MENYA UMWANDITSI

  • Abaturage b’u Rwanda n’u Burundi bakiriye bate ifungwa ry’imipaka?

    U Burundi bwafunze imipaka yabwo n’u Rwanda, mu gihe hari hashize iminsi mike Perezida Ndayishimiye Evariste yikomye u Rwanda, arushinja kuba rucumbikira ndetse rugafasha umutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi.



  • Zanzibar: Perezida Kagame yabashimiye kuba baraharaniye amahoro y’Igihugu cyabo

    Perezida Paul Kagame yagiriye uruzinduko muri Zanzibar mu rwego rwo kwifatanya n’abaturage ba Tanzania kwizihiza ibirori by’isabukuru y’imyaka 60 ishize habaye impinduramatwara yatumye Zanzibar yiyunga na Tanganyika bikabyara Repubulika yunze Ubumwe ya Tanzania.



  • Ntibimenyerewe kumva abajura bagiye kwiba mu rusengero

    Tanzania: Abajura binjiye mu rusengero biba amaturo

    Urusengero rw’Itorero ry’Abaruteri muri Tanzania rwatewe n’Abajura, biba Miliyoni eshatu z’Amashilingi ya Tanzania (ni ukuvuga abarirwa muri 1.508.963 Frw), ndetse batwara na Mudasobwa ntoya nubwo ubundi urusengero rusanzwe rufatwa nk’ahantu hatagatifu, hatagombye kwinjira abajura. Amaturo yibwe ni ayo abakirisitu bari (...)



  • Abagore n’abakobwa bandura SIDA ari benshi kurusha abagabo n’abasore (Raporo)

    Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Bana (UNICEF), ryasohoye raporo igaragaza ko abangavu bagera hafi ku 98.000 hirya no hino ku Isi ari bo bapimwe bikagaragara ko bafite virusi itera SIDA mu 2022.



  • UN yatangaje ko abimukira 186,000 bageze i Burayi muri 2023

    Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR), ryatangaje ko abimukira hafi 186,000 ari bo bageze mu Burayi mu mwaka wa 2023 banyuze mu Nyanja ya Mediterane, mu gihe abandi bagera ku 6,618 bo bapfuye abandi bakaburirwa irengero bari mu Nyanja, bashaka kwambuka ngo bageze muri Espagne muri uwo mwaka wa 2023.



  • Carmen Dell

    Amerika: Umukecuru w’imyaka 92 aracyamurika imideri

    Umunyamerika w’umukinnyi wa Filime akaba n’umunyamideli, Carmen Dell’Orefice azwiho kuba ari we muntu ukuze cyane kurusha abandi mu bari mu banyamideri, kandi ugikora akazi ke akabishobora nubwo ageze mu zabukuru, kuko afite imyaka 92 y’amavuko.



  • Bugesera: Abana bari bishoye mu buraya basubijwe mu ishuri

    Abana b’abakobwa bari bishoye mu buraya bakorera hamwe nk’itsinda, bajyanywe mu mashuri y’imyuga kugira ngo bazabone uko bibeshaho neza mu gihe kiri imbere.



  • Abitwaje intwaro bafashe bugwate abanyamakuru bari mu kiganiro kuri televiziyo

    Equateur: Abitwaje intwaro bafashe bugwate abanyamakuru bari mu kiganiro kuri televiziyo

    Polisi y’Igihugu cya Equateur yatangaje ko yataye muri yombi abagabo bitwaje intwaro, bateye muri Televiziyo ya Leta mu gihe abanyamakuru barimo bakora ikiganiro kirimo gitambuka by’ako kanya (live), babategeka kuryama hasi, mu gihe urusaku rw’amasasu n’amajwi y’abantu bataka yumvikanaga inyuma muri videwo yafashwe, ku wa (...)



  • Abari muri ubu bwato batabawe nyuma yo gushimutwa

    U Buhinde: Abantu 21 bari mu bwato bwari bwashimuswe batabawe

    Igisirikare cy’u Buhinde kirwanira mu mazi cyatabaye abantu 21, bari bari mu bwato bwari bwashimuswe n’amabandi yitwaje intwaro mu nyanja ya Arabia (mer d’Arabie).



  • Abantu bane baguye mu mpanuka ya gariyamosh

    Indonesia: Bane baguye mu mpanuka ya gariyamoshi, 37 barakomereka

    Muri Indonesia, abantu bane bapfuye abandi 37 barakomereka mu mpanuka ya za gariyamoshi ebyiri zagonganye, mu Ntara ya Java y’uburengerazuba nk’uko byatangajwe n’abashinzwe ubutabazi ndetse n’abayobozi.



  • Imbwa yariye 4,000 by’Amadolari ya Amerika

    Muri Amerika, imbwa yariye Amadolari 4,000 ba nyiri urugo bari bavuye kubikuza muri banki, gusa bagira amahirwe baza kubona kimwe cya kabiri mu mwanda iyo mbwa yitumye.



  • Abimukira 32 bari bashimuswe barekuwe ari bazima

    Mexique: Abimukira 32 bari bashimuswe barekuwe ari bazima

    Abimukira 32 b’Abanya-Venezuela n’Abanya-Honduras bari bashimuswe n’abagabo bitwaje intwaro, mu majyaruguru ya Mexique ku mupaka wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ku wa Gatandatu tariki 30 Ukuboza 2023, barekuwe ari bazima nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bwa Mexique.



  • Sosiyete zirindwi zikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro zahagaritswe

    Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, Peteroli na Gaz (RMB) cyahagaritse impushya zemerera sosiyete zirindwi gucukura amabuye y’agaciro.



  • Somalia yamaganye amasezerano yemerera Ethiopia kugera ku Nyanja Itukura

    Somalia yamaganye amasezerano yasinywe hagati ya Ethiopia na Somaliland

    Somalia yatangaje ko yamaganye amasezerano yasinywe hagati ya Ethiopia na Somaliland imaze igihe yaratangaje ko ari Repubulika yigenga nubwo itigeze yemerwa, agamije gutuma Ethiopia igera ku Nyanja Itukura.



  • Umuyobozi wungirije wa Hamas yishwe

    Israel yiciye Umuyobozi wungirije wa Hamas muri Lebanon

    Umuyobozi wungirije wa Hamas yiciwe i Beirut mu Murwa mukuru wa Lebanon, Israel ikaba yatangaje ko icyo kitari igitero kigabwe kuri Lebanon, nubwo abahanganye na Israel bahise batangaza ko bazihorera kuri Israel kubera urupfu rw’uwo muyobozi.



  • Bamwe mu byamamare ntibabashije kurangiza umwaka wa 2023

    Umwaka wa 2023 hari abawutangiye ntibawurangiza, bamwe bagenda bazize indwara, abandi bazira impanuka n’ibindi. Dore bamwe mu bantu bari bazwi mu bice bitandukanye by’ubuzima harimo, Politiki, uburezi, imyidagaduro… bapfuye mu 2023.



  • U Buyapani: Umutingito wishe abantu 48

    Igihugu cy’ubuyapani kiratangaza ko ku munsi w’ejo habaye umutingito ufite ubukana bwa 7.6, ugakurikirwa n’indi m ishyitsi myinshi maze abagera kuri 48 bahasiga ubuzima.



  • U Burusiya bukomeje kunoza umubano n

    U Burusiya bwongeye gufungura Ambasade muri Burkina Faso nyuma y’imyaka 31

    U Burusiya bwongeye gufungura Ambasade muri Burkina Faso nyuma y’imyaka 31 yari ishize nta Ambasade yabwo iba muri icyo gihugu kuko yari yarafunzwe mu 1992.



  • Bamaganye uwishe abana barindwi bo mu muryango umwe kubera inkoko

    Tanzania: Abana barindwi bishwe bazira kwiba inkoko

    Muri Tanzania, umuryango umwe uri mu gahinda gakomeye ko kubura abana bawo barindwi bishwe n’umuturanyi wabo bivugwa ko yabaroze, abitewe n’uburakari bw’uko bamwibye inkoko bakayirya.



  • Kevin Hart

    Kevin Hart yareze mu nkiko abamuharabitse

    Umukinnyi wa Filimi w’icyamamare w’Umunyamerika, Kevin Hart, yareze mu nkiko uwahoze ari umukozi we Miesha Shakes, ndetse Tasha K unyuza ibiganiro ku rubuga rwa youtube, kuko bamuharabitse, banamwaka amafaranga yo kugira ngo batagira ibyo bamuvugaho (extorsion de fonds).



  • The Banker Award 2023: Banki ya Kigali yahawe igihembo nka Banki ihiga izindi mu Rwanda

    Banki ya Kigali(BK) yahawe igihembo cya Banki ihiga izindi zose mu Rwanda muri uyu mwaka wa 2023, mu bihembo bizwi nka ‘The Banker Awards 2023’.



  • Imbata zirinda umutekano kuri gereza

    Brazil: Imbata zasimbuye imbwa mu gucunga umutekano wa gereza

    Muri Brazil, Gereza yo muri Leta ya Santa Cantarina, iherutse gufata icyemezo cyo kureka gukoresha imbwa mu gucunga umutekano, yiyemeza kujya ikoresha imbata, kuko zivugwaho kuba zifite uko zisakuza bidasanzwe, iyo zumvise hari ikintu kidasanzwe, cyangwa igihe zibonye hari umufungwa urimo ugerageza gutoroka.



  • Umuyobozi Mukuru wa BK, Dr. Diane Karusisi n

    BK na BDF basinyanye amasezerano yo gufasha ibigo bito n’ibiciriritse kubona inguzanyo

    Banki ya Kigali (BK) n’Ikigega cy’Ingwate (BDF/Business Development Fund), basinyanye amasezerano y’ubufatanye agamije gufasha ibigo bito n’ibiciriritse kubona inguzanyo, hakagira igice cyishingirwa.



  • Imyuzure n

    RDC: Abantu 40 bishwe n’imyuzure n’inkangu

    I Bukavu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), abantu 40 bishwe n’imyuzure n’inkangu byatewe n’imvura nyinshi imaze iminsi igwa muri ako gace.



  • Abari muri iyi modoka bayivuyemo ari bazima

    Gicumbi: Imodoka itwara abarwayi yakoze impanuka

    Imodoka y’imbangukiragutabara yari ivanye umurwayi ku bitaro bya Ngarama mu Karere ka Gatsibo, imujyanye mu bitaro bya Kanombe, yakoze impanuka igeze mu Mudugudu wa Byimana mu Kagari ka Jamba, mu Murenge wa Nyamiyaga mu Karere ka Gicumbi, ku bw’amahirwe abari bayirimo bose bavamo ari bazima.



  • Tour Eiffel

    U Bufaransa: Umunara uzwi nka ‘Tour Eiffel’ wafunzwe

    Umunara muremure mu Mujyi wa Paris, ari na wo murwa mukuru w’u Bufaransa, Tour Eiffel wafunzwe, ntiwemerewe gusurwa na ba mukerarugendo uko bisanzwe none ku wa Gatatu tariki 27 Ukuboza 2023, bitewe n’imyigaragambyo y’abakozi.



  • Kwibuza kwitsamura ni bibi ku buzima

    Kwibuza kwitsamura bishobora kugira ingaruka ku buzima

    Nubwo hari abantu bajya bibuza kwitsamura ugasanga bapfutse umunwa n’amazuru, byose kugira ngo batitsamura urusaku rugasohoka, ariko hari ibibazo bishobora guterwa no kwibuza kwitsamura, mu gihe hari ababyibuza, banga kubangamira abo bari kumwe.



  • Dore inama zafasha mu kwita ku bana bataramenya kuvuga bafite ibimenyetso by’uburwayi

    Ababyeyi bakunze guhura n’ibibazo bikomeye mu gihe barwaje abana, cyane cyane bikabakomerera iyo barwaje abakiri bato bafite munsi y’imyaka ibiri bataramenya kuvuga aho bababara, kugira ngo ababyeyi bamenye uko babavuza. Ariko hari inama Dr Josette Mazimpaka, Umuganga w’abana mu bitaro by’Akarere ka Bugesera (...)



  • Mu mucyo nyarwanda hari abari bemerewe gutega urugori n

    Ni ba nde mu muco Nyarwanda bemerewe gutega Urugori?

    Nubwo hari abatega ingori mu birori bitandukanye cyangwa se bakazitega uko babonye batabanje kumenya ibisobanuro byazo, mu muco Nyarwanda, hari abemerewe gutega urugori n’abatarutega nk’uko bisobanurwa na Mukandori Immaculée, uzwi ku izina ry’ubuhanzi nka Inshongore, akaba ari umubyeyi ufite imyaka 70 y’amavuko uzi (...)



  • Koreya y’Epfo: Abanyeshuri bareze Guverinoma kubera gusorezwa ikizamini isaha itaragera

    Muri Koreya y’Epfo, itsinda ry’abanyeshuri bareze Guverinoma basaba indishyi z’akababaro, nyuma y’uko abarimu babo basoje ikizamini cya ‘The Suneung’, bivugwa ko gihindura ubuzima.



Izindi nkuru: