Kuri uyu wa mbere kuri Stade Amahoro nibwo Amavubi yatangiye imyitozo yo kwitegura umikino uzayihuza n’Ibirwa bya Maurice kuri uyu wa Gatandatu
Umutoza Kayiranga Baptista w’ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 yamaze gutangaza abakinnyi 26 bazakurwamo abazifashishwa ku mukino wa Uganda
APR na Police zari zihagarariye u Rwanda mu marushanwa y’amakipe yitwaye neza mu bihugu byayo,zamaze gusezererwa kuri uyu wa Gatandatu
Ikipe ya Rayon Sports iraye ku mwanya wa mbere ku rutonde rw’agateganyo nyuma yo gutsinda Amagaju ibitego 2-0 mu mukino wabereye i Nyamagabe
Kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Werurwe, ikipe ya Rayon Sports yerekeje i Nyamagabe gukina n’Amagaju mu mukino wari wasubitswe, aho iramutse iwutsinze yarara ku mwanya wa mbere
Mu mukino wa mbere w’igikombe cy’isi cy’abafite ubumuga kiri kubera mu Bushinwa muri Volleyball,u Rwanda rwatsinzwe na USA amaseti atatu ku busa
Kuri uyu wa gatatu nibwo umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi yatangaje urutonde rw’abakinnyi 26 bazatoranywamo abazerekeza mu Birwa bya Maurice
Abatuye ibice by’icyaro baravuga ko amarushanwa “Umurenge Kagame Cup” ku nshuro ya 10 yongeye gususurutsa abatuye ibice by’icyaro.
Ikipe ya Yanga yo muri Tanzania yatsinze APR Fc ibitego 2-1 mu mukino wabereye kuri Stade Amahoro kuri uyu wa Gatandatu,byongerera Yanga amahirwe yo gukomeza muri 1/8
Mu mikino ihuza ibigo bya gisirikare mu Rwanda yasojwe kuri uyu wa Gatanu,Diviziyo ya mbere niyo yegukanye igikombe itsinze ikipe ya Air Force kuri Penaliti
Ibiciro byo kwinjira ku mukino uzahuza APR Fc na Yanga kuri uyu wa Gatandatu byatangajwe,aho amake azaba ari amafaranga 1000
Ikipe ya Yanga yo muri Tanzania mu myitozo ya mbere yakoreye i Kigali,yitabiriwe n’abafana benshi ku kibuga cy’imyitozo cya Ferwafa
Mu rwego rwo kwitegura umukino uzahuza APR Fc na Yanga ya Tanzania kuri uyu wa Gatandatu,umutoza Nizar Kanfir ari gukoresha imyitozo kuri Stade izaberaho uwo mukino
Abakinnyi ba Yanga Afrikans yo muri Tanzania bageze i Kigali aho baje gukina na APR Fc kuri uyu wa Gatandatu muri CAF Champions league
Imvura idasanzwe yaguye hafi igihugu cyose isubitse umukino wagombaga guhuza Amagaju na Rayon Sports kuri Stade Nyagisenyi i Nyamagabe
APR Fc yatsinze Musanze Fc ibitego 3-0 mu mukino w’umunsi wa 13 byatumye APR ihita ijya ku mwanya wa 2 ku rutonde rwa Shampiona
Umuyobozi mushya w’Akarere ka Nyanza aratangaza ko amasezerano ako karere kari gafitanye na Rayon Sports ashobora kuvugururwa
Ikipe ya Espoir itahabwaga yongeye guhangara Rayon Sports banganya igitego 1-1 mu mukino wa Shampiona wabereye kuri Stade ya kigali i Nyamirambo
Habura amasaha 24 ngo Rayon Sports ikine na Espoir,umutoza Massoudi Djuma yamaze gutangaza abakinnyi 11 azabanzamo ku mukino wa Espoir uba kuri uyu wa Gatandatu
Nsanzimana Isaac usanzwe ukina mu ikipe y’abana i Gikondo,agiye kwerekeza mu mashuri y’umupira w’amaguru mu Bufaransa
APR Fc yatsinze Amagaju ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 12 wa Shampiona wabereye kuri Stade ya Kigali I Nyamirambo
Ikipe ya Bugesera ku kibuga cyayo ihagaritse umuvuduko ya Mukura vs yari imaze iminsi iyoboye urutonde rwa shampiona nyuma yo kuyitsinda 1-0
Ibinyamakuru byo muri Tunisia byamaze kwemeza ko uwitwa Nizar Khanfir wari umutoza wa Stade Gabésien yerekeje muri APR Fc yo mu Rwanda
Ikipe y’Amagaju yatsinze Rwamagana City ibitego 2-0 mu mukino wabaye kuri uyu wa mbere ku kibuga cya Rwamagana,bituma inganya na Kiyovu amanota 17
Apr Fc yageze muri 1/16 mu mikino ya CAF Champions league itsinze Mbabane Swallows ibitego 4-1 mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Bamwe mu bakinnyi bakomoka ku mugabane wa Afurika bazwiho kuba bafite abagore bafite uburanga buhebuje bavugwa cyane
Ikipe ya Police Fc mbere yo gukina umukino wo kwishyura na Atlabara,ikomeje gukora imyitozo ku zuba ryinshi kugira ngo irimenyere
Ikipe ya Mukura yatsinze AS Kigali ihita iyikura ku mwanya wa mbere,mu gihe Rayon Sports nayo yatsinze Kiyovu 2-0 mu mikino yabereye i Nyamirambo
Nyuma y’aho yari amaze gutsinda Kiyovu Sports ibitego 2-0,Ivan Jacky Minnaert watozaga Rayon Sports yatangaje ko atkiri umutoza wa Rayon Sports
Abafatabuguzi batabonaga amahirwe yo kureba ama shampiona akomeye i Burayi kubera ifatabuguzi rya make,bongerewe imirongo ibiri izabafasha kureba ayo mashampiona.