MENYA UMWANDITSI

  • #COVID19: Nta muntu witabye Imana, abanduye bashya ni 38

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 2 Ugushyingo 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 38, bakaba babonetse mu bipimo 7,871. Nta muntu mushya winjiye ibitaro ndetse nta n’urembye.



  • #COVID19: Umuntu umwe yitabye Imana, abanduye bashya ni 29

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 1 Ugushyingo 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 29, bakaba babonetse mu bipimo 8,346.



  • Abagenzacyaha barimo guhugurwa ku kurwanya inkongi no kuzikoraho iperereza

    Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe ubutabazi no kurwanya inkongi z’umuriro (FRB), rikomeje ibikorwa byo guhugura abakozi b’Urwego rushinzwe ubugenzacyaha (RIB), ku buryo bwo kwirinda no kurwanya inkongi ndetse n’uko bakora iperereza ahabaye inkongi y’umuriro.



  • Perezida Kagame ari kumwe na Emmanuel Macron w

    #G20: Perezida Kagame yahuye n’abayobozi batandukanye (Amafoto)

    Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ari i Roma mu Butaliyani aho yitabiriye inama ya G20, ihuza abakuru b’ibihugu na za Guverinoma, akaba yaraboneyeho no kugirana ibiganiro n’abayobozi b’ibihugu bitandukanye ndetse n’abandi banyacyubahiro bitabiriye iyo nama.



  • The Ben agiye gusohora ‘album’ izaba irimo abandi bahanzi b’ibyamamare

    Umuhanzi w’Umunyarwanda uzwi cyane mu njyana ya R&B, The Ben, ari mu turimo twa nyuma two gutunganya album ye nshya igiye gusohoka, ikaba irimo abandi bahanzi bakomeye nka Tiwa Savage n’abo muri Sauti Sol, harimo kandi Rema ukomoka muri Uganda, Otile Brown wo muri Kenya na B2C wo muri Uganda.



  • Huye: Batatu bakwirakwizaga amafaranga y’amiganano batawe muri yombi

    Mu bihe bitandukanye Polisi ikorera mu Karere ka Huye yafashe abantu batatu bafite Amafaranga y’u Rwanda agera ku bihumbi 40 y’amiganano, abafashwe ni Ndahayo Maurice w’imyaka 24, yafatanwe amafaranga ibihumbi 30, na ho Kabandana Eric w’imyaka 22 na Rukundo William w’imyaka 20 bafatanywe amafaranga ibihumbi 10 na yo y’amiganano.



  • #COVID19: Nta muntu witabye Imana, abanduye bashya ni 53

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 30 Ukwakira 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 53, bakaba babonetse mu bipimo 19,018. Uwinjiye ibitaro ni umwe, mu gihe abarembye ari babiri.



  • Musanze: Abapolisi 30 bahuguriwe kubungabunga ibidukikije

    Ku wa Gatanu tariki ya 29 Ukwakira2021, mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Muhoza hasojwe amahugurwa y’iminsi ibiri yahabwaga abapolisi b’u Rwanda baturutse muri buri Karere k’u Rwanda, bakaba barimo guhugurwa ku kubungabunga ibidukikije hashingiwe ku mategeko mpuzamahanga abuza ikwirakwiza ry’imyanda n’ibinyabutabire (…)



  • Senateri Evode Uwizeyimana yasezeranye

    Senateri Uwizeyimana Evode yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we, Zena Abayisenga, bakaba biyemeje kubana akaramata.



  • Bamwe mu bakwirakwizaga urumogi batawe muri yombi

    Ku wa Kane tariki ya 28 Ukwakira 2021, Polisi ikorera mu turere twa Kayonza, Bugesera na Nyamagabe yafashe ibiro 20 by’urumogi hanafatwa abantu batatu mu barukwirakwizaga.



  • #COVID19: Umuntu umwe yitabye Imana, abanduye bashya ni 63

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 29 Ukwakira 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 63, bakaba babonetse mu bipimo 12,522. Uwitabye Imana ni umugabo umwe.



  • #COVID19: Abantu 5 bitabye Imana, abanduye bashya ni 51

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 28 Ukwakira 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 51, bakaba babonetse mu bipimo 8,690. Abitabye Imana ni abagore batatu n’abagabo babiri.



  • Musanze: Abacyekwaho kwiba moto bafashwe bagiye kuyikuramo ibyuma

    Ku itariki 26 Ukwakira 2021, Polisi ikorera mu Karere ka Musanze yafashe abantu batatu bagiye gukura ibyuma muri moto bicyekwa ko bari bayibye, bafatiwe mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Kinigi, Akagari ka Nyabigoma, Umudugudu wa Kabeza.



  • #COVID19: Nta muntu witabye Imana, ababonetse bashya banduye ni 57

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 25 Ukwakira 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 57, bakaba babonetse mu bipimo 10,887. Nta binjiye mu bitaro bashya kuri iyo tariki, abarembye ni batatu.



  • Nyabihu: Umushoferi yafatanywe icyangombwa gihimbano cya ‘Contrôle Technique’

    Mu gitondo cyo ku wa Gatandatu tariki ya 23 Ukwakira 2021, abapolisi bashinzwe umutekano wo mu muhanda bafashe Nkurikiyimana Jean Baptiste w’imyaka 56, yafatanywe icyangombwa gihimbano kigaragaza ko imodoka ye yakorewe isuzuma ry’ubuziranenge (Contrôle Technique), yafatiwe mu Karere ka Nyabihu, Umurenge wa Mukamira, yari (…)



  • Amatariki Expo 2021 izaberaho yamenyekanye

    Urugaga rw’Abikorera mu Rwanda (PSF), rwatangaje ko kuva ku itariki 9 kugera ku ya 30 Ukuboza 2021, ari bwo hazaba imurikagurisha mpuzamahanga, Expo 2021, rikazabera i Gikondo mu Karere ka Kicukiro aho risanzwe ribera.



  • Perezida Kagame asanga nta mutware utagirwa n

    Nta mutware utagirwa n’abo atwara – Perezida Kagame

    Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, asanga nta mutware wabaho ngo yuzuze inshingano ze adafatanyije n’abo atwara.



  • #COVID19: Nta muntu witabye Imana, abanduye bashya ni 61

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 16 Ukwakira 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 61, bakaba babonetse mu bipimo 14,479. Nta muntu witabye Imana.



  • Sudani y’Epfo: Abapolisi b’u Rwanda bahaye abaturage imyenda n’inkweto

    Itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda ryiganjemo abagore bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga Amahoro mu gihugu cya Sudani y’Epfo (FPU-3), batanze imyenda n’inkweto ku bagore bagizweho ingaruka n’amakimbirane yabaye muri icyo gihugu bigatuma bava mu byabo. Ni igikorwa cyabaye ku ya 14 na 15 Ukwakira 2021, (…)



  • #COVID19: Nta muntu witabye Imana, abanduye bashya ni 80

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 15 Ukwakira 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 80, bakaba babonetse mu bipimo 9,748. Nta muntu witabye Imana. Abinjiye ibitaro ni babiri, nta muntu wasezerewe.



  • Minisitiri Dr. Ugirashebuja yitabiriye inama rusange ihuza umuryango wa EAPCCO

    Minisitiri Dr. Ugirashebuja yitabiriye inama rusange ihuza umuryango wa EAPCCO

    Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa nkuru ya Leta, Dr. Ugirashebuja Emmanuel, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Ukwakira 2021, yitabiriye inama ihuza abayobozi ba Polisi zibumbiye mu muryango wo mu Karere k’Iburasirazuba (EAPCCO). Ni inama ngarukamwaka iteranye ku nshuro ya 23, yabereye mu gihugu cya Repubulika iharanira (…)



  • IGP Munyuza yitabiriye inama ya EAPCCO ibera i Kinshasa

    Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza, ku wa Kane tariki ya 14 Ukwakira 2021, yitabiriye inama ihuza Abayobozi ba Polisi bo mu muryango w’ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba (EAPCCO), ni inama irimo kubera mu gihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) mu Mujyi wa Kinshasa.



  • Kamonyi: Yafatiwe mu cyuho aha ruswa umupolisi

    Ku wa Gatatu tariki ya 13 Ukwakira 2021, Polisi ikorera mu Karere ka Kamonyi yafashe uwitwa Ndagijimana Silas w’imyaka 32, yafashwe arimo guha umupolisi ruswa ingana n’Amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 150, kugira ngo azamufashe gusubirana moto ye yakoreshaga mu bucuruzi bw’amabuye y’agaciro butemewe n’amategeko, yafatiwe mu (…)



  • #COVID19: Umuntu umwe yitabye Imana, abarembye ni 5

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 14 Ukwakira 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 61, bakaba babonetse mu bipimo 8,376. Umuntu umwe yitabye Imana, akaba ari umugore. Uwinjiye ibitaro mushya ni umwe, na ho abasezerewe ni batanu.



  • #COVID19: Umuntu umwe yitabye Imana, abanduye babonetse ni 86

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 13 Ukwakira 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 86, bakaba babonetse mu bipimo 7,714. Umuntu umwe yitabye Imana, akaba ari umugore.



  • Umuyobozi wa Polisi y’u Butaliyani na Ambasaderi w’icyo gihugu basuye Ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda

    Umuyobozi wa Polisi y’u Butaliyani, Lt Gen Teo Luzi na Ambasaderi w’icyo gihugu mu Rwanda, Massimiliano Mazzanti n’itsinda ribaherekeje, ku wa Kabiri tariki ya 12 Ukwakira 2021, basuye ishuli rikuru rya Polisi y’u Rwanda (NPC), riherereye mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru.



  • #COVID19: Nta muntu witabye Imana, abanduye babonetse ni 46

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 11 Ukwakira 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 46, bakaba babonetse mu bipimo 7,498. Nta muntu witabye Imana kuri iyo tariki. Abahawe doze ya mbere y’urukingo ni 193,091 na ho abahawe doze ya kabiri ni 2,110.



  • Yafashwe ashaka kwambura umucuruzi yiyita umupolisikazi

    Huye: Yafashwe ashaka kwambura umucuruzi yiyita umupolisikazi

    Mu gitondo cyo ku Cyumweru tariki 10 Ukwakira 2021, Polisi ikorera mu Karere ka Huye yafashe uwitwa Umurerwa Mushimiyimana Agnes w’imyaka 36, yafatanywe umupira wo kwambara wa Polisi y’u Rwanda (T-Shirt) n’ikirango cy’ipeti (Pips) ya ofisiye wo ku rwego rwa Assistant Inspector of Police (AIP).



  • Abatuye uturere 12 two hanze ya Kigali bagiye gukingirwa Covid-19 mu buryo bwagutse

    Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima (RBC), cyatangaje ko abatuye uturere 12 two hanze ya Kigali, bakigiye gukingirwa Covid-19 mu buryo bwagutse, icyo kigo kikaba kirimo kugeza muri utwo turere miliyoni imwe y’inkingo zizifashishwa.



  • Iburengerazuba: Bafashe amabalo arenga 40 y’imyenda ya caguwa ya magendu

    Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu rishyira ku Cyumweru tariki ya 10 Ukwakira Polisi ikorera mu Ntara y’Iburengerazuba kubufatanye n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage mu bikorwa byo kurwanya ubucuruzi bwa magendu, bafashe amabalo y’imyenda arenga 40.



Izindi nkuru: