Kuri uyu wa gatatu nibwo hakinwa imikino ibiri ya nyuma y’ibirarane isoza imikino ibanza muri Shampiona y’cyiciro cya mbere u Rwanda
Abaturage bakina ndetse n’abitabira amarushanwa y’Umurenge Kagame Cup baratangaza ko aya marushanwa ari ingirakamaro kuribo.
Mu mikino ya Shampiona itari yarakiniwe igihe yabaye kuri iki cyumweru,APR yanganyije na Marines,mu gihe Police Fc yatsinze AS Kigali
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda n’iya Uganda z’abatarengeje imyaka 20 zanganije igitego 1-1 mu mukino ubanza wabereye kuri Stade ya Kigali kuri uyu wa gatandatu
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda n’iya Uganda z’abatarenegeje imyaka 20 zirahurira mu mukino ubanza kubera i nyamirambo kuri uyu wa gatandatu
Mu ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20,abakinnyi 12 bamaze gukurwamo nyuma yo gusuzuma ibyangombwa byabo
Kuri iki cyumweru taliki ya 03/04/2016 nibwo Rayon Sports izakora inama y’inteko rusange ndetse n’amatora y’umuryango wa Rayon Sports
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yigaranzuye ibirwa bya Maurice byari yitsinze 1-0 mu mukino ubanza,ibinyagira ibitego 5-0.
Nk’uko byatangajwe n’abashinzwe gutegura umukino uzahuza Amavubi na Mauritius kuri uyu wa kabiri,kwinjira byagizwe ubuntu
Ikipe y’igihugu Amavubi ntiyabashije kwikura imbere ya Mauritius yari imbere y’abafana bayo
Kuri Stade Anjalay yo mu birwa bya Maurice,Amavubi yakoze imyitozo ya nyuma ,maze McKinstry na Kapiteni Haruna batangaza ko hari icyizere cyo kwegukana amanota atatu.
Ikipe y’igihugu Amavubi yageze mu birwa bya Maurice mu rukererera rwo kuri uyu wa gatanu,aho igomba gukina n’iki gihugu kuri uyu wa Gatandatu
Mu rutonde rw’abakinnyi 18 berekeza mu birwa bya Maurice gukina umukino uzaba kuri uyu wa gatandatu,umutoza McKinstry yakoze impinduka benshi batari biteze
Abaturage bakina amarushanwa ya “Umurenge Kagame Cup”, barasaba ubuyobozi buyategura kurushaho kunoza imitegurire yayo.
Ikipe ya AS Muhanga iza ku myanya wa nyuma muri shampiyona y’u Rwanda 2015-2016 ishobora kuzasenyerwa mu makipe atarabigize umwuga akinira mu mujyi wa Muhanga.
Kuri uyu wa mbere kuri Stade Amahoro nibwo Amavubi yatangiye imyitozo yo kwitegura umikino uzayihuza n’Ibirwa bya Maurice kuri uyu wa Gatandatu
Umutoza Kayiranga Baptista w’ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 yamaze gutangaza abakinnyi 26 bazakurwamo abazifashishwa ku mukino wa Uganda
APR na Police zari zihagarariye u Rwanda mu marushanwa y’amakipe yitwaye neza mu bihugu byayo,zamaze gusezererwa kuri uyu wa Gatandatu
Ikipe ya Rayon Sports iraye ku mwanya wa mbere ku rutonde rw’agateganyo nyuma yo gutsinda Amagaju ibitego 2-0 mu mukino wabereye i Nyamagabe
Kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Werurwe, ikipe ya Rayon Sports yerekeje i Nyamagabe gukina n’Amagaju mu mukino wari wasubitswe, aho iramutse iwutsinze yarara ku mwanya wa mbere
Mu mukino wa mbere w’igikombe cy’isi cy’abafite ubumuga kiri kubera mu Bushinwa muri Volleyball,u Rwanda rwatsinzwe na USA amaseti atatu ku busa
Kuri uyu wa gatatu nibwo umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi yatangaje urutonde rw’abakinnyi 26 bazatoranywamo abazerekeza mu Birwa bya Maurice
Abatuye ibice by’icyaro baravuga ko amarushanwa “Umurenge Kagame Cup” ku nshuro ya 10 yongeye gususurutsa abatuye ibice by’icyaro.
Ikipe ya Yanga yo muri Tanzania yatsinze APR Fc ibitego 2-1 mu mukino wabereye kuri Stade Amahoro kuri uyu wa Gatandatu,byongerera Yanga amahirwe yo gukomeza muri 1/8
Mu mikino ihuza ibigo bya gisirikare mu Rwanda yasojwe kuri uyu wa Gatanu,Diviziyo ya mbere niyo yegukanye igikombe itsinze ikipe ya Air Force kuri Penaliti
Ibiciro byo kwinjira ku mukino uzahuza APR Fc na Yanga kuri uyu wa Gatandatu byatangajwe,aho amake azaba ari amafaranga 1000
Ikipe ya Yanga yo muri Tanzania mu myitozo ya mbere yakoreye i Kigali,yitabiriwe n’abafana benshi ku kibuga cy’imyitozo cya Ferwafa
Mu rwego rwo kwitegura umukino uzahuza APR Fc na Yanga ya Tanzania kuri uyu wa Gatandatu,umutoza Nizar Kanfir ari gukoresha imyitozo kuri Stade izaberaho uwo mukino
Abakinnyi ba Yanga Afrikans yo muri Tanzania bageze i Kigali aho baje gukina na APR Fc kuri uyu wa Gatandatu muri CAF Champions league
Imvura idasanzwe yaguye hafi igihugu cyose isubitse umukino wagombaga guhuza Amagaju na Rayon Sports kuri Stade Nyagisenyi i Nyamagabe