MENYA UMWANDITSI

  • Inzego z’Ubutabera bw’u Rwanda ziyemeje kongera imikoranire n’iza Singapore

    Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Dr Faustin Nteziryayo, uri mu ruzinduko rw’akazi mu gihugu cya Singapore, yagiranye ibiganiro na mugenzi we muri icyo gihugu, Sundaresh Menon, byibanze ku mikoranire mu nzego z’ubutwererane hagati y’ibihugu byombi.



  • Ousman Sonko wiyicishije inzara

    Senegal: Ousmane Sonko yakuwe ku rutonde rw’abaziyamamariza kuba Perezida

    Komisiyo y’amatora yo muri Senegal yatangaje ko yakuye ku rutonde umunyapolitiki utavuga rumwe na Leta, Ousmane Sonko, rw’abaziyamamaza mu matora y’Umukuru w’igihugu ateganyijwe umwaka utaha wa 2024.



  • Gahunda ya Girinka igamije gukura umuturage mu bukene

    Muri gahunda ya Girinka hazajya hiturwa inyana ifite ubwishingizi kandi yarakingiwe ikibagarira

    Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi tariki 16 Kanama 2023 yasohoye amabwiriza agenga gahunda ya girinka n’uko izashyirwa mubikorwa aho ibyiciro by’ubudehe bitazongera kugenderwaho, hakazajya hiturwa inyanay’amezi 9 kandi ifite ubwishingizi ikazaba yarakingiwe n’ikibagarira.



  • Uturutse ibumoso, Mugabowagahunde Maurice, Dr. Mugenzi Patrice, Nyirarugero Dancilla

    Sena yemeje abayobozi bashya baherutse gushyirwaho na Perezida wa Repubulika

    Inteko Rusange ya Sena yemeje Mugabowagahunde Maurice ku mwanya wa Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Nyirarugero Dancilla ku mwanya wa Komiseri muri Komisiyo y’Igihugu yo gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abari Abasirikare na Dr. Mugenzi Patrice ku mwanya w’umuyobozi mukuru w’Ikigo gishinzwe amakoperative mu Rwanda.



  • Abamotari muri Stade i Nyamirambo

    Kigali: Koperative z’abamotari zavuye kuri 41 zigirwa eshanu

    Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 16 Kanama 2023, kuri Kigali Pelé Stadium i Nyamirambo, habereye inama yahuje ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali, abamotari bawukoreramo, urwego ngenzuramikorere (RURA) na Polisi y’u Rwanda, baganira ku bibazo by’umutekano, isuku ndetse n’imikorere iboneye igomba kuranga abamotari.



  • Minisitiri Biruta yakira impapuro za Ambasaderi wa Israel mu Rwanda

    Minisitiri Biruta yakiriye impapuro zemerera Einat Weiss guhagararira Israel mu Rwanda

    Kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Kanama 2023, Ambasaderi Einat Weiss yashyikirije Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr Biruta Vincent, impapuro zimwemerera guhagararira Israel mu Rwanda.



  • Kamonyi: Impanuka y’imodoka yakomerekeyemo abantu 18

    Mu Karere ka Kamonyi Umurenge wa Gacurabwenge Akagari ka Kigembe Umudugudu wa Buhoro, tariki 16 Kamena 2023 habereye impanuka y’imodoka ebyiri zagonganye abantu 5 barakomereka bikomeye, abandi 13 bakomereka byoroheje.



  • Ibinyabiziga 203 byafatiwe mu makosa yo kudacana amatara

    Ibinyabiziga 203 byafatiwe mu makosa yo kudacana amatara

    Kuri uyu wa Kabiri ariki 15 Kanama 2023, Polisi y’u Rwanda Ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, yerekanye ibinyabiziga birimo moto 164 n’imodoka 39 byafashwe ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki 14 Kanama, abayobozi babyo badacanye amatara. Iki gikorwa cyabereye mu Gatsata mu Karere ka Nyarugenge ahitwa ku Bigega bya Essence.



  • Richard Mutabazi, umuyobozi w

    Bugesera: Ba Gitifu 3 b’imirenge bahagaritswe by’agateganyo

    Mu bugenzuzi buri gukorwa n’intara y’Iburasirazuba mu bigendanye n’isuku bwasize ba gitifu 3 b’ibirenge ndetse n’abagitifu b’utugari gahagaritswe by’agateganyo kubera kutubahiriza neza inshingano z’akazi.



  • Abageze i Kibeho barimo bavuga ishapure

    Imbaga y’abakirisitu itegerejwe i Kibeho kwizihiza Asomusiyo

    Kuri uyu wa Mbere tariki 14 Kanama 2023, abakirisitu Gatolika baturutse mu bihugu bitandukanye ndetse no mu bice bitandukanye by’u Rwanda, bamaze kugera ku butaka butagatifu i Kibeho, kwizihiza umunsi mukuru w’Ijyanwa mu Ijuru rya Bikira Mariya (Assumption).



  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko guteza imbere Afurika

    Mu birori byo kwizihiza imyaka 20 Umuryango Giants of Africa umaze ushinzwe byabaye ku mugoroba tariki ya 13 Kanama 2023, Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko guteza imbere umugabane wa Afurika.



  • Madamu Jeannette Kagame yitabiriye amasengesho asoza igiterane ‘Abagore Twese Hamwe

    Iyo wubatse ubushobozi bw’umugore uba wubatse umuryango - Madamu Jeannette Kagame

    Madamu Jeannette Kagame ubwo yari yitabiriye amasengesho asoza igiterane ‘Abagore Twese Hamwe’, cyateguwe na Women Foundation Minisitries ku mugoroba wo ku itariki ya 11 Kamena 2023, yabwiye abitabiriye iri huriro ko iyo wubatse ubushobozi bw’umugore uba wubatse umuryango.



  • Bunamiye inzirakarengane ziruhukiye mu rwibutso rwa Kigali

    Lt Gen (Rtd) Roméo Dallaire na Madamu basuye Urwibutso rwa Kigali

    Lt Gen (Rtd) Roméo Dallaire, wari uyoboye Ingabo za UN zari zishinzwe kubungabunga amahoro mu Rwanda (MINUAR) mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi 1994, aherekejwe na Madamu we, Marie-Claude Michaud, basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi, bunamira inzirakarengane zirushyinguyemo.



  • Iyi nzu ni yo bararagamo

    Gicumbi: Inkongi yibasiye icumbi ry’abarimu bakosora ibizamini bya Leta

    Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Kanama 2023 inkongi yibasiye icumbi ry’abarimu bari mu gikorwa cyo gukosora ibizamini bya Leta riherereye mu kigo cy’amashuri y’imyuga n’ubumenyi ngiro (TSS) riherereye mu Murenge wa Kageyo mu Karere ka Gicumbi.



  • Abayobozi bz ECOAS

    ECOWAS yemeje iyoherezwa ry’umutwe w’Ingabo muri Niger

    Mu nama idasanzwe yahuje Abayobozi b’Umuryango w’Ubukungu bw’Ibihugu by’Afurika y’Iburengerazuba (ECOWAS), tariki 10 Kanama 2023, i Abuja iyobowe na Perezida wa Nigeria, Bola Tinubu, bemeje ko hagomba koherezwa umutwe w’ingabo ushinzwe gutabara, uhuriweho n’ibi bihugu kugira ngo usubize ku butegetsi Perezida Bazoum, (...)



  • Gicumbi: Hizihijwe umunsi nyafurika w’irangamimerere

    Tariki ya 10 Kamena buri mwaka u Rwanda rwizihije umunsi Nyafurika w’irangamimerere. Mu karere ka Gicumbi mu murenge wa Nyankenke hakozwe igikorwa cyo gufotora abana bagejeje imyaka yo gufata indangamuntu ndetse banasezeranya imiryango 24 yabanaga mu buryo bunyuranyije n’amategeko.



  • Intara y’Amajyaruguru yahawe umuyobozi mushya

    Itangazo riturutse mu biro bya Mininsitiri w’intebe kuri uyu wa kane tariki 10 Kamena 2023 ryashyizeho Guverineri mushya w’intara y’Amajyaruguru Maurice Mugabowagahunde kuba Guverineri w’intara y’Amajyaruguru naho Nyirarugero Dancille wari Guverineri w’intara y’Amajyaruguru agirwa agirwa Komiseri muri Komisiyo y’igihugu yo (...)



  •  General Mohamed Toumba ari kumwe n

    Niger: Abahiritse ubutegetsi banze kwakira intumwa za CEDEAO

    Abasirikare bafashe ubutegetsi muri Niger batangaje ko badashobora kwakira intumwa za CEDEAO kubera ko batemera ibyifuzo by’izo ntumwa byo gusubiza ubutegetsi Perezida Bazoum.



  • Minisitiri w

    Bimwe mu byatumye abayobozi bo mu Majyaruguru birukanwa

    Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Musabyimana Jean Claude, yatangaje ko mu igenzura abayobozi bamaze iminsi bakora mu Ntara y’Amajyaruguru basanze abayobozi birukanywe batarigeze buzuza inshingano zabo uko bikwiye, kuko ibikorwa bya buri munsi abaturage bakora byubakiye ku irondabwoko n’ivangura, kandi abayobozi (...)



  • Perezida Andry Rajoelina asezera ku bayobozi b

    Perezida wa Madagascar yasoje uruzinduko yagiriraga mu Rwanda

    Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina, ku wa Kabiri tariki ya 8 Kamena 2023 nibwo yasoje uruzinduko rw’iminsi itatu yagiriraga mu Rwanda.



  • Uhereye ibumoso, Ramuli Janvier, Uwanyirigira Marie Chantal na Nzeyimana Jean Marie Vianney

    Amajyaruguru: Ba Meya batatu na Gitifu w’Intara birukanywe ku mirimo

    Itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe, rivuga ko nyuma y’isesengura rimaze gukorwa rikagaragaza ko bamwe mu bayobozi batashoboye kuzuza inshingano zabo, harimo cyane cyane gusigasira ubumwe bw’Abanyarwanda nka rimwe mu mahame remezo Leta y’u Rwanda yiyemeje kugenderaho, kuri uyu wa Kabiri tariki 8 Kanama (...)



  • Perezida Kagame yasabye abarangije muri RICA gukemura ibibazo bikibangamiye Afurika

    Perezida Kagame yasabye abarangije muri RICA gukemura ibibazo bikibangamiye Afurika

    Mu birori byo gutanga impamyabumyenyi ku banyeshuri 75 barangije mu Ishuri Rikuru ry’Ubuhinzi n’Ubworozi butangiza ibidukikije (RICA), riri mu Karere ka Bugesera, byabaye kuri uyu wa kabiri tariki 8 Kanama 2023, Perezida Paul Kagame yasabye abanyeshuri biga muri iri shuri, guharanira gukemura bimwe mu bibazo bikigaragara (...)



  • Abantu 74 bajyanywe mu bitaro nyuma yo kunywa Ikigage

    Umuyobozi w’akarere Gisagara wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Habineza Jean Paul yatangarije Kigali Today ko abantu 74 bose bajyanywe mu bitaro kubera Ikigage banyoye bikekwako ko cywnganye isuku nkeya.



  • Perezida Kagame yakiriye ku meza mugenzi we wa Madagascar

    Perezida Kagame yakiriye ku meza mugenzi we wa Madagascar

    Ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki 7 Kanama 2023, Perezida Paul Kagame yakiriye ku meza Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar, uri mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda.



  • Abayobozi ku mpande zombi bashyira umukono kuri ayo masezerano

    U Rwanda na Madagascar byasinye amasezerano yo guteza imbere ishoramari

    U Rwanda na Madagascar kuri uyu wa Mbere tariki ya 7 Kanama 2023, byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’ubucuruzi n’ishoramari, n’amasezerano y’ubufatanye hagati y’inzego z’abikorera.



  • Perezida w’u Rwanda n’uwa Madagascar baganiriye ku mubano w’Ibihugu byombi

    Kuri uyu wa Mbere tariki 07 Kanama 2023, Perezida Paul Kagame yakiriye mu biro bye, mugenzi we wa Madagascar Andry Rajoelina uri mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda.



  • Agatsiko kahiritse ubutegetsi

    Abahiritse ubutegetsi muri Niger bafunze inzira zo mu kirere

    Abahiritse Ubutegetsi muri Niger bafunze inzira yo mu kirere, ku buryo muri iki gihugu nta ndege ivuye mu mahanga ishobora kuhinjira, nyuma yo kwikanga igitero gishobora guturaka mu mahanga.



  • Inyubako ikoreramo umurenge wa Kacyiru

    Menya inkomoko y’izina Kacyiru

    Buri zina rya buri gace mu Rwanda riba rifite inkomoko yaryo ndetse amwe muri ayo mazina usanga afite igisobanuro n’impamvu yitiriwe aho hantu.



  • Urubyiruko ngo ni rwo ruza ku isonga mu kwambara batikwije

    Urubyiruko ruranengwa ko rutikwiza mu myambarire

    Ubushakashatsi bwamuritswe n’Inteko y’Umuco ku myambarire y’abanyarwanda, bwagaragaje ko 76,6% by’ababajijwe bemeza ko imyambarire y’abanyarwanda muri iki gihe ari myiza naho 23,4% bo bavuga ko igayitse.



  • Perezida Andry Rajoelina ari mu ruzinduko mu Rwanda

    Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina, kuri iki Cyumweru tariki ya 6 Kamena 2023 yagiriye uruzinduko rw’akazi mu Rwanda. Ku kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali, yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta.



Izindi nkuru: