MENYA UMWANDITSI

  • Intumwa z

    Habonetse ikigo Nyarwanda kizorohereza abatumiza n’abohereza ibicuruzwa i Dubai

    Ikigo Nyarwanda cy’ubucuruzi cyitwa Heart of Africa Trading Ltd. gisanzwe gikorera mu Bushinwa, kigiye gutangira gukorera i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE), aho kizajya gitanga serivisi zitandukanye mu bikorwa by’ubucuruzi ku batumiza n’abohereza ibicuruzwa mu Rwanda n’ahandi ku Isi.



  • Batewe intanga bazi ko ari iz’abantu batandukanye, babyara abana basa

    Abagore bahawe intanga kwa muganga babwirwa ko ari iz’abantu batandukanye, baza gutungurwa no kubyara abana basa.



  • Umunyarwanda n’Umurundi batawe muri yombi bazira gukora amafaranga

    Police ya Malawi mu cyumweru gishize yataye muri yombi Umunyarwanda witwa Manuel Saidi (w’imyaka 19) n’Umurundi witwa Amosi Sean (w’imyaka 30), bakekwaho kuba ari bo bakuriye agatsiko k’abantu bakora inoti z’inyiganano zitandukanye mu karere ka Mangochi.



  • Utugarurarumuri tugezweho

    Utugarurarumuri two mu muhanda twahimbwe bagendeye ku maso y’injangwe

    Umwongereza witwa Percy Shaw, mu myaka 85 ishize yari atwaye imodoka mu mujyi wa Yorkshire yerekeza iwabo muri Boothtown, ariko kubera ko ikibunda cyari kibuditse kandi ari ninjoro ntiyabashaga kubona umuhanda neza.



  • Anopheles stephensi

    Kenya: Hagaragaye umubu uticwa na ‘Insecticides’ ziboneka muri Afurika

    Abashakashatsi bo muri Kenya batahuye umubu ukomoka mu Majyepfo ya Asia, udashobora kwicwa n’imiti yica udukoko (Insecticides) iboneka muri Afurika.



  • Akanyoni Mavis na nyirako Mustafa

    Turukiya: Uko umuryango wose warokotse umutingito kubera akanyoni

    Akanyoni gato ko mu bwoko bwitwa parakeet karokoye ubuzima bw’umuryango wose nyuma yo kuvuza amajwi adasanzwe mbere y’uko umutingito simusiga wibasira Igihugu cya Turukiya.



  • Amaze imyaka isaga 28 atazi irengero ry’abana be yabuze muri Jenoside

    Umubyeyi witwa Tuyizere Cassilde utuye mu karere ka Nyaruguru, ari naho yari atuye mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, amaze imyaka 28 nta makuru azi ku irengero ry’abana be babiri bivugwa ko bajyanywe n’Abafaransa mu nkambi ya Bukavu, nyuma y’uko yari amaze kubwirwa ko umugabo we n’abandi bana bane, biciwe aho bari (…)



  • Bill Gate n

    Umuherwe Bill Gates yabengutse undi mugore

    Bill Gates w’imyaka 67, umwe mu bashinze ikigo cya Microsoft, ubu akanyamuneza ni kose, nyuma yo kubenguka Paula Hurd, uyu akaba ari umupfakazi wa Mark Hurd, wari umuyobozi w’ikigo cy’ikigo cy’ikoranabuhanga cya Oracle, wigeze no kuyobora Hewlett-Packard, akaba yaritabye Imana muri 2019.



  • EU yemeye inkunga y’asaga Miliyari 25Frw yo gufasha inkambi ya Gashora

    Umuryango w’Ubumwe bw’Ibihugu by’u Burayi (EU), watangaje ko ugiye guha inkunga ya miliyoni 22 z’ama Euros (asaga Miliyari 25FRW) Inkambi y’Agateganyo y’Impunzi ya Gashora iri mu Karere ka Bugesera.



  • U Rwanda mu bihugu bifite mudasobwa nyinshi zugarijwe na virusi – Raporo ya Kaspersky

    Laboratwari y’Abarusiya (Kaspersky Lab.) y’ikoranabuhanga ryo kurinda mudasobwa kwandura virusi, muri raporo iheruka gusohora yagaragaje ko 46% bya mudasobwa igenzura zo mu Rwanda zikoresha uburyo buzwi nka ‘industrial control system’ (ICS), zari zugarijwe na virusi mu mwaka wa 2022.



  • Kayitesi Judence yatorewe kuyobora IBUKA mu Budage

    Kayitesi Judence, umwanditsi kuri Jenoside yakorewe Abatutsi akaba aherutse gutorerwa kuyobora Ishami ry’Umuryango Uharanira Inyungu z’Abacitse ku Icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi (IBUKA) mu Budage ( IBUKA - Germany), yabwiye Kigali Today ko kimwe mu bimushishikaje muri iyi manda yatorewe kuwa 29 Mutarama, harimo (…)



  • Perezida wa US yavuze ko atazoherereza Ukraine indege z’intambara

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (US) Joe Biden, yakuriye inzira ku murima Ukraine avuga ko nta gahunda yo kuyiha indege z’intambara zo mu bwoko bwa F-16, n’ubwo abayobozi ba Ukraine bamaze iminsi bamusaba inkunga yo mu kirere.



  • Mutara-III-RUDAHIGWA

    Menya amateka n’Ibigwi by’Intwari y’Imena, Umwami Mutara III Rudahigwa

    Uwari umwami akaba n’Intwari y’Imena y’u Rwanda, Mutara III Charles Léon Pierre Rudahigwa, yatanze ku itariki 25 Nyakanga 1959 aguye i Bujumbura mu Burundi, atabarizwa i Mwima mu Karere ka Nyanza ku wa 28 Nyakanga 1959.



  • Ingurube yishe nyirayo washakaga kuyibaga

    Umubazi w’Umushinwa yahuye n’uruva gusenya nyuma y’uko ingurube yari agiye kubaga yamwigaranzuye ikaba ari yo imwica.



  • Minisitiri Pindi Hazara Chana na Amb Maj Gen Charles Karamba

    U Rwanda rurifuza ko Tanzania ijya muri gahunda ya Visa Imwe y’Ubukerarugendo muri EAC

    Intumwa y’u Rwanda muri Tanzania, Major General Charles Karamba, ku wa Kabiri tariki 24 Mutarama 2023, yagiranye ibiganiro na Minisitiri wa Tanzania ushinzwe Umutungo Kamere n’Ubukerarugendo, Pindi Hazara Chana, baganira ku kamaro ka Visa imwe rukumbi ku bashaka gukora ubukerarugendo muri Afurika y’Iburasirazuba (East Africa (…)



  • Malagardis (iburyo) ari hamwe n

    Umunyamakuru imbere y’ubutabera ashinjwa gutunga agatoki ukekwaho Jenoside

    Umunyamakuru witwa Maria Malagardis wa La Libération yaciwe amande n’urukiko rwo mu Bufaransa, azira inkuru yanditse ivuga ko Col Aloys Ntiwiragabo, umwe mu bateguye Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yihishe mu Bufaransa.



  • Dore uburyo 10 bwagufasha igihe waguwe nabi n’amafunguro

    Kugubwa nabi n’amafunguro ni uburwayi buterwa no kurya amafunguro ahumanye kubera za mikorobe n’utundi dukoko cyangwa ibiryo bitera indwara. Bitewe n’ubwoko bw’ubwandu, ibimenyetso bikurikira bishobora kugaragara hashize amasaha menshi, iminsi cyangwa ibyumweru nyuma y’igogora.



  • Dr Martin Luther King, Jr.

    Dore ibintu 10 bitangaje utamenye kuri Martin Luther King Jr.

    Dr Martin Luther King Jr., umuvugabutumwa w’umwirabura w’Umunyamerika waharaniye uburenganzira bw’abirabura, kurwanya ubukene n’ubusumbane kugeza abizize, abakurikiraniye hafi ubuzima bwe bavuga ko bwaranzwe n’ibintu byinshi bitangaje, ariko bitamenywe na benshi.



  • Musoni Evariste

    Menya amateka y’umuhanzi Musoni Evariste benshi bitiranyaga n’Umurundi

    Umuhanzi Musoni Evariste yavukiye mu Rwanda ku Kibuye (Karongi) mu 1948, ahunga mu 1973 ari kumwe na nyina bajya mu Burundi, abavandimwe be bahungira mu bindi bihugu, nyuma y’uko ise yiciwe mu Rwanda mu 1963 mu mvururu zishingiye ku ivangura ryari ryaratangiye mu 1959.



  • Papa Benedict wa XVI

    Papa Benedict XVI yari muntu ki?

    Uwahoze ari Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Benedict wa XVI, ubusanzwe amazina ababyeyi bamwise ni Joseph Ratzinger. Yavukiye muri diyoseze ya Passau (mu Budage), ku itariki 16 Mata 1927 (ku wa Gatandatu Mutagatifu), ari nawo munsi yabatirijweho.



  • Tumenye gukoresha ‘zebra crossing’ (Igice cya 2)

    Icy’ibanze abakoresha umuhanda bagomba kumenya ni uko aho waba uri hose, waba uri umunyamaguru, waba utwaye ikinyabiziga, uburenganzira ubwo ari bwo bwose wemererwa n’amategeko yo mu muhanda ntibushobora gusimbura umutekano wawe.



  • U Bufaransa bwahagaritse kugurisha Paracetamol kuri murandasi

    U Bufaransa bwahagaritse kugurisha Paracetamol kuri murandasi

    Guverinoma y’u Bufaransa yatangaje ko ihagaritse by’ako kanya icuruzwa ryo kuri murandasi ry’imiti yose igabanya ububabare ifitanye isano na Paracetamol, kugeza mu mpera za Mutarama.



  • Hashyizwe ibuye ry

    Dore umusaruro u Rwanda rwakuye muri CHOGM 2022

    Inama ya 26 y’Abakuru b’Ibihugu byo mu Muryango wa Commonwealth, bihuriye ku rurimi rw’Icyongereza (CHOGM) yabereye mu Rwanda ku wa 22-26 Kamena 2022, usibye gutera ikimwaro abanzi b’u Rwanda batifiuzaga ko ruyakira, yanasize rukuyemo umusaruro ushimishije mu nzego nyinshi, binyuze mu biganiro hagati y’abakuru b’ibihugu, (…)



  • Zebra crossing

    Tumenye gukoresha ‘zebra crossing’

    Icya mbere cy’ibanze abakoresha umuhanda bagomba kumenya ni uko aho waba uri hose, waba uri umunyamaguru, waba utwaye ikinyabiziga, uburenganzira ubwo ari bwo bwose wemererwa n’amategeko yo mu muhanda ntibushobora gusimbura umutekano wawe.



  • Yaciye ugutwi umukunzi we nyuma y’uko ikipe yafanaga itsinzwe

    Umugore witwa Gemma Williams yatanze ubuhamya bw’ukuntu uwahoze ari umukunzi we David Barr yamurumye ugutwi kugacika, ubwo ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza yatsindwaga mu gikombe cy’isi cya 2014.



  • Boney M

    Amateka ya Boney M n’indirimbo ya Noheli ‘Mary’s Boy Child’ isobanuye

    Imwe mu ndirimbo zikunzwe cyane zo kwizihiza umunsi w’ivuka rya Yezu Kirisitu cyangwa Yesu Kristo, ni iyitwa Mary’s Boy Child yahimbwe n’itsinda ryo mu Budage ryitwaga Boney M ryamamaye cyane mu myaka ya za 1980.



  • Niyomugabo Philémon

    Niyomugabo Philémon ntabwo yazize akagambane - Ubuhamya bwa mushiki we

    2001-2022, imyaka 21 irashize umuhanzi Niyomugabo Philémon atabarutse aguye mu Buholandi azize impanuka y’imodoka, akagenda asize benshi mu rujijo ku buryo hari n’abaketse ko yaba yarazize akagambane.



  • Abazirikare b

    U Burusiya bugiye kohereza abacuranzi ku rugamba muri Ukraine

    Minisiteri y’Ingabo z’u Burusiya ku Cyumweru tariki 18 Ukuboza 2022, yatangaje ko ifite gahunda yo gushyiraho itsinda ry’abasirikare b’abaririmbyi n’abacuranzi, bagomba kujya kuzamura morali ya bagenzi babo bari ku rugamba muri Ukraine.



  • Veronique TOGNIFODE mu kiganiro n

    Bénin: Abakobwa bo mu miryango ikennye bahawe amafaranga yo kubashishikariza kwiga

    Muri Bénin, abana b’abakobwa ibihumbi 30 baturuka mu miryango ikennye batangiye gusaranganywa miliyari zisaga icyenda z’amafaranga y’ama CFA (9,000,000,000FCFA), muri gahunda igamije kubashishikariza kudata ishuri.



  • Indege ya RwandAir itwara imizigo yageze muri UAE

    Ikigo cy’Igihugu cy’ingendo zo mu kirere (RwandAir) cyatangaje ko muri iki cyumweru indege yacyo nshya yikorera imizigo, yasesekaye muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE).



Izindi nkuru: