Ikipe ya Congo ibaye iya mbere igera ku mukino wa nyuma wa CHAN 2016,itsinze Guinea Penaliti 5-4 nyuma yo kunganya 1-1 mu mukino wabereye kuri Stade Amahoro kuri uyu wa gatatu
Kuri uyu wa Gatatu kuri Stade Amahoro nibwo hamenyekana ikipe ya mbere izakina umukino wa nyuma,ubwo DR Congo na Guinea ziza guhatana muri 1/2
Mu gihe cy’imikino ya CHAN, imikino yagiye yitabirwa n’abantu benshi kurusha kuri sitade Huye ni iyari irimo ikipe ya Congo.
Republika iharanira Demokarasi ya Congo itsinze Amavubi ibitego 2-1,ihita iyisezera muri 1/4 cy’imikino ya CHAN mu mukino wabereye kuri Stade Amahoro kuri uyu wa gatandatu
Imodoka za Coasters zirenga 30 zambutse umupaka uhuza u Rwanda na Congo wa Rubavu zirimo Abakongomani baje gushyigikira ikipe yabo Leopards, mu mukino uri buyihuze n’iy’u Rwanda Amavubi.
Perezida Kagame yibukije Ikipe y’Igihugu y’Umupira w’Amaguru, Amavubi, ko mu marushanwa irimo ya CHAN 2016 ihagarariye Abanyarwanda bose bityo ko igomba kwitwara neza.
Ikipe y’u Rwanda Amavubi, yazindukiye mu myitozo aho iri kwitegura umukino uzayihuza na Leopard ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo.
Ikipe y’igihugu ya Uganda yasezerewe mu majonjora y’amatsinda nyuma yo kunganya na Zimbabwe 1-1 mu mukino wabereye i Rubavu kuri uyu wa gatatu
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwiseguye ku bashatse amatike yo kwinjira mu mikino ya CHAN akayabura kubera uburiganya bw’abashaka kunguka menshi.
Nigeria yeretswe umuryango nyuma yo gutsindwa n’ikipe ya Guinea mu mukino wa CHAN mu itsinda C wabereye i Rubavu kuri uyu wa 26 Mutarama 2016.
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Maroc yari yitabiriye CHAN yasuye urwibutso rwaa Jenoside yakorewe abatutsi rwa Gisozi mbere y’uko basubira muri Maroc
Ikipe ya Congo nyuma yo gutsindwa na Cameroun bigatuma irangiza ari iya mu itsinda B,igiye guhura n’Amavubi aya mbere mu itsinda A mu mukino uzaba taliki ya 30/01/2016 kuri Stade Amahoro
Mu mikino ya nyuma y’itsinda rya mbere,u Rwanda rwanyagiwe na Maroc 4-1 kuri Stade Amahoro,naho Cote d’Ivoire inyagira Gabon 4-1 kuri Stade Huye
Ubuyobozi bwa Polisi buraburira abagura amatike ya CHAN bakayamara ku isoko kugira ngo baze guhanika ibiciro.
Ku gitego kimwe cyatsinzwe na Christopher Katongo ku munota wa 41 w’umukino ,Zambia yaje guhita ibina itike yerekeza muri 1/4 cy’irangiza,mu gihe Uganda izategereza umukino wa nyuma w’itsinda
Nyuma yo gutsindwa igitego 1-0 na Mali,Zimbabwe ikurikiye Angola mu makipe amaze gusezerwa mu matsinda mu mikino ya CHAN
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu buvuga ko bushaka guca umuhigo wo kugira abitabira benshi marushanwa y’imikino ya CHAN u Rwanda rwakiriye.
Ikipe y’igihugu ya Nigeria n’iya Tuniziya zinaniwe kwisobanura mu mukino wa kabiri w’itsinda rya gatatu mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Ikipe ya DR Congo nyuma yo kwihererana Angola ikayitsinda 4-2 mu mukino wabereye kuri Stade Huye,Congo nayo yakatishije itike ya ¼ Angola yo irasezererwa
Uyu munsi imodoka za Virunga Express ziherekejwe na polisi y’u rwanda zanyuze mu Ngororero zerekeza i Huye zitwaye abafana ba kongo.
Ubuyobozi bwa Kivu y’Amajyaruguru bwasabye Abanyekongo kujya Huye ari benshi gushyigikira ikipe yabo ikina na Angola, ibemerera kongera amasaha yo gufunga umupaka.
Nyuma yo gutsinda Gabon ibitego 2-1, byose byatsinzwe na Sugira Ernest, Amavubi y’u Rwanda yabaye ikipe ya mbere ibonye itike yo kwerekeza muri 1/4 cya CHAN.
Mu mikino y’umunsi wa mbere mu itsinda D,Ghana yanganije na Mali 2-2,maze Zambia yatsinze 1-0 ihita iyobora itsinda
Kuri uyu wa kabiri kuri Stade ya Kicukiro,Amavubi yahakomereje imyitozo yo kwitegura umukino ubahuza na Gabon kuri uyu wa Gatatu kuri Stade Amahoro
Ku munsi wa mbere w’imikino yo mu itsinda rya kane (D),ikipe ya Zambia yabashije gutsinda ZImbabwe,igiyego cyatsinzwe na Isaac Chansa
Umuvundo waranze kwinjira muri Sitade Huye abantu bajya kureba imikino ya CHAN watumye hari abicaye ahadatwikiriye kandi bari barishye ahatwikiriye.
Abatoza b’amakipe yitabiriye amarushanwa CHAN mu karere ka Rubavu batangaza ko biteguye neza guhatana no gutsinda mu mikino ya CHAN.
Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu bwahamagariye abaturage kwitabira kureba umukino uhuza Uganda na Mali utangira 18h kuko hari imodoka zibacyura n’urangira.
Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo inyagiye EthiopiaIbitego 3-0 ku mukino wa mbere w’itsinda rya Kabiri wabereye kuri Stade Huye kuri iki cyumweru
Abaturage benshi b’Akarere ka Huye baravuga ko babukereye kugira ngo birebere imbonankubone imikino ya CHAN yabegerejwe.