwe batwawe n

    Yaboneye umugabo ku irimbi, mu bukwe batwarwa n’imodoka itwara abapfuye

    Muri Brazil, umugore yamaze imyaka ibiri (2) ahora yitabira ibikorwa byo gushyingura abapfuye, ariko akabikora agamije kugira ngo azahakure umugabo, kuko hari uwo yari yarahabonye uhagarariye iryo rimbi, aramukunda, yigira inama yo kuzajya ahaza kenshi kugira ngo arebe ko yazamukunda na we, birangira bakundanye ndetse bakora (…)



  • Yamaze imyaka isaga 20 akora nk

    Umuganga yafashwe amaze imyaka 20 avura nta mpamyabumenyi agira

    Umuganga ufite inkomoko muri Iran amaze imyaka 20 akorera mu rwego rw’ubuzima rw’u Bwongereza (UK’s national healthcare system), akoresheje impamyabumenyi z’impimbano, akaba amaze iyo myaka yose avura abafite indwara zo mu mutwe.



  • Yasobanuye uko yisanze mu buruhukiro nyuma y

    Kenya: Yamaze iminsi itatu mu buruhukiro aza kubaho

    Muri Kenya, umugore witwa Rosanna Kathure yasobanuye uko yatemaguwe n’umugabo we amutunguye mu masaha y’ijoro, akamutemera mu nzu yabo, akamusigira ibikomere byinshi kandi bikomeye, ku buryo yajyanywe kwa muganga bikekwa ko ashobora kuba yapfuye.



  • Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya

    Perezida Paul Kagame uri mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Algeria yasuye ishuri ryo muri iki gihugu ryigisha ibijyanye n’ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano (Artificial Intelligence) rizwi nka National School of Artificial Intelligence (ENSIA).



  • Ni imodoka yo mu bwoko bwa Honda Civic Type R

    Umugabo yatanze akayabo agura imodoka yari iye yibwe

    Mu Bwongereza, umugabo yatanze akayabo k’amafaranga agura imodoka, nyuma yo kubona isa n’iye yari imaze ibyumweru bicyeya yibwe, Polisi ikavuga ko itashoboye kuyibona, ariko amaze kuyigura aza gusangamo ibimenyetso byerekana ko imodoka yaguze ari iye yari yibwe, nubwo yahinduweho ibintu bimwe na bimwe.



Izindi nkuru: