MENYA UMWANDITSI

  • Rwabukwisi Vincent

    Rwabukwisi Ravi, umunyamakuru waharaniye ukuri kugeza akuzize

    Mu ntangiriro z’itangazamakuru ry’u Rwanda, harimo igitangazamakuru cyigenga cyabayeho mu gihe cy’ubukoroni, ubwo Kiliziya Gatolika yari iri mu nkubiri yo kwamamaza ivanjili. Icyo gihe ni bwo habayeho ikinyamakuru cyitwaga Kinyamateka mu 1933 na Dialogue mu 1967 byari bifite umurongo ushingiye ku kwamamaza gahunda za Kiliziya.



  • Uwahungabanye akenera kuruhuka ntawe umushungereye

    Dore uburyo 12 wafashamo uwagize ihungabana

    Ubushakashatsi bwakozwe mu 2018, bwagaragaje ko abarokotse Jenoside yekorewe Abatutsi ari bo benshi bafite ikibazo cy’ihungabana n’agahinda gakabije ugereranyije n’abandi Banyarwanda. Ubu bushakashatsi bwakozwe na Minisiteri y’Ubuzima, Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside n’iyari Minisiteri y’Umuco na Siporo.



  • Umuyobozi wa RESIRG, Déogratias Mazina ashyira indabo ku rwibutso rwa Jenoside rwa Woluwé Saint Pièrre

    Nyuma y’imyaka 30 nta wari ukwiye kwigira ntibindeba – RESIRG

    Imyaka 30 irashize Isi ibonye Jenoside, kugeza ubu, itakiri ingingo yo kugibwaho impaka zo kwemeza niba ari yo cyangwa atari yo.



  • Perezida Kagame yavuze kuri mubyara we wishwe muri Jenoside bamaze kuvugana

    Ku nshuro ya mbere mu myaka 30 ishize, Umukuru w’Igihugu Paul Kagame yavuze inkuru ya mubyara we – Florence, wakoraga mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Iterambere (UNDP), wishwe urw’agashinyaguro n’Interahamwe mu kigo cya gisirikare cya Kigali mu 1994, nyuma y’uko Kagame atabashije kumutabara abinyujije kuri Lt. (...)



  • Perezida wa Senegal yatangaje ko hagiye gukorwa ubugenzuzi kuri peteroli, gaze n’ubucukuzi

    Perezida wa Senegal uherutse gutorwa Bassirou Diomaye Faye mu ijambo ryaciye kuri televiziyo ku mugoroba wo kuwa Gatatu yavuze ko guverinoma ye igiye gukora ubugenzuzi ku musaruro w’ibikomoka kuri peterori, gaze, no mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro.



  • Lt Gen (Rtd) Charles Kayonga wari uyoboye 600 ni muntu ki?

    Lieutenant General Charles Kayonga wacyuye igihe mu ngabo z’igihugu ubu akaba ahagarariye u Rwanda muri Turkey, ni umwe mu basirikare b’ingabo zahoze ari iza RPA Inkotanyi zafashe iya mbere mu gutangiza urugamba rwo kubohora u Rwanda.



  • Senegal: Perezida Faye Diomaye yagize Ousmane Sonko Minisitiri w’Intebe

    Perezida mushya wa Senegal Basirou Diomaye Faye ku mugoroba wo kuwa kabiri yagize Minisitiri w’Intebe Ousmane Sonko umwe mu b’ingenzi mu bataravugaga rumwe n’ubutegetsi bwa Macky Sall wacyuye igihe.



  • Caption: Umuyobozi Mukuru wa UNESCO Audrey Azoulay mu Kwibuka29

    UNESCO izifatanya n’Abanyarwanda Mu Kwibuka Ku Nshuro ya 30

    Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe guteza imbere uburezi, science n’umuco (UNESCO), Audrey Azoulay, ni umwe mu bayobozi bakuru bazifatanya n’u Rwanda mu kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.



  • Muhima: Habonetse imibiri 21 y’abishwe muri Jenoside

    Kuwa kabiri tariki 2 Mata, 2024, ku muhanda urimo gukorwa mu Mudugudu w’Intiganda aho bita muri Marathon mu Kagali ka Tetero habonetse imibiri y’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ubwo imashini ya Company Stecol Corporation yakoraga uwo muhanda ikagera ahari iyo mibiri.



  • Dore ‘abakurambere’ ba telefone na televiziyo (AMAFOTO)

    Ibikoresho binyuranye dukenera muri iki gihe, ibyinshi bifite ibyo twakwita nk’abakurambere babyo kuko hari ibyo usanga byarahinduye isura burundu, ibindi ndetse ntibyongere gukorwa ahubwo bigasimbuzwa ibindi uko ibihe bigenda bisimburana.



  • Ubwato bwagonze inkingi y

    USA: Habonetse imirambo ibiri y’abaguye mu mpanuka y’ikiraro giherutse gucika

    Polisi yo mu Mujyi wa Baltimore, Maryland muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko bamaze kuvana imirambo ibiri mu mazi nyuma y’impanuka y’ubwato butwara imizigo bwabuze amashanyarazi bukagonga ikiraro cyitiriwe Francis Scott Key mu rukerera ku wa Kabiri kigahanukana n’imodoka n’abantu.



  • BALTIMORE: Abakozi batandatu birakekwa ko ari bo baguye mu mpanuka y’ikiraro

    Baltimore: Abakozi batandatu bo ku cyambu cya Baltimore kugeza ubu ntibaraboneka bikaba bikekwa ko bahitanywe n’impanuka y’ikiraro cyasenyutse nyuma yo kugongwa n’ubwato mu rucyerera rwo kuwa kabiri 26 Werurwe.



  • USA: Icyizere ku bantu bagwanye n’ikiraro cya Baltimore kiragerwa ku mashyi

    Icyizere cy’ubuzima kiragenda kigabanuka ku bantu bahanukanye n’ikiraro cyo mu mujyi wa Baltimore, USA, cyasenyutse mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri nyuma yo kugongwa n’ubwato bwikorera imizigo.



  • USA: Ikiraro cya Baltimore cyasenyutse, abantu 20 bararohama

    Abantu babarirwa muri 20 ni bo bamaze kubarurwa ko bituye mu mazi nyuma y’impanuka y’ubwato bwagonze ikiraro Francis Scott Key Bridge mu mujyi wa Baltimore muri Leta ya Maryland, USA, kikarundumukira mu mazi n’imodoka zakinyuragaho mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri 26 Werurwe 2024.



  • Dr Bigirankana Aloys waririmbye

    Amateka ya Dr Bigirankana waririmbye ‘Nasezeye ku rukundo’

    Abantu bari baciye akenge ahagana mu 1973-80, benshi muzi indirimbo igira iti ‘Nasezeye ku rukundo, urukumbuzi ndujyanye, nsezera no ku babyeyi, kugira ngo mbone inkwano yo kuzabona umwana nakunze...ariko ngarutse bampa inkuru iteye agahinda ko yarongowe n’undi.’



  • Mukabaranga Gerturde ahagana mu 1992

    Mukabaranga yahimbye indirimbo, Bikindi amwita icyitso

    Mukabaranga Gerturde w’imyaka 59 wamenyekanye ahagana mu 1991 akiri mu mwuga w’ubuhanzi, ni we wahimbye indirimbo yitwa Urabeho uwo nkunda n’iyitwa ‘Igitaramo’ aho agira ati ‘Iki gitaramo cy’abakuru n’abato, twateraniye aha ngo twishimane...’, ariko iyi by’umwihariko yari igiye kumukoraho habura gato.



  • Tariki 29 Gashyantare: Isabukuru nziza ku ‘Batarutsi’

    Abantu bavutse ku itariki 29 Gashyantare, ntibagira amahirwe yo kwizihiza umunsi w’amavuko buri mwaka nk’abandi kubera ko iyo tariki ibaho rimwe mu myaka ine, bigatuma umwaka bawita ‘Umwaka Utaruka’, ‘Umunsi Utaruka’, n’abavutse kuri uwo munsi bakabita ‘Abatarutsi’ biva ku nshinga Gutaruka.



  • Bamwe mu bimukira baherutse kwakirwa mu Rwanda

    U Rwanda rugiye gushyiraho urukiko rw’impunzi n’abimukira

    Guverinoma y’u Rwanda igiye gushyiraho urukiko rudasanzwe ruzajya rufasha impunzi n’abimukira mu manza n’ibindi bibazo byo mu butabera.



  • MUKAYISIRE Benilde na musaza we nyakwigendera RANDERESI Landouard

    Menya imvano y’indirimbo ‘Karoli Nkunda’ ya Randeresi Landouard

    Nyakwigendera Randeresi Landouard waririmbye ‘Karoli Nkunda’, indirimbo benshi bakunze kwita ‘Karoli nshuti yanjye y’amagara’, ni umwe mu bahanzi bo hambere bigiye gucuranga mu kigo cyitaga ku bafite ubumuga cya Gatagara, ahahoze ari muri Perefegitura ya Gitarama, ubu ni mu Karere ka Nyanza.



  • Ngombwa Timothée wahimbye ‘Ziravumera’ agiye kurega abamwibye ibihangano

    Umusaza Ngombwa Timothée wahimbye indirimbo zirenga 100 zirimo izagize uruhare mu rugamba rwo kubohora igihugu nka Ziravumera, Ziganjamarembo, n’izindi, yatangarije Kigali Today ko nyuma y’igihe kirekire yari amaze arwaye, ubu noneho aje guhagarara ku bihangano bye byitirirwa abandi bahanzi.



  • Dore ingaruka zo gutinda imbere ya screen (Ubushakashatsi)

    Muri rusange tuzi ko atari byiza kureka abana bakamara umwanya munini imbere ya screen ya televiziyo, mudasobwa, telefone zigezweho na tablets), kuko bibarangaza ntibagire ikindi bakora cyangwa bikaba byabangiriza amaso, ariko se haba hari igihe kihariye abantu bakuru batagombye kurenza bari imbere ya screen?



  • Incamake ku Mwami Kigeli V Ndahindurwa n’uburyo yavuye mu Rwanda

    Kigeli V, amazina ye yose ni Ndahindurwa iri rikaba ryari izina ry’Ubututsi, Jean Baptiste izina rya Gikirisitu nk’umugatolika na Kigeli V izina ry’Ubwami.



  • Twabaye imbata za telefone igendanwa

    Uko mbibona: Dore aho telefone igendanwa ibera igitangaza

    Telefone igendanwa ifite imbaraga zirenze uko umuntu abitekereza. Mbere na mbere telefone igendanwa yaraje yirukana telefone zitagendanwa irangije isimbura televiziyo, yirukana mudasobwa, ikuraho amasaha, ifata umwanya wa kamera na radiyo, yihanangiriza amasitimu n’indorerwamo, irangije itera umugeri ibinyamakuru, (...)



  • Nyuma y’isubikwa ry’urubanza rwa Kabuga, IMRCT igiye gufunga imiryango

    IMRCT, urwego rwasigaranye inshingano zo kurangiza imanza za Jenoside zaburanishwaga n’Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga ku Rwanda (TIPR), kuwa Gatanu rwatangaje ko ruzafunga imiryango y’ibiro bya Kigali ku itariki 31 Kanama 2024.



  • Oprah Winfrey yigeze gufatwa ku ngufu na mubyara we wamurutaga

    Menya Oprah Winfrey n’ibigwi bye

    Oprah Winfrey, ni Umunyamerika w’umwiraburakazi wamamaye ku rwego mpuzamahanga kubera ikiganiro cye yise Oprah Winfrey Show.



  • Menya indirimbo 8 zamamaje abatari ba nyirazo

    Mu mwuga w’ubuhanzi by’umwihariko kuririmba no gucuranga, habamo abahanzi bakundwa cyane kubera indirimbo runaka kandi nyamara atari bo bazihimbye ariko ugasanga zaratumye bamamara kurusha ba nyirazo (ba nyiringanzo).



  • Hage Geingob yatabarutse ku myaka 82

    Namibia: Ikiganiro Isi izibukira kuri Perezida Hage Geingob uherutse kwitaba Imana

    Nyakwigendera Hage Geingob wari Perezida wa Namibia, yari umwe mu Bakuru b’Ibihugu bazwiho kudaca ku ruhande ibirebana n’umubano wa Afurika n’ibihugu byo ku mugabane w’u Burayi.



  • Nimero ya 1 ni Kagoyire (Nyiringanzo), nimero ya 2 ni Niwewokugirwa (inshuti), nimero ya gatatu ni DJ De Gaulle (Les 8 Anges)

    Menya inkomoko y’indirimbo ‘Nakunze Mama Ndamubura’ yacuranzwe na Les 8 Anges

    Umwarimu uri mu kiruhuko cy’izabukuru witwa Kagoyire Rita w’imyaka 75, ni we wahimbye indirimbo Nakunze mama ndamubura ahagana mu 1971, ubwo yari ari mu kiruhuko cya saa sita aho yigishaga mu mashuri abanza i Nyakabungo, mu cyahoze ari komine Ntongwe ubu ni mu karere ka Ruhango ari naho akomoka.



  • Umupfumu Craig Hamilton-Parker

    Umugabo wigeze guhanura Covid-19 yahanuye ko Putin azapfa mu 2024

    Umupfumu kabuhariwe wo mu Bwongereza yahanuye ko Perezida Putin ari hafi kwitaba Imana naho umuhanzikazi Taylor Swift agatwita muri uyu mwaka.



  • Imwe mu mitako yasahuwe n

    U Bwongereza bugiye gusubiza imitako ya zahabu yasahuwe muri Ghana

    Leta y’u Bwongereza yiyemeje gusubiza ubutunzi bw’imitako ndangamurage ikoze muri zahabu n’ubutare yigeze kwambarwa n’abaturage bo mu bwami bwa Asante, igasahurwa muri Ghana mu myaka isaga 150 ishize.



Izindi nkuru: