MENYA UMWANDITSI

  • Rutikanga Ferdinand umukinnyi watahanye ishema

    Rutikanga Ferdinand wamamaye nk’uwatangije umukino w’iteramakofe (boxing) mu Rwanda, ni umugabo waranzwe n’udushya twinshi mu buzima bwe akaba yari azi no gushyenga cyane ashingiye ku bigwi yagize muri uwo mukino.



  • Icuruzwa ry’abantu rikomeje kwibasira cyane abagore - RIB

    Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, kuri uyu wa Mbere tariki 2 Kamena 2025, rwashyize ahagaragara amayeri akomeje gukoreshwa n’abagizi ba nabi bashuka abantu kubajyana mu mahanga kandi bagiye kubacuruza.



  • Si byiza gukoresha telefone iri ku muriro

    Ingaruka zo gukoresha telefone iri ku muriro no kuyishyira mu mufuka

    Abantu batunze telefone zigendanwa, hari abo usanga bakunda kuzikoresha igihe barimo kuzisharija, abandi bagahitamo kuzireka batiri (battery) ikabanza ikuzura umuriro 100%. Ese gukoresha telefone igihe iri ku muriro hari ikibazo?



  • SAMI DRC yacyuye ibindi bikoresho binyuze mu Rwanda

    Icyiciro cya karindwi cy’ibikoresho by’ingabo zari mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (SAMIDRC) zakoreshaga mu ntambara na M23, byasubijwe aho byaturutse binyujijwe mu Rwanda.



  • Telefone, amwe mu mayeri ya Mukandutiye Angeline mu kuvumbura Abatutsi

    Mukandutiye Angeline wabaye umugenzuzi w’uburezi mu karere ka Nyarugenge, yakatiwe igifungo cya burundu aho afungiye muri gereza ya Mageragere mu Mujyi wa Kigali kubera ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.



  • Min Bizimana yavuze ko bitari bikwiye kumara imyaka 31 hari abagisaba uburenganzira bwo gushyingura imibiri y

    Ntibikwiye ko tumara imyaka 31 hari abagisaba gushyingura ababo - Minisitiri Bizimana

    Mu gikorwa cyo gushyingura mu cyubahiro imibiri 260 yimuriwe mu rwibutso rwa Rusiga mu Karere ka Rulindo, Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène, yasabye abaturage gutanga amakuru y’ahakiri imibiri y’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 itaraboneka, kugira ngo (…)



  • Min. Rwego Ngarambe(hagati)

    Akaremangingo kagize u Rwanda ni ubudaheranwa – Min RWEGO

    Mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, cyabereye kuri Collège APACOPE ku wa Gatandatu 17 Gicurasi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo RWEGO NGARAMBE Emmanuel, yavuze ko kuba umuryango APACOPE waraharaniye uburezi kuri bose kuva mu gihe abawushinze batotezwaga bazizwa (…)



  • Berlin: Minisitiri w’Ingabo yashimye umuhate w’u Rwanda mu bikorwa byo kubungabunga amahoro

    Minisitiri w’Ingabo, Juvénal Marizamunda, yongeye kugaragaza ko u Rwanda rushikamye mu rugamba rwo kubungabunga amahoro n’umutekano ku Isi, asaba ko habaho amavugururwa y’ingenzi mu bikorwa by’Umuryango w’Abibumbye (UN), byo kubungabunga amahoro kugira ngo zirusheho gutanga umusaruro no kurinda abasivili.



  • Uhereye iburyo; Fidèle Gatete, Jean-Paul Ntambara na Patrick Imanirutabyose bakina umupira w

    Turukiya: Ikipe ya ruhago y’abafite ubumuga irimo Abanyarwanda babiri yinjiye muri Shampiyona

    Abanyarwanda Fidèle Gatete na Jean Paul Ntambara bahesheje ikipe ya Malatya Spor Kulübü yo muri Turukiya (Turkey) itike yo kujya muri shampiyona ya ruhago y’abafite ubumuga (Turkish Amputee Super League), nyuma yo kwegukana igikombe cya diviziyo ya 1 ku Cyumweru.



  • Urukiko rwategetse ko Moses Turahirwa aburana afunze

    Umunyamideri Moses Turahirwa, kuri uyu wa Gatanu 09 Gicurasi yasabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo nyuma y’uko Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwemeje ko hari impamvu zumvikana zituma ashinjwa ibyaha bijyanye no gukoresha ibiyobyabwenge.



  • Paris: Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Macron

    Perezida Paul Kagame yageze i Paris mu Bufaransa kuri uyu wa Gatatu 07 Gicurasi2025, agirana ibiganiro na Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron.



  • Turahirwa Moses yemeye icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge

    Urukiko Rwisumbuye rwa Kicukiro kuri uyu wa Kabiri tariki 06 Gicurasi 2025, rwatangiye kuburanisha urubanza rw’umunyamideri Moses Turahirwa, ukurikiranyweho ibyaha bitandukanye bijyanye no gukoresha ibiyobyabwenge.



  • Uko Orchestre Les 8 Anges yasenyutse nyuma yo kwibwa piano ihenze

    Itsinda ry’abacuranzi n’abahanzi ryitwaga Orchestre Les 8 Anges (Abamalayika 8), ryabonye izuba ahagana mu 1979 ku Muhima mu Mujyi wa Kigali, ritangijwe n’abana bo mu muryango wa nyakwigendera Gasana Gaëtan (Kayitani), n’abandi bo mu miryango y’inshuti ze.



  • Niba upfobya agapfukamunwa, iyi nkuru irakureba

    Mbere y’uko icyorezo cya COVID-19 cyaduka mu Bushinwa mu 2019 kigakwirakwira hirya no hino ku isi n’u Rwanda kitarusize, cyera numvaga ko agapfukamunwa ari ak’abakora kwa muganga, mu bigo bikora ubushakashatsi bushingiye ku butabire (laboratoire) no mu nganda gusa, ku buryo iyo nahuraga n’umuntu ukambaye mu Rwanda nabonaga (…)



  • Karangwa Jean Marie Vianney warokokeye kuri Ste Famille

    Nangiwe kwiga iseminari bavuga ngo nabyawe n’indaya - Ubuhamya

    Karangwa Jean Marie Vianney, umwe mu banyamahirwe yagerwaga ku mashyi warokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi kuri Paruwase y’Umuryango Mutagatifu (Ste Famille), avuga ko ubwo papa we Karangwa Stanislas, yajyaga kumusabira kwiga mu iseminari, abari babishinzwe bamubwiye ko badashobora kwakira abana bo mu mujyi ngo kuko “ba (…)



  • Ifoto Peter Fahrenholtz yafashe mu mujyi wa Goma

    I Goma ubuzima bumeze neza - Uwahoze ari Ambasaderi w’u Budage mu Rwanda

    Peter Fahrenholtz wigeze guhagararira u Budage mu Rwanda, yavuze ko nta bibazo by’imibereho bikeneye ubutabazi biri muri Goma, umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC), umujyi ugenzurwa n’abarwanyi b’ihuriro AFC/M23.



  • Hari abajya bamburira ngo sinkavuge ibintu uko biri ntazicwa – Paul Kagame

    Perezida w’u Rwanda Kagame Paul yavuze ko hari abantu bajya bamubwira ngo azarekere kujya avuga ibintu byose uko biri ngo batazamwica. Umukuru w’igihugu yabivugiye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku Gusozi, mu ijambo ritangiza icyunamo cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi.



  • Isaha isigaye ari icyambarwa cy

    Menya inkomoko y’isaha no kubara igihe

    Inkomoko y’isaha umuntu ashobora kuyirebera mu myaka isaga ibihumbi bitatu (3000). Uburyo bwa mbere buzwi bwakoreshwaga mu kugereranya igihe, kwari ugushinga inkoni mu butaka igihe harimo kuva izuba, no gukurikirana uko igicucucucu cyayo kigenda cyimuka uko umunsi ugenda ushira.



  • Panthères Noirs mu kibuga cyayo kuri Camp Kigali mu myaka ya za 90

    Panthères Noires: Kera habayeho urugomo muri ruhago

    Mu Rwanda, kujya kureba umupira w’amaguru ni ibintu bikundwa na benshi cyane cyane urubyiruko, abasore n’inkumi, abagabo n’abagore n’ubwo hari n’abasaza batahatangwa by’umwihariko ababyirutse bawuconga.



  • Zelensky avuga ko Putin atagombye kugorana mu biganiro by

    Putin agomba kureka gusaba ibitari ngombwa mu masezerano y’amahoro - Zelensky

    Mu nama yagiranye n’Abakuru b’ibihugu by’u Burayi kuri uyu wa Kane, Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky, yavuze ko mugenzi we w’u Burusiya Vladimir Putin, agomba kurekaraho kuruhanya kugira ngo impande zombi zibashe kugirana amasezerano yo guhagarika imirwano.



  • USA: Umucamanza wa Leta yatambamiye ihagarikwa rya USAID

    Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika USA, Umucamanza wa Leta yatambamiye ubuyobozi bwa Perezida Donald Trump, mu mugambi wabwo wo gukinga Ikigo gitera inkunga iterambere mpuzamahanga (USAID).



  • Joseph Kabila yaherukaga mu biganiro by

    Abaturage ba Congo barifuza amahoro - Joseph Kabila

    Joseph Kabila wigeze kuba Perezida wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC), aravuga ko abaturage ba Congo biteguye gushakira amahoro arambye igihugu cyabo.



  • Uko imbwa yakijije uwari ugiye kwicirwa icyaha atakoze – Iherezo

    Tumaze iminsi tubagezaho inkuru ya Pierre wakatiwe igihano cyo kwicwa ariko akaza gutabarwa n’urukundo rw’imbwa ye ku munota wa nyuma. Ubwo dusoza iyi nkuru, Pierre ashoje urugamba rw’ingenzi aratashye, na Hugo ye bageze imuhira.



  • Umugabo wa Dolly Parton, Carl Dean yitabye Imana

    Umugabo wa Dolly Parton, Carl Dean yatabarutse ku myaka 82

    Umugabo wa Dolly Parton, icyamamare mu njyana ya Country Music, Carl Dean, bari bamaranye hafi imyaka 60, yitabye Imana ku wa Mbere tariki 04 Werurwe afite imyaka 82.



  • Trump yasubitse inkunga ya gisirikare kuri Ukraine

    Trump yasubitse inkunga ya gisirikare kuri Ukraine

    Leta Zunze Ubumwe za Amerika (US), zabaye zihagaritse inkunga zateraga Ukraine mu bya gisirikare, nk’uko byatangajwe n’umuyobozi muri White House mu kiganiro yagiranye na CBS News.



  • Igice cya 3: Uko imbwa yakijije uwari ugiye kwicirwa icyaha atakoze - Urugamba rwa Michel

    Nyuma yo gutanga ibimenyetso, Michel yatangiye guhura n’ibibazo byo gushyirwaho iterabwoba n’abantu atazi. Umunsi umwe asanga ikirahure cy’imodoka ye cyamenetse hariho n’ubu butumwa: Ushatse wava mu byo urimo niba ukunda ubuzima bwawe. Ariko Michel ntibyamuciye intege. Yarazi ko ahanganye n’abantu babi cyane ariko inyota yo (…)



  • Elon Musk arasabirwa kwamburwa ubwenegihugu bwa Canada

    Canada: Elon Musk arasabirwa kwamburwa ubwenegihugu

    Muri Canada, abantu ibihumbi n’ibihumbi bashyize umukono ku nyandiko rusange isaba ko umuherwe Elon Musk yamburwa ubwenegihugu bwa Canada, mu gihe umwuka ukomeje kugenda uba mubi hagati y’ubuyobozi bwa Trump na Canada.



  • U Rwanda rwahagaritse umubano w’ubutwererane n’u Bubiligi

    Minisiteri y’u Rwanda y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane (MINAFFET), yatangaje ko u Rwanda rwahagaritse gahunda y’ubutwererane Igihugu gisanzwe gifitanye n’u Bubiligi.



  • Pierre bamuzanira Hugo mbere yo kujyanwa mu cyumba cy

    Uko imbwa yakijije uwari ugiye kwicirwa icyaha atakoze – Igice cya 1

    Tugiye kubagezaho inkuru mbarankuru ijyanye n’ubutabera, yerekana uko umuntu ashobora kurokoka icyendaga kumukoraho, mu gihe ibyari biteganyijwe byose ngo yamburwe ubuzima ku maherere byamaze gushyirwa ku murongo.



Izindi nkuru: