Abashinzwe gukurikirana imyubakire y’ibibuga bizakinirwaho CHAN basanze hari imirimo itaragera ku musozo kandi hasigaye ukwezi imikino igatangira, basaba ko yihutishwa.
Amakipe 16 azakina 1/8 cy’irushanwa ry’amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’I Burayi yaraye amenyekanye kuri uyu wa 9 ukuboza.
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Johnattan McKinstry yahakanye amakuru yavugaga ko ari we wasabye ko shampiyona ihagarikwa.
Urujijo mu itsinda B ry’amarushanwa y’amakipe yabaye aya mbere mu mupira w’amaguru I Burayi ruvuyeho Manchester na CSKA Moscou zisezerewe.
Abakinnyi 32 bagomba gutangira umwiherero kuri uyu wa gatatu wo kwitegura CHAN bamaze gutangazwa harimo 9 batakinnye CECAFA
Kuri uyu wa kabiri harakomeza imikino ya UEFA Champions league aho hakina itsinda A kugeza kuri D,aho amaso Ahanzwe Cyane itsinda B
Amavubi yongeye gutsindirwa na Uganda Cranes ku mukino wa nyuma w’igikombe cya CECAFA iyitsinze igitego kimwe cyatsinzwe Ceasar Okhuti
Nyuma yo kunganya igitego 1-1 na Sudan,Amavubi yasezereye Sudan kuri Penaliti,aho azakina umukino wa nyuma na Uganda
Amavubi abifashijwemo na Bakame wafashe Penaliti imwe,ndetse n’abakinnyi batsinze Penaliti zose,basezereye Kenya berekeza 1/2
Rayon Sports ibifashijwemo na Manishimwe Djabel yamaze kwerekeza muri ½ cy’irushanwa Rayon Sports Christmas Cup,izamukana na Kiyovu,AS Kigali na Mukura
Ku munsi wa mbere w’irushanwa "Rayon Sports Christmas Cup’,As Kigali,Rayon Sports na Police Fc zatangiye zibona amanota atatu
Ikipe ya FC Barcelone yerekanye ko ishaka kwisubiza igikombe gihatanirwa n’amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’I Burayi,ubwo yanyagiraga AS Roma
Kuri uyu wa gatau nibwo irushanwa ryateguwe na Rayon Sports na Startimes riza gutangira aho Rayon Sports iza gukina na Gicumbi kuri Stade ya Kicukiro
Muri Tombola yabereye muri Serena Hotel ikanitabirwa na Nyakubahwa Perezida wa Republika,u Rwanda rwatomboye bizwi mu mupira w"amaguru muri Afrika
Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatanu,umutoza mushya w’ikipe ya Rayon Sports Ivan Minneart nibwo yari asesekaye ku kibuga cy’indege i Kanombe aje gusimbura David Donadei
Ku bufatanye na Startimes,Rayon Sports igiye gukoresha irushanwa rizahuza amakipe atanu yo mu Rwanda,n’andi atatu yo hanze mu mpera z’Ugushyingo
Rayon sports yihereranye Sunrise iyitsinda ibitego 2-0 mu mukino w’umunsi wa 9 wabereye kuri Stade ya Muhanga kuri uyu wa gatanu
Ubuyobozi bwa FERWAFA bwahumurije abafite impungenge ku bikorwa byo kubaka ahazakinirwa CHAN2016 ko bizarangirana n’Ugushyingo 2015.
Shampiona y’icyiciro cya mbere irakomeza kuri uyu wa kabiri hakinwa imikino y’umunsi wa munani,ahategerejwe cyane umukino wa Mukura na Kiyovu
Umutoza w’Amavubi Johnny McKinstry yahamagaye abakinnyi 23 bagomba kwitegura umukino uzahuza Amavubi na Libya taliki 13/11/2015.
Kuri uyu wa gatandatu Shampiona y’icyiciro cya mbere irakomeza, mu gihe ku munsi w’ejo Mukura yatsinze Muhanga bigatuma iyobora urutonde
Ikipe ya Rayon Sport icumbitse mu karere ka Nyanza iri mu myitozo ikaze iharanira ishema ryo kuzatsinda Rwamagana City.
Harabura iminsi mike ngo ikipe y’igihugu yongere guhamagarwa,hari abakinnyi badaheruka guhamagarwa cyangwa batahamgawe ariko bagaragaza ubushobozi
Shampiona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda mu mupira w’amaguru irakomeza kuri uyu wa gatanu hakinwa imikino y’umunsi wa karindwi
Imwe mu mikino ya Shampiona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru yamaze kwimurwa kubera imyiteguro y’Amavubi
Mbere y’uko Rayon Sports yakira APR,Didier Gomes Da Rosa wahesheje Rayon Sports igikombe iheruka,yayigeneye ubutumwa bwo kwifashisha
Ikipe ya Rayon Sports n’umutoza wayo David Donadei wahagaritswe umukino umwe,bakomeje kwitana bamwana ku myitwarire ivugwa kuri Donadei
Abanyehuye batangiye kwitegura imikino ya CHAN izabera iwabo guhera tariki 16/1/2016, kandi ngo amakosa yagaragaye mu mikino ya FEASSSA ntazasubira.
Nyuma y’ukwezi kumwe ari umutoza wa Rayon Sports,David Donadei yahagaritswe ku mukino Rayon Sports izakiramo APR kuri uyu wa gatandatu
Mu mpera z’iki cyumweru Shampiona yari igeze ku munsi wa gatanu,aho Mukura yatsinze Sunrise 2-1,maze AS Kigali igakomeza kuyobora urutonde