Imvura idasanzwe yaguye hafi igihugu cyose isubitse umukino wagombaga guhuza Amagaju na Rayon Sports kuri Stade Nyagisenyi i Nyamagabe
APR Fc yatsinze Musanze Fc ibitego 3-0 mu mukino w’umunsi wa 13 byatumye APR ihita ijya ku mwanya wa 2 ku rutonde rwa Shampiona
Umuyobozi mushya w’Akarere ka Nyanza aratangaza ko amasezerano ako karere kari gafitanye na Rayon Sports ashobora kuvugururwa
Ikipe ya Espoir itahabwaga yongeye guhangara Rayon Sports banganya igitego 1-1 mu mukino wa Shampiona wabereye kuri Stade ya kigali i Nyamirambo
Habura amasaha 24 ngo Rayon Sports ikine na Espoir,umutoza Massoudi Djuma yamaze gutangaza abakinnyi 11 azabanzamo ku mukino wa Espoir uba kuri uyu wa Gatandatu
Nsanzimana Isaac usanzwe ukina mu ikipe y’abana i Gikondo,agiye kwerekeza mu mashuri y’umupira w’amaguru mu Bufaransa
APR Fc yatsinze Amagaju ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 12 wa Shampiona wabereye kuri Stade ya Kigali I Nyamirambo
Ikipe ya Bugesera ku kibuga cyayo ihagaritse umuvuduko ya Mukura vs yari imaze iminsi iyoboye urutonde rwa shampiona nyuma yo kuyitsinda 1-0
Ibinyamakuru byo muri Tunisia byamaze kwemeza ko uwitwa Nizar Khanfir wari umutoza wa Stade Gabésien yerekeje muri APR Fc yo mu Rwanda
Ikipe y’Amagaju yatsinze Rwamagana City ibitego 2-0 mu mukino wabaye kuri uyu wa mbere ku kibuga cya Rwamagana,bituma inganya na Kiyovu amanota 17
Apr Fc yageze muri 1/16 mu mikino ya CAF Champions league itsinze Mbabane Swallows ibitego 4-1 mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Bamwe mu bakinnyi bakomoka ku mugabane wa Afurika bazwiho kuba bafite abagore bafite uburanga buhebuje bavugwa cyane
Ikipe ya Police Fc mbere yo gukina umukino wo kwishyura na Atlabara,ikomeje gukora imyitozo ku zuba ryinshi kugira ngo irimenyere
Ikipe ya Mukura yatsinze AS Kigali ihita iyikura ku mwanya wa mbere,mu gihe Rayon Sports nayo yatsinze Kiyovu 2-0 mu mikino yabereye i Nyamirambo
Nyuma y’aho yari amaze gutsinda Kiyovu Sports ibitego 2-0,Ivan Jacky Minnaert watozaga Rayon Sports yatangaje ko atkiri umutoza wa Rayon Sports
Abafatabuguzi batabonaga amahirwe yo kureba ama shampiona akomeye i Burayi kubera ifatabuguzi rya make,bongerewe imirongo ibiri izabafasha kureba ayo mashampiona.
Kuri uyu wa gatatu kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo harabera imikino ibiri ya Shampiona ihuza amakipe ahanganye kugeza ubu
Nyuma yo kutifashishwa ku mikino ibiri iheruka,Kwizera Pierrot yagarutse muri 18,mu gihe Davis Kasirye we atiyambajwe muri 18 bazakina na Kiyovu kuri uyu wa gatatu
Abdu Mbarushimana wari Team manager wa Rayon Sports yamze kwirukanwa n’iyi kipe nk’uko byatangajwe kuri uyu wa mbere mu kiganiro n’abanyamakuru
Amagaju yanganije na Poliice fc i Nyamagabe igitego 1-1,maze AS Kigali yari yatsinze Etincelles ibitego 4-2 ku wa Gatanu ikomeza kuyobora urutonde
Ikipe ya AS Muhanga ya nyuma ku rutonde rwa Shampiona yanganije na Rayon Sports ubusa ku busa mu mukino wabereye i Nyamirambo
Kuri uyu wa kabiri nibwo shampiona y’icyiciro cya mbere iza kuba ikomeza ku munsi wayo wa 11,imikino izakomeza no kuri uyu wa gatatu
Davis Kasirye na Kwizera Pierrot bakuwe ku rutonde rw’abakinnyi 18 ba Rayon Sports bakina na Muhanga muri shampiona ikomeza kuri uyu wa kabiri.
Rayon Sports ibifashijwemo na rutahizamu mushya yakuye muri Mali yatsinze ikipe ya Gicumbi ibitego 2-0 mu mukino wabereye i Gicumbi kuri uyu wa gatanu.
Ikipe ya Rayon Sports yashyize ahagaragara abakinnyi 18 bazakina na Gicumbi kuri uyu wa gatanu barimo rutahizamu mushya wavuye muri Mali
Abayobozi n’umutoza ba Rayon Sports bakoranye ikiganiro n’abanyamakuru berekana umukinnyi mushya baguze ndetse banatangaza andi makuru ari mu ikipe
Abayobozi mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika(CAF), basuye abana bakina umupira wa karere ku Kimisagara kuri uyu wa gatandatu
Ikipe ya Republika iharanira Demokarasi ya Congo itsinze Mali, ihita inakora amateka ko ari yo kipe itwaye CHAN inshuro ebyiri kuva yatangira muri 2009
Ku ntsinzi y’ibitego 2-1,ikipe ya Côte d’Ivoire ni yo yegukanye umwanya wa gatatu w’irushanwa rya CHAN itsinze Guinea
Umuyobozi wa Kivu y’Amajyaruguru Julien Paluku yahamagariye Abanyekongo kujya Kigali ku bwinshi kwakira igikombe cya CHAN kuko biteguye intsinzi