Ikipe y’igihugu ya Senegal yatsinze Amavubi ibitego 2-0 mu mukino wa gicuti wabereye kuri Stade Amahoro kuri uyu wa Gatandatu
Mu mukino wa gicuti wabereye kuri Stade Amahoro kuri uyu wa Gatandatu, Ikipe y’igihugu ya Senegal yatsinze u Rwanda ibitego 2-0
Kuri uyu wa gatatu kuri Stade Amahoro, ikipe y’igihugu Amavu yakoze imyitozo ya nyuma yitegura umukino wa gicuti uzayihuza na Senegal kuri uyu wa Gatandatu
Ikipe ya Rayon Sports ntibashije ntibashije kwikura imbere ya Etincelles aho binganyije igitego 1-1 mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Ikipe ya Etincelles yashyiriwe ho agahimbazamusyi kadasanzwe niramuka yitwaye neza ku mukino uyihuza na Rayon Sports kuri uyu wa gatatu kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Ikipe ya APR Fc yahagaritse abakinnyi bayo bane nyuma yo kuvuga ko bagaragaje imyitwarire itari myiza
Ikipe ya AS Vita Club yamaze gusezererwa mu marushanwa ya CAF Champions league, nyuma yo gukinisha umukinnyi utabyemerewe
Umutoza w’ikipe ya Manchester United Luis Van Gaal, yamaze kwirukanwa n’ikipe mu gihe biteganijwe ko Mourihno ari we ugomba kumusimbura.
Mu mukino wo guhatanira igikombe cy’Afurika cy’abatarengeje imyaka 20 kizabera muri Zambia, Misiri itsinze u Rwanda 1-0 mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Bamwe mu bakinnyi bahoze bakinira ikipe y’igihugu y’u Rwanda "Amavubi, biteguye guhura na Perezida Kagame bakamuganiriza ku iterambere ry’umupira w’amaguru
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Johnattan McKinstry yahamagaye abakinnyi 29 bagomba kwitegura imikino ibiri Amavubi agomba gukina
Ernest Sugira yamaze kugera i kigali aho avuye gusinya umwaka n’igice mu ikipe ya As Vita Club, akazasubirayo akina n’ikipe ya TP Mazembe
APR Fc yongeye guha intera ikipe ya Rayon Sports nyuma yo gutsinda Kiyovu Sports ibitego 2-0 mu mukino wa Shampiona wabereye i Nyamirambo
Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports Davis Kasirye yahamagawe na Milutin Micho utoza Uganda, mu kwitegura umukino uzabahuza na Zimbabwe mu mpera za Gicurasi
Manchester United ntiyabashije gutsinda Bournemouth ibitego 19 ku busa yasabwaga ngo ibe yaza mu makipe ane azahagararira u Bwongereza muri champions league.
Mu mikino y’umunsi wa 25 wa Shampiona yabaye kuri uyu wa kabiri, ikipe ya Gicumbi yanganyije na Rayon Sports 1-1 bituma Rayon Sports iguma inyuma ya APR Fc
Muri shampiyona zikomeye I Burayi iy’abongereza irasozwa nyuma kubera kwikanga igisasu.
Umutoza Masudi Djouma w’ikipe ya Rayon Sports yatangaje abakinnyi 11 abona ko ari bo bari kwitwara neza mu makipe yose ari gukina Shampiona y’u Rwanda
Umurenge wa Kamembe wo mu karere ka Rusizi watsinze umurenge wa Mahembe wo mu karere ka Nyamasheke muri Kagame cup,umukino utari woroshye.
Ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango buranyomoza amakuru yakomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga zivuga ko hari abakinnyi n’abayobozi b’akarere baraye mu buroko.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika ryafashe icyemezo cyo gusezerera Uganda kubera umukinnyi ufite ibyangombwa bidahura
Umukinnyi Ernest Sugira wakiniraga AS Kigali yaguzwe n’ikipe ya AS Vita Club yo muri Congo ibihumbi 130 by’ama dollars
Ikipe ya Rayon Sports yanyagiye ikipe ya Bugesera iyitsinze ibitego 4-0 harimo bitatu bya Ismaila Diarra, mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali kuri uyu wa gatatu
Ikipe ya Bugesera Fc ikeneye Milioni 78Frws ngo ibashe gusoza shampiona nta kibazo igize, iraza kwakirira Rayon Sports i Kigali
APR Fc yatsinze ikipe ya Gicumbi ibitego 3-0 mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali kuri uyu wa kabiri, bituma ikomeza kuyobora urutonde rwa Shampiona
Shampiona y’icyiciro cya mbere irakomeza kuri uyu wa kabiri hakinwa imikino y’umunsi wa 23 wa Shampiona, aho abakinnyi bane bahagritswe kubera amakarita
Umukino wagombaga guhuza ikipe ya Bugesera na Rayon Sports wimuriwe i Kigali kuri uyu wa Gatatu ku i Saa cyenda n’igice z’amanywa
Ikipe ya Nyagatare FC yatsinzwe kimwe ku busa na Pepiniere, umutoza wayo yikoma ubuyobozi budatanga inkunga.
Ku munsi wa 37 ari nawo ubanziriza uwa nyuma, Leicester City yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona cy’Ubwongereza umwaka wa 2015-2016.
Muri Europa league ikipe ya Liverpool yo mu Bwongereza yasezereye Villareal yo muri Espagne naho Seville yo muri Espagne isezerera Shaktar Donestk yo muri Ukraine.