Guverinoma y’u Rwanda yohereje ingabo zo kurinda umutekano muri Repubulika ya Santarafurika, hashingiwe ku masezerano asanzwe hagati y’ibihugu byombi y’ubufataye mu bya Gisirikare.
Biteganyijwe ko kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 Ukuboza 2020, Perezida Kagame agirana ikiganiro n’abayobozi, abaturage n’abanyamakuru, ndetse ageze ku Banyarwanda uko Igihugu gihagaze (State of the Nation Address).
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku Cyumweru tariki 20 Ukuboza 2020, mu Rwanda abagabo babiri n’abagore babiri bitabye Imana.
Mu gitondo cyo ku wa Gatandatu tariki ya 19 Ukuboza 2020, Polisi ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano ndetse n’iz’ibanze basanze abantu 36 mu nzu ya Nyiranduhura Pelagie w’imyaka 40 utuye mu Mudugudu wa Rwimpongo ya 2, Akagari ka Rwintashya mu Murenge wa Rukumbeli, Akarere ka Ngoma. Aba bantu 36 bafashwe barimo gusenga mu (…)
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 19 Ukuboza 2020, mu Rwanda habonetse abantu 127 bashya banduye COVID-19, mu bari barwaye “ntawakize”.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yifurije ishya n’ihirwe mugenzi we wa Burkina Faso, Roch Marc Christian Kaboré, wongeye gutorerwa kuyobora iki gihugu, anamwizeza ubufatanye mu gukomeza guteza imbere umubano w’ibihugu byombi.
Ubwo yatahaga uruganda rukora amazi ari mu macupa y’ibirahure ya SKOL Brewery Ltd ku wa Gatanu tariki 18 Ukuboza 2020, Minisitiri w’Ibidukikije, Dr Jeanne d’Arc Mujawamariya yatangaje ko imigezi, ibishanga n’ibiyaga by’u Rwanda biruhutse amacupa ya pulasitiki.
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 18 Ukuboza 2020, mu Rwanda habonetse abantu 73 bashya banduye COVID-19, mu bari narwaye “ntawakize”.
Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwashyize ahagaragara amakuru yerekeye iyo kipe kugira ngo abanyamuryango, abafana ba APR FC ndetse n’abakunzi b’umupira w’amaguru muri rusange babone amakuru y’imvaho no gukuraho urujijo ruterwa na bamwe mu banyamakuru (birengagiza gukora kinyamwuga kubera impamvu zabo bwite) kenshi bagatambutsa (…)
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 17 Ukuboza 2020, mu Rwanda habonetse abantu 78 bashya banduye COVID-19, abakize bakaba ari 32.
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 16 Ukuboza 2020, mu Rwanda habonetse abantu 122 bashya banduye COVID-19, abakize bakaba ari 21.
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza, uri mu ruzinduko rw’akazi mu gihugu cya Zambia, Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Ukuboza, yasuye ishuri rikuru rya Polisi ya Zambia rya Kinfinsa, iri shuri rikaba ryigisha ibijyanye no guhosha imyigaragambyo.
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 15 Ukuboza 2020, mu Rwanda umugabo w’imyaka 70 y’amavuko yitabye Imana i Rubavu yishwe na Covid-19.
Mu muhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 60 Umuryango w’Ubufatanye mu by’Ubukungu n’Iterambere (Organisation for Economic Co-operation and Development-OECD) umaze ushinzwe, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yijeje ubufatanye buhoraho bw’u Rwanda na Afurika n’uwo muryango.
Urwego Ngenzuramikorere (RURA) ruratangaza ko ibiciro by’ingendo bitahindutse, Leta ikaba izunganira abaturage yishyura igiciro gisigaye.
Tariki 14 Ukuboza 2020, Banki ya Kigali yatangiye poromosiyo igenewe impera z’umwaka, ikaba yarayise “Mu Munyenga na Mastercard”. Ni ubukangurambaga buzarangira tariki 31 Mutarama 2021, aho buri cyumweru abakiriya bayo bazajya batsindira (cashback) amatike yo guhahiraho, hakaba abatsindira za mudasobwa na moto buri kwezi, mu (…)
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Mbere tariki ya 14 Ukuboza 2020 iyobowe na Perezida Kagame, yashyizeho ingamba zihariye zo kurwanya ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19 zizubahirirwa mu Mujyi wa Musanze uherereye mu Ntara y’Amajyaruguru y’u Rwanda.
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Mbere tariki ya 14 Ukuboza 2020 iyobowe na Perezida Kagame, yashyize mu myanya abayobozi batandukanye.
Icyorezo cya COVID-19 gikomeje kugaragaza ubukana cyatumye Guverinoma y’u Rwanda ifata icyemezo cyo gusubika Inama y’Igihugu y’Umushyikirano.
Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ku wa Mbere tariki ya 14 Ukuboza 2020, yafatiwemo ibyemezo bikurikira:
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa mbere tariki 14 Ukuboza 2020, mu Rwanda habonetse abantu 88 bashya banduye COVID-19, abakize bakaba ari 41.
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Mbere tariki 14 Ukuboza 2020 yayoboye Inama y’Abaminisitiri yabereye muri Village Urugwiro.
Kompanyi Chipper Cash ifite icyicaro i San Francisco muri California muri Leta zunze Ubumwe za Amerika. Ikorera mu bihugu birindwi byo muri Afurika , igakorera no mu Bwongereza.
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku Cyumweru tariki 13 Ukuboza 2020, mu Rwanda habonetse abantu 131 bashya banduye COVID-19, abakize bakaba ari 63.
Yusuf Munyakazi wahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, yaguye muri gereza y’Umuryango w’Abibumbye mu gihugu cya Mali.
Aloys Guillaume wari umupadiri wa Diyoseze Gaturika ya Butare, yapfuye ku mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki 12 Ukuboza 2020, azize impanuka y’imodoka.
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Ukuboza 2020, mu Rwanda umugabo w’imyaka 61 y’amavuko n’umukobwa w’imyaka 14 y’amavuko bitabye Imana i Kigali bishwe na Covid-19.
Miss Mutesi Jolly, wabaye Miss Rwanda 2016, yatangaje ko ibimuvugwaho byo kuba mu gihe cyo gutoranya Miss Rwanda, ajya akanga abakobwa akabatera ubwoba atari byo, kuko atari we ubagira Miss.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu, ishami ryayo rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU), muri iki cyumweru yafashe abantu batatu, ari bo Ntakamaro Laurent w’imyaka 59, Nyiransabimana Clenie w’imyaka 36 na Icyimanizanye Aline w’imyaka 30, bakekwaho gukworakwiza urumogi mu baturage.
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu tariki 11 Ukuboza 2020, mu Rwanda umugabo w’imyaka 71 y’amavuko yitabye Imana i Kigali yishwe na Covid-19.