Imbere ya Perezida wa Republika y’u Rwanda,Amavubi atsinze Côte d’Ivoire igitego 1 ku busa cyatsinzwe na Emery Bayisenge kuri Coup Franc
Kuri uyu wa gatanu ahagana ku i Saa sita n’iminota 20 nibwo ikipe y’igihugu ya Nigeria Super Eagles yari imaze gusesekara Kanombe I Kigali
Ku cyumweru taliki ya 10/01/2016,kuri Stade Umuganda habereye umukino wahuje Amavubi na RD Congo,umukino witabiriwe cyane
STIPP Hotel yo mu Karere ka Rubavu yari iteganyijwe kwakira amakipe ya Mali na Zimbabwe muri CHAN yafunzwe kubera umwanda.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 11 Mutarama 2016,Lionel Messi yegukanye umupira wa zahabu ku nshuro ya 5.
Ubwo abanyehuye batahaga sitade yabo, ariyo Sitade Huye, Club Ibisumizi yaboneyeho gukora gahunda yayo ngarukamwaka yo guteza imbere siporo.
Abanyehuye bavuga ko biteguye kuzareba imikino ya CHAN, ariko ngo bafite n’ubwoba bwo kuzanyagirwa nk’uko byabagendekeye bataha Sitade.
Urubyiruko rwo mu cyaro rurifuza ko ubuyobozi bwashyira ingufu mu kuzamura impano zarwo mu mikino kugira ngo ruzavemo abakinnyi bakomeye b’igihugu.
Nyuma yo kunganya na Cameroun igitego kimwe kuri kimwe,Amavubi yaje gutsinda Congo igitego 1-0 mu mukino wabereye i Rubavu
Mu rwego rwo gutaha stade Huye,ikipe ya Ushindi yatsinze abayobozi b’Amajyepfo,naho Mukura itsinda Amagaju y’i Nyamagabe 2-0
Abakinnyi n’abayobozi b’ikipe ya Congo yageze mu Rwanda kwitegura imikino ya CHAN basabye Abanyekongo kubaba hafi mu gihe k’imikino babashyigikira.
Ubwo abanyehuye batahaga Sitade Huye kuri uyu wa 9/1/2016, bamenyeshejwe ko uretse CHAN, n’indi mikino y’amakipe akomeye izakinirwa iwabo.
Umupaka wa Grande Barriere urakora amasaha 24 kuwa 10 Mutarama 2016 mu korohereza abanyekongo baza kureba ikipe yabo ikinira Rubavu.
Umutoza wungirije w’ikipe ya Congo ari we Raoul Shungu yatangaje ko umukino uzabahuza n’u Rwanda uzatuma bitwara neza muri CHAN.
Ikipe ya Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo yitegura gukina umukino wa gicuti n’Amavubi, yageze mu Rwanda kuri uyu wa kane.
Mu mukino wa mbere wa gicuti wahuje Amavubi na Cameroun,amakipe yombi anganije 1-1 mu mukino wabereye i Rubavu
Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu butangaza ko ibiciro by’umukino wa Congo-Rwanda bizaba bikubye inshuro ebyiri ibiciro by’umukino uhuza u Rwanda-Cameroun.
umutoza w’ikipe ya Cameroun Martin Felix Ndtoungou Mpile yatangarije Kigali Today ko hamwe n’abakinnyi n’abayobozi bishimiye uko bakiriwe mu Rwanda.
Amavubi y’u Rwanda arakina umukino wa gicuti na Cameroun,Didier Gomes Da Rosa watoje mu Rwanda no muri Ca,eroun yatangaje ko aya makipe ashobora kunganya
Abaminisitiri batatu barimo uw’Ingabo n’uw’Umuco na Siporo bakoreye uruzinduko kuri sitade y’Akarere ka Rubavu ahari kubera imyitozo y’ikipe ya Cameroun.
Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru nibwo ikipe y’igihugu ya Cameroun yageze mu Rwanda aho ije gukina umukino wa gicuti n’Amavubi kuri uyu wa gatatu
Mu gihe habura ibyumweru bitagera kuri bitau ngo CHAN izabera mu Rwanda itangire,ibiciro byo kwinjira mu ma Stade yose byatangajwe
Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Uganda Milutin Micho yamaze guhamagara abakinnyi bagomba gutangira umwiherero wa CHAN
Amakipe atatu ari kumwe n’u Rwanda mu itsinda rya mbere akomeje kwitegura mu gihe yatangiye gukina imikino ya gicuti ndetse abakinnyi bamaze guhamagarwa
Kuri uyu wa mbere taliki ya 28/12/2015,Rugimbana Theogene na Fuadi Uwihanganye bazasabana n’abafana ba Shampiona zo hanze bogeza imipira imbonankubone
Ikibazo cy’isuku, umutekano n’urusaku mu mazu acumbikira abagenzi, utubari n’uburiro mu mujyi wa Gisenyi kirakemuka mbere y’itangira ry’imikino ya Chan.
Uko amakipe azahura mu gikombe cya CHAN kizabera mu Rwanda muri Mutarama 2016 ndetse n’amasaha byamaze gutangazwa
Sepp Blatter wahoze ayobora FIFA na Michel Platini uyobora UEFA bahagaritswe na FIFA imyaka 8 mu bikorwa birebana n’umupira w’amaguru ku isi
Muri 1/8 cya UEFA Champions league,Arsenal yo mu Bwongereza yongeye gutombora FC Barcelona,naho Chelsea yongera guhura na Paris St Germain iheruka kuyisezerera
Muri tombola y’uko amakipe yabaye aya mbere mu bihugu byayo agomba guhura,APR FC yatomboye Mbabane Swallows naho Police itombora Atlabara