AS Kigali yongeye guhangara Rayon Sports iyitwara amanota atatu iyitsinze ibitego 2-1 mu mukino wabereye I Muhanga kuri uyu wa gatatu
Ikipe ya Mukura yihereranye APR Fc iyitsinda ibitego 2-0 mu mukino wa Shamiona wabereye ku Mumena kuri uyu wa kabiri.
Myugariro w’Amavubi akomeje kwitwara neza mucyicro cya mbere mu Bubiligi aho yashyizwe mu ikipe yitwaye neza mu cyumweru gishize
Nyuma y’aho APR Fc itakarije abatoza barimo n’uwatozaga abazamu,ubu Ndoli Jean Claude usanzwe ari n’umukinnyi niwe wahawe izo nshingano
Shampiona y’icyiciro cya mbere ku munsi wayo wa mbere isize Rayon Sports iyoboye urutonde nyuma yo gutsinda Marines 2-0
Ikipe ya Rayon Sportskuri uyu wa gatanu yakoze ibirori byo kwerekana abakinnyi izifashisha mu mwaka w’imikino wa 2015/2016
Umutoza mushya wa Rayon Sports David Donadei yabashije gukina umukino we wa mbere awunganya na Muhanga kuri uyu wa gatatu.
Nyuma yo gushyirwa ku rutonde rwa Kiyovu Sports kandi akinira Rayon Sports,Nshuti Savio yatangaje ko Kiyovu yarumushyizeho itarigeze imuvugisha
Muu rwego rwo gukomeza kwitegura Shampiona,ikipe ya Rayon Sports yanganije na Ibanda Sport 1-1 mu mukino wabaye kuri iki cyumweru.
Bamwe mu batuye akarere ka Nyaruguru bavuga ko bakunda imikino ariko ko batabona aho bayireba cyangwa bayikorera kubera kutagira ibibuga.
Ikipe ya Mukura yamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 28 bazakinira Mukura muri uyu mwaka wa 2015/2016,aho hagaragaramo abakinnyi bashya 9
Ku i Saa cyenda n’igice ikipe y’igihugu Amavubi irakina n’ikipe ya Gabon umukino wa gicuti ubera kuri Stade Amahoro
Rayon Sports yatsinze ikipe ya Rwamagana City mu mukino wa ibitego 3-0 mu mukino wa gicuti wabereye i Muhanga
Ikipe ya Gabon yageze mu Rwanda kuri uyu wa gatatu,yakoze imyitozo kuri uyu wa kane yitegura umukino uzaba ku wa gatandatu
Myugariro w’Amavubi na APR Fc Nshutiyamagara Ismail Kodo yatangaje ko ikibazo afite mu muryango aricyo cyatumye atitabira imyitozo y’Amavubi
Shampiona y’icyiciro cya mbere 2015/2016 iratangira taliki ya 18/09/2015 APR Fc na Rayon Sports zerekeza I Rubavu,zizahure ku munsi wa gatandatu.
Imbere y’abafana benshi kuri Stade Amahoro ,ikipe ya Ghana yakoze imyitozo yitegura umukino uyihuza n’Amavubi kuri uyu wa gatandatu
Ikipe ya Ghana yaraye isesekaye I Kigali ahagana i Saa tatu z’ijoro, irakora imyitozo kuri Stade Amahoro uyu munsi.
Bitarenze iminsi itatu ikipe ya Rayon Sports iratangaza uzayitoza mu mwaka w’imikino wa 2015/2016,aho abanyamahanga babiri aribo bazatorwamo umwe
Ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA,u Rwanda mu mupira w’amaguru rwazamutse imyanya 13, runaza imbere mu gukusanya amanota menshi
Amagaju yarangije shampiona ya 2014/2015 ku mwanya wa 8,yahaye intego umutoza wayo kuza ku mwanya wa kane,nawe ayizeza amanota 40
Umufana usanzwe ari uwa Rayon Sports uzwi nka Rwarutabura biravugwa ko agiye kwerekeza mu ikipe ya Police Fc aguzwe.
Rushenguziminega ukina mu ikipe ya FC Lausanne-Sport,yo mu cyiciro cya kabiri mu Busuwisi yamaze kugera mu Mavubi ari kwitegura Ghana.
Ikipe y’Amagaju iratangaza ko yiteguye kurekura rutahizamu Muhindo Jean Pierre, mu gihe amakipe ya SUnrise ariyo avugwa ko ashobora kumwegukana
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru I Burayi ryatoye umunya Argentine Lionel Messi nk’umukinnyi witwaye neza mu mupira w’amaguru ku mugane w’I Burayi.
Kuri uyu wa gatanu kuri Stade Amahoro harabera umukino wa gicuti hagati y’Amavubi na Ethiopia guhera i Saa cyenda n’igice
Bidasubirwaho Manchester United ikimara gutsinda Club Brugge mu mikino yombi, yerekeje mu matsinda y’amakipe yabaye aya mbere iwayo I Burayi.
Muri ½ cy’amarushanwa y’Agaciro development Fund,Sunrise yasezereye Rayon Sports,yerekeza ku mukino wa nyuma aho izahura na Police Fc yasezereye Musanze
Mu rwego rwo kwitegura umukino wa gicuti wa Ethiopia ndetse n’umukino uzahuza u Rwanda na Ghana taliki ya 05 Nzeli 2015,abakinnyi 26 bamaze guhamagarwa mu mwiherero w’ikipe y’igihugu .
Ikipe ya Rayon Sports yerekeje muri 1/2 nyuma yo gutsinda ikipe ya Mukura ibitego 2-1, mu gihe ikipe ya APR Fc isezerewe na Police kuri Penaliti 4-3,nyuma yo kunganya igitego 1-1 mu mikino y’Agaciro Development Fund.