MENYA UMWANDITSI

  • Corneille Nangaa, umuyobozi wa Alliance Fleuve Congo (AFC) irwanya ubutegetsi bwa RDC

    RDC: Urukiko rurashinja abayobozi ba M23 ibyaha by’intambara n’ubugambanyi

    Urukiko rwa gisirikare muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, rwatangije urubanza ruregwamo Corneille Nangaa, umuyobozi w’ihuriro rya politike rifite n’igisirikare Alliance Fleuve Congo (AFC), rirwanya Guverinoma ya Perezida Félix Tshisekedi nk’uko byatangajwe n’ibiro ntaramakuru Xinhua .



  • Kamala Harris yagiriwe icyizere cyo gusimbura Biden mu kwiyamamaza

    USA: Kamala Harris yagiriwe icyizere cyo gusimbura Biden mu kwiyamamaza

    Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Kamala Harris yegukanye ubwiganze bw’amajwi y’intumwa z’ishyaka ry’abademukarate (Democrats) bifuza ko ari we usimbura Perezida Joe Biden mu matora y’Umukuru w’Igihugu.



  • Ishyaka UNAR ryashinzwe n

    Imiterere y’amashyaka mbere na nyuma y’ubwigenge

    Mbere y’itanga ry’Umwami Mutara wa III Rudahigwa, ihirikwa ry’ingoma ya murumuna we Kigeli V Ndahindurwa, impinduramatwara yo mu 1959, n’ingirwa-bwigenge yo mu 1962, mu Rwanda hahoze amashyirahamwe yari agamije guharanira inyungu zitandukanye zirimo iz’uturere abayashinze bakomokagamo.



  • Biniam Girmay

    Umunya-Eritrea Biniam Girmay yegukanye agace ka Tour de France

    Si rimwe, si kabiri ahubwo ni ubugira gatatu Biniam Girmay yereka amahanga ko ari igihangange mu kunyonga igare, akegukana agace k’iri siganwa ryo mu rwego rwo hejuru, ndetse akaba ari nawe munyafurika w’umwirabura wa mbere wegukanye agace ka Tour de France.



  • Ingendo zo mu ndege ziri mu bikorwa byahungabanye cyane kubera virusi yinjiye muri Windows

    Serivisi zikenera ikoranabuhanga ku isi zongeye kuzanzamuka nyuma yo guhagarara

    Ibikorwa by’ubucuruzi na serivisi zitandukanye zo ku rwego rw’isi byatangiye kuzanzamuka buhoro buhoro nyuma y’uko umugera (virusi) ya karahabutaka yinjiye muri za mudasobwa amasaha menshi hagati yo kuwa Kane no kuwa Gatanu.



  • Uko wagabanya ibinure byo ku nda mu minsi itatu

    Mbere y’uko turebera hamwe ibiribwa n’ibinyobwa ushobora kwifashisha kugira ngo ugabanye ibinure byo ku nda mu minsi itatu, tubanze tubabwire ko ibi tubikesha urubuga rutanga ubujyanama ku mibereho myiza ishingiye ku biribwa: www.worldofmedicalsaviours.com



  • Raporo ya WJP 2023 yashyize u Rwanda ku mwanya wa Mbere muri Afurika mu kugendera ku mategeko

    U Rwanda ku isonga muri Afurika mu kugendera ku mategeko - Raporo y’Isi

    Raporo nshya bise ‘World Justice Report’ cyangwa se Raporo y’Ubutabera ku Isi, yerekanye ko u Rwanda rukomeje kuza ku isonga muri Afurika mu kugira ubuyobozi bugendera ku mategeko.



  • Intumwa z

    U Rwanda, Congo n’u Burundi byiyemeje kuganira ku mutekano

    Abaminisitiri bo mu Rwanda bagiye guhura na bagenzi babo bo muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC) n’abo mu Burundi, mu biganiro bizaba mu bihe bitandukanye ku mutekano n’ibibazo by’imibanire itameze neza hagati y’ibi bihugu, ibangamiye umutekano mu Muryango wa Afurika y’Uburasirazuba.



  • Kuki benshi bakunda urusaku rw’imvura – Ubushakashatsi

    Iyo imvura irimo kugwa umuntu aryamye haba ari ninjoro cyangwa ari ku manywa ku buryo urusaku cyangwa ijwi ry’imvura rikugeraho, usanga abantu benshi bagubwa neza no kuryumva, ndetse bamwe bigatuma babasha gusinzira bitabagoye, bitandukanye n’igihe barimo kumva andi majwi asakuza.



  • Miles Kington yaragize ati Ubwenge ni ukumenya ko urunyanya ari urubuto, ubushishozi ni ukutarushyira muri salade y

    Menya ibanga riba mu nyanya n’ikawa

    Inyanya ubusanzwe ni ikiribwa cy’ingirakamaro mu mubiri w’umuntu by’umwihariko kuko kiri mu cyiciro cy’ibirinda indwara, ibigabanya ibyago byo kurwara kanseri zitandukanye, zirimo ifata udusabo tw’intangagabo (prostate), diyabete n’umutima.



  • Amazina akoreshwa mu mwanya utari uwayo

    Amwe mu mazina akoreshwa mu mwanya utari uwayo

    Hari ibintu bitandukanye bikenerwa mu buzima bwa buri munsi, urugero nk’ibinyobwa, ibiribwa, ibikoresho by’isuku n’ibindi, bifite amazina mu zindi ndimi ariko ugasanga Ikinyarwanda cyarayafashe nk’amazina y’ihame no ku bindi bisa nabyo kabone n’iyo byaba bifite amazina yabyo bwite.



  • Dore ibyiza byo kugenda n’amaguru buri munsi

    Hari siporo zitandukanye abantu bakora kugira ngo bakomeze kugira ubuzima buzira umuze, abandi bagakora iz’umwuga nk’akazi kababeshejeho, ariko hari indi siporo yoroshye kandi ifitiye akamaro kanini abayikora itanagombera ibikoresho runaka. Iyo nta yindi ni siporo yo KUGENDA.



  • Abarenga ibihumbi 166 bishwe n’ubushyuye bukabije-OMS

    Raporo iri ku rubuga rw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS/HWO), ivuga ko abantu barenga 166.000 bishwe n’ubushyuhe bukabije hagati ya 1998 – 2017



  • Menya impamvu imbwa zizunguza imirizo

    Uburyo imbwa zizunguza umurizo bushobora kugira ibisobanuro bitandukanye. Mu gihe injangwe zigaragaza uko zimerewe zikoresheje uburyo bwo guhirita, imbwa zo zibanda cyane ku gukoresha umubiri wazo nk’uko byemezwa n’ikinyamakuru Psychology Today.



  • Guhuza izi nyito bikomoka ku ikosa ryakozwe n

    Guhuza izi nyito byavuye he?

    Urubuga Quora.com ruvuga ko kwitiranya ijambo avocat nk’urubuto na avocat nk’umunyamategeko bikomoka ku ikosa ryakozwe n’Icyongereza cyo ha mbere mu gihe cyo gutiririkanya amagambo.



  • Bob Marley yakundaga Imana cyane

    Bob Marley ntiyemeraga uburyo Bibiliya yigishijwe

    Umuhanzi Bob Marley, abenshi mu bamumenye bamuzi nk’umugabo wazamuye injyana ya Reggae akayigeza ku rwego mpuzamahanga, abandi bakamufata nk’umuntu wagenderaga ku myemerere ya Rastafarianism ifite inkomoko ku ngoma y’Umwami Haile Selassie wa Ethiopia.



  • Ikiganirompaka cya mbere hagati ya Trump na Biden

    USA: Biden yaremye agatima abakomeje kumutera icyizere kubera ko ashaje

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) Joe Biden, yasubije abamaze iminsi bavuga ko bahangayikishijwe n’imyaka ye, abwira abamushyigikiye mu ijambo rikakaye ko yizeye indi ntsinzi mu matora yo mu Gushyingo. Ni nyuma y’ikiganirompaka cyatumye benshi bicuza impamvu yongeye kwiyamamaza mu izina ry’aba demukarate (...)



  • Iterambere ry’ubukerarugendo n’ibikorwa remezo: Habaye ah’abagabo

    Kuva u Rwanda rwabaho hari byinshi byakozwe bigana ku iterambere mu byiciro binyuranye by’ubuzima. N’ubwo tutavuga ko byari biri ku rwego rwo hejuru, ariko byatwaraga imbaraga igihugu n’abanyarwanda. Jenoside yakorewe abatutsi ibaye, igihugu cyahise gisubira hasi kuko cyabuze abantu ndetse n’ibikorwa remezo birangirika. (...)



  • Indirimbo

    Dore indirimbo eshanu z’ibanze zivuga ku matora ya 2024

    Mu gihe kitageze ku kwezi, Abanyarwanda bazaba babukereye kwihitiramo Umukuru w’Igihugu uzayobora u Rwanda muri manda y’imyaka itanu iri imbere.



  • Dr Vincent Biruta yahererekanyije ububasha na Alfred Gasana wari Minisitiri w’Umutekano

    Dr Vincent Biruta wari Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga, kuri uyu wa Kabiri 18 Kamena yahererekanyije ububasha na Alfred Gasana wari Minisitiri w’Umutekano imbere mu gihugu.



  • Bill Anders wafotoye Isi bwa mbere ari ku Kwezi

    Umupilote wafotoye Isi bwa mbere yaguye mu mpanuka y’indege

    Umupilote w’icyogajuru Apollo 8, Bill Anders, wafashe amafoto yamamaye cyane ari mu isanzure, yitabye Imana ku myaka 90 y’amavuko aguye mu mpanuka y’indege.



  • Umuraperi Sean

    USA: Kaminuza ya Howard yambuye Puff Daddy impamyabumenyi y’icyubahiro

    Inama y’ubuyobozi bwa Kaminuza ya Howard University ifite inkomoko ku mateka y’abirabura bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika i Washington DC, yambuye umuhanzi w’injyana ya hip-hop Sean "Diddy" Combs impamyabumemyi y’icyubahiro yari yaramugeneye mu 2014.



  • Mexico: Umuyobozi w’umujyi yishwe arashwe

    Abantu bitwaje intwaro bishe umuyobozi w’umujyi w’umugore muri Mexico, nyuma y’amasaha macye igihugu kiri mu birori by’intsinzi ya Claudia Sheinbaum nk’umugore wa mbere watorewe kuyobora igihugu.



  • Uganda: Abanyarwanda babiri bafunzwe bakekwaho ubwicanyi

    Police ya Uganda yataye muri yombi uwitwa Kwizera Désiré n’umugore we Uwingabire Kwizera bakoraga akazi ko mu rugo i Kabale muri Uganda bakekwaho kwica uwari shebuja.



  • Rupert Murdoch w

    Umuherwe Rupert Murdoch yakoze ubukwe ku nshuro ya gatanu

    Umuherwe ukora mu bijyanye n’itangazamakuru Rupert Murdoch yarongoye ku nshuro ya gatanu mu bukwe bwabereye mu busitani bwe bwo muri California kuwa Gatandatu 01 Kamena.



  • Trump yavuze ko imikirize y

    USA: Trump yikomye abacamanza nyuma yo guhamwa n’ibyaha 34

    Donald Trump yateje impagarara nyuma yo guhamwa n’ibyaha 34 byo gukoresha inyandiko mpimbano mu bucuruzi, mu rubanza rw’amateka rwaberaga i New York.



  • Mu baminisitiri 54 bari muri guverinoma nshya ya Congo, 17 ni abagore barimo na Minisitiri w

    RDC: Tshisekedi yahinduye guverinoma havamo batatu

    Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) Felix Antoine Tshisekedi, kuwa Kabiri 28 Gicurasi yahinduye guverinoma yinjizamo abaminisitiri bashya abandi bahindurirwa imirimo.



  • John Muchiri Kamunge, muramu wa Agnes Wanjiru bivugwa ko wishwe n

    Kenya: Batangiye kumva ibyaha bishinjwa ingabo z’u Bwongereza

    Ubutabera bwo muri Kenya kuri uyu wa Kabiri bwatangiye kwakira ibirego bishinja ingabo z’u Bwongereza zikambitse muri icyo gihugu bwigeze gukoroniza.



  • Mufti mushya, Sheikh Mussa Sindayigaya

    Mufti w’u Rwanda mushya Sheikh Mussa Sindayigaya ni muntu ki?

    Ku Cyumweru tariki 26 Gicurasi 2024, Abahagarariye Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda (RMC) batoye abayobozi bashya, Sheikh Mussa Sindayigaya aba ari we ugirirwa icyizere cyo kuba Mufti mushya w’u Rwanda mu matora yabaye ari we mukandida wenyine.



  • Perezida wa Repubulika ya Czech yakomerekeye mu isiganwa rya moto

    Perezida wa Repubulika ya Czech Petr Pavel yajyanywe kwa muganga nyuma yo kugushwa na moto yari atwaye ari mu isiganwa arakomereka, nk’uko byemejwe n’abashinzwe itangazamakuru mu biro bye.



Izindi nkuru: