MENYA UMWANDITSI

  • Kanye West yahinduye izina aba Ye

    Kanye West yahindutse ‘Ye’

    Umuraperi w’Umunyamerika, Kanye West, yahinduye izina ku mugaragaro, ubu akaba asigaye yitwa Ye.



  • Mariya Yohana

    Amateka ya Mukankuranga Marie Jeanne (Mariya Yohana) wamamaye mu ndirimbo ‘Intsinzi’

    Umuhanzi Mukankuranga Marie Jeanne bakunze kwita Mariya Yohana, ni umwe mu Banyarwanda bagize uruhare rukomeye mu rugamba rwo kubohora Igihugu, ndetse na we ubwe akaba yari afite abana bagiye ku rugamba nyirizina guhera mu ntangiriro za (1987-1990), kugeza muri Nyakanga 1994 ubwo ingabo za FPR Inkotanyi zahagarikaga (...)



  • Bamwambuye baranamukomeretsa

    Muhima: Abagizi ba nabi bambuye umucuruzi

    Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 13 Ukwakira, ahagana mu ma saa kumi n’ebyiri, mu Murenge wa Muhima, akagari ka Kabeza umudugudu wa Sangwa, abagizi ba nabi bagabye igitero ku mu ajenti (agent) wa MTN ucururiza ku muhanda unyura imbere y’ibiro bya ARDI (munsi y’ahahoze RIAM), baramushimuta bamujyana mu gashyamba (...)



  • Ikibumbano cya Christopher Columbus

    Mexico: Ishusho ya Christopher Columbus izasimbuzwa iy’umusangwabutaka

    Umuyobozi w’Umujyi wa Mexico yemeje ko ikibumbano cy’umugore w’umusangwabutaka ari cyo kigomba gusimbura icya Christopher Columbus, cyari kiri mu murwa mukuru wa Mexico.



  • Uwamariya Joseph Salton

    Amateka ya Uwamariya Joseph (Salton) waririmbye ‘Kigali Ni Amahanga’

    Umuhanzi Uwamariya Joseph bakundaga kwita ‘Salton’ yavukiye ahahoze ari muri Komini Nyabikenke, Perefegitura ya Gitarama (Akarere ka Muhanga) mu 1954 atabaruka muri 2009 azize uburwayi butunguranye nk’uko bivugwa na Niyotwagira Léocadie bashakanye.



  • R. Kelly wamaze guhamwa n

    Shene ebyiri za R. Kelly kuri YouTube zavanyweho

    Urubuga nkoranyambaga rwa YouTube rwahagaritse shene ebyiri z’umuhanzi R. Kelly, nyuma yo guhamwa n’ibyaha icyenda mu kwezi gushize, byo gusambanya abantu ku gahato.



  • Amateka ya Kagame Alexis, impanga ya Kagambage Alexandre

    Kagame Alexis akaba impanga ya Kagambage Alexandre, na we yari umuhanzi kimwe n’umuvandimwe we gusa bagatandukanira ku kuba Kagambage yari yarabigize umwuga, Kagame akabikora mu rwego rw’amarushanwa gusa cyangwa akijyanira indirimbo ze kuri Radio Rwanda ku buntu, kuko nta na album (cassette) yigeze akora.



  • Ragera Jean de Dieu

    Amateka ya Ragera Jean de Dieu waririmbye Eugenia muri Nyampinga

    Ragera Jean de Dieu ni umwe mu baririmbyi ba Orchestre Nyampinga yamamaye cyane mu Rwanda ahagana mu myaka ya 1980 kugeza mu 1990, by’umwihariko ahahoze ari muri perefegitura ya Butare (Huye) aho yaboneye izuba.



  • Ibimenyetso byereka umukobwa ko umuhungu amukunda (Igice cya 2)

    1. Kuguhamagara cyangwa kukwandikira yasomye ku nzoga zisembuye Abantu benshi bemera ko amagambo umuntu avuga yasinze akenshi biba ari na byo bitekerezo bye iyo atasinze, no mu cyongereza baravuga ngo “A drunk’s person’s words are a sober person’s thoughts”. Ibi rero babishingira ku kuba inzoga zisembuye akenshi zituma (...)



  • Sentore Athanase

    Amateka ya Sentore Athanase mu ijwi rya Massamba Intore na Jules Sentore

    Sentore Athanase, umwe mu bahanzi b’abahanga basize umurage ukomeye mu buhanzi gakondo nyarwanda, ni se wa Massamba Intore, akaba sekuru wa Jules Sentore, na bo bakaba abahanzi mu njyana ikomatanyiriza hamwe gakondo, nyafurika n’iya kizungu.



  • Bwanakweri Nathan

    Amateka ya Bwanakweri Nathan wo mu itorero Urukerereza

    Bwanakweri Nathan wabayeho kuva mu 1922 kugeza muri 2003, yari umuhanzi, umuririmbyi, umubyinnyi n’umutoza wo mu rwego rwo hejuru, akaba yaramamaye cyane mu Itorero Gakondo ry’Igihugu ry’Urukerereza ryakomotse ku matorero atandukanye arimo iry’Urukatsa ryari irya Bwanakweri ryagiye bwa mbere muri Canada mu 1967.



  • Kirusu Thomas

    Amateka ya Kirusu Thomas wasigiye inganzo umukobwa we Nzayisenga Sophie

    Kirusu Thomas ni umwe mu bahanzi gakondo u Rwanda rukesha ibihangano byinshi birimo inyigisho zitandukanye, cyane cyane izirebana n’ubuzima bwa buri munsi n’izikangurira abantu kwitabira umurimo by’umwihariko ubuhinzi.



  • Menya Karasira Jean Jacques waririmbye ‘Kanyota’ muri Orchestre Pakita

    Karasira Jean Jacques ni umwe mu bari bagize Orchestre Pakita yamamaye cyane ahagana muri za 80, mu ndirimbo nka Kanyota, Kariya gacaca, Leoncia, Icyampa umuranga, Mutima ukeye n’izindi.



  • Ibimenyetso 6/18 byereka umukobwa ko umuhungu amukunda

    Ubushize twaberetse ibimenyetso bitanu (5) bigaragariza umukobwa ko umuhungu amukunda, ibi bikaba ari ibindi byiyongera ku by’ubushize.



  • Pasiteri Ezra Mpyisi

    Ababiligi bahaye ubwigenge abatari babukeneye – Pasiteri Ezra Mpyisi

    Pastor Ezra Mpyisi wo mu itorero ry’Abadivantisiti b’Umunsi wa Karindwi, avuga ko ubwo Ababiligi bahaga ubwigenge Abanyarwanda mu 1962, ngo babuhaye abatari babukeneye.



  • Nyakabwa Lucien

    Indirimbo ‘Dina’ ya Nyakabwa Lucien yayihimbiye umukobwa yakundaga

    Nyakabwa Lucien waririmbye Rubunda ku mazi, Nyiragitariro, Dina, Ihogoza, Mwana wa mama, Ikica amahirwe gitera uburwayi n’izindi, yatabarutse mu 1995 afite imyaka 41 gusa asiga ibihangano bitari byinshi kuri Radio Rwanda ariko yigeze no kuririmbana na Nkurunziza François mu ndirimbo Uko nagiye i Buganda.



  • Kagambage Alexandre

    Menya amateka y’umuhanzi Kagambage Alexandre mwene Nzogiroshya

    Kagambage Alexandre wamenyekanye cyane mu ndirimbo z’ibirori by’ubukwe, ni umwe mu bahanzi bafite ibigwi byihagazeho muri muzika nyarwanda, akaba yaracuranze mu matsinda atandukanye yo hambere arimo Les Unis, Super Alouette na Uruyanjye ariko nyuma yaje kwicurangira wenyine (solo).



  • Amateka ya Shyaka Gérard waririmbye ‘Délira’

    Umuhanzi utarabigize umwuga Shyaka Gérard wamenyekanye cyane mu ndirimbo Délira, avuga ko ubuzima bwe ari urugendo rurerure cyane ariko akaba anyuzwe n’uko abayeho ubu.



  • Ibimenyetso 5/10 byereka umukobwa ko umuhungu amukunda

    Ubushize twabagejejeho bimwe mu bimenyetso bishobora kwereka umuhungu ko umukobwa amukunda, ubu noneho reka turebere hamwe ibimenyetso 5 mu 10 byereka umukobwa ko umuhungu amukunda.



  • Semu wahoze muri Orchestre Impala

    Umuhanzi Semu yatabarutse kera asiga icyuho kinini mu itsinda Impala

    Umuhanzi Semu Jean Berchimas bakundaga kwita Semu wa Semu, ni umwe mu bari bagize itsinda (orchestre) Impala, witabye Imana ahagana mu 1983 Impala zimaze kwigarurira imitima y’Abanyarwanda benshi kubera kumenya guhuriza hamwe ubuhanga bwa buri wese mu buryo bwe.



  • Bizimana Loti n

    NYIRINGANZO: Umuhanzi Bizimana Loti, umwe mu ntiti zo hambere mu Rwanda

    Umuhanzi Bizimana Loti wamenyekanye cyane mu ndirimbo “Nitwa Patoro”, ni umwe mu Banyarwanda bake babonye impamyabumenyi ya kaminuza mbere ya za 80 ariko hanze y’u Rwanda kuko yayiboneye i Burundi mu 1976.



  • Amateka ya Kapiteni Nsengiyumva Bernard waririmbye ‘Adela Mukasine’

    Kapiteni Bernard Nsengiyumva yari umuhanzi n’umucuranzi w’umuhanga waririmbye mu matsinda (orchestres) atandukanye, akagira n’indirimbo ze bwite zirimo: Adela Mukasine, Inderabuzima, Umubyeyi utwite, n’izindi yagiye ahimba mu rwego rwa gahunda z’ibikorwa by’igihugu.



  • Amateka ya Sebatunzi Joseph wacurangiye Umwami Rudahigwa

    Umukirigita-nanga akaba n’umuririmbyi, nyakwigendera Sebatunzi Joseph, ni umwe mu bahanzi ndangamuco ba mbere mu Rwanda barusigiye ibihangano bikunzwe na benshi, by’umwihariko abakunda indirimbo zicurangishije inanga.



  • Ibintu bitanu (5/10) bigaragaza ko umukobwa agukunda (IGICE CYA KABIRI)

    1. Akureshya atiriwe akoresha amagambo Iyo umukobwa yagukunze, hari igihe ushobora kubyitiranya no kubura ibyicaro, nyamara umukobwa ashobora gukoresha ibimenyetso bidasanzwe ngo abikwereke wowe ukaba wabifata ukundi. Hari umukobwa ukunda umuhungu akabigaragaza yizengurutsa imbere ye, mu buryo ubona ko ashaka kukwiyereka (...)



  • Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania

    Perezida Samia Suluhu Hassan ni muntu ki?

    Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan, yavutse ku itariki 27 Mutarama 1960, ni Perezida wa gatandatu wa Tanzania, wo mu ishyaka riri ku butegetsi rya Chama Cha Mapinduzi (CCM).



  • Gare ya Kigali 2000 - 2014

    Amafoto: Kigali 1986 - 2021

    Iterambere Umujyi wa Kigali umaze kugeraho rigaragarira cyane cyane mu igereranya ry’uko umujyi wagaragaraga mu myaka ishize n’uko ugaragara ubu. Kigali Today yabakusanyirije amwe mu mafoto yo hambere agaragaza uko uduce dutandukanye twari tumeze ugereranyije n’uko twagiye tuvugururwa.



  • Dore ibintu bitanu (5/15) bigaragaza ko umukobwa agukunda (Igice cya mbere)

    Buri muntu agira uwo akunda kandi na we akifuza ko amukunda, ariko mu ntangiriro ugasanga bigoye kumenya niba uwo wifuzaho urukundo na we ari ko bimeze.



  • Dr Sabin Nsanzimana, Umuyobozi mukuru wa RBC

    Kuba inkingo zikorwa mu myaka 10, ntibivuze ko urwa Covid-19 rutizewe - RBC

    Ikigo cy’igihugu cyita ku buzima mu Rwanda (RBC) kiravuga ko inkingo za Covid-19 zitagombye gutera abantu impungenge, kubera ko amakuru atangwa kuri iyo ndwara akomeje kugenda ahindagurika.



  • Mike Davis

    Kuba muri Amerika (USA) ntibyoroshye - Mike Davis

    Umunyamerika w’impuguke mu by’ubucuruzi no kwihangira imirimo ukorera muri Uganda bwana Mike Davis, aravuga ko akunze guhura n’abantu benshi bifuza kwimukira muri Amerika bakajya kuba abaturage baho burundu.



  • Umuyobozi wa Dusangire Ltd arafunze nyuma y’uko abakozi be babiri bapfiriye ku kazi

    Urwego rw’Ubugenzacyaha rw’u Rwanda (RIB) rwataye muri yombi uwitwa Uwamariya Beata, akaba nyiri uruganda Dusangire Ltd rwenga inzoga isembuye yitwa Dusangire. RIB yabwiye itangazamakuru ko Uwamariya w’imyaka 49 yatawe muri yombi kubera abakozi be babiri bitabye Imana baguye muri tanki (tank) irimo alukoro (alcohol), (...)



Izindi nkuru: