Ku rutonde ngarukakwezi rukorwa na FIFA, u Rwanda mu mupira w’amaguru rwatakaje imyanya 24 rugera ku wa 117
Nyuma yuko habaye ijonjora ribanza rya 1/32 ku makipe yo mu cyiciro cya kabiri n’ayo mu cya mbere ataritwaye neza mu gikombe cy’Amahoro 2016, kuri uyu 05 Mata 2017, habaye tombola ya 1/16, hamenyekana uburyo amakipe azahura ahatanira iki gikombe giheruka kwegukanwa n’Ikipe ya Rayon Sports.
Ikipe ya Mukura ntiyahiriwe n’umunsi wa 22 wa Shampiona nyuma yo kunyagirwa na AS Kigali, mu gihe Kiyovu nayo itikuye imbere y’ikipe ya nyuma
Kuri uyu wa 31 Werurwe 2017, ni bwo ku ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa hasojwe amahugurwa y’abifuza kuba abatoza b’ejo hazaza bo ku rwego rwa Licence D.
Scheikh Hamdan Habimana wahoze muri Mukura yatorewe kuyobora ihuriro ry’ibigo byigisha abana umupira w’amaguru
Mashami Vincent na Higiro Thomas bahawe akazi ko kuba abatoza bungirije Antoine Hey uheruka kugirwa umutoza w’Amavubi
Sheikh Hamdan wiyamamariza kuyobora ihuriro rizwi nk’Ijabo Ryawe aravuga ko nyuma y’igihe kirekire umupira w’abana utitabwaho yiteguye kuwuvana mu mvugo no mu mpapuro akawushyira mu bikorwa.
Ikipe ya Rayon Sports yanikiye andi makipe nyuma yo gutsinda Sunrise mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Mu gihe ikipe ya Sunrise izakina na Rayon Sport mu mukino w’ikirarane, abakinnyi ba Sunrise bari kwinubira kuba bamaze amezi 2 badahembwa ndetse bakanavuga ko batarya nk’uko babyifuza.
Umukino wa Shampiona w’umunsi wa 22 wagombaga guhuza Rayon Sports n’Amagaju kuri uyu wa gatanu tariki ya 31 Werurwe wimuriwe mu kwezi gutaha kubera umukino wa Rayon Sports na Sunrise uteganijwe ejo ku wa gatatu tariki ya 29 Werurwe.
Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA Nzamwita aratangaza ko mu kwezi kumwe ari bwo azatangaza niba aziyamamariza manda ya kabiri yo kuyobora FERWAFA .
Mu mukino w’ikirarane wayihuje na As Kigali, Rayon Sports iyitsinze 1-0, irusha APR amanota 8 basanzwe bahanganira igikombe
Mu mikino y’amarushanwa Umurenge Kagame cup 2017 yasojwe kuri uyu wa Gatanu 24 Werurwe 2017,imirenge ya Busanze na Kibeho niyo yegukanye ibikonbe.
Umuyobozi wa FERWAFA yatangaje ko hagati y’imyaka ibiri n’itatu u Rwanda ruzaba rutozwa n’umutoza w’Umunyarwanda, rugasezerera umuco wo gutozwa n’abanyamahanga.
Nyuma y’aho atangarije ko u Rwanda rusa nk’aho rutagiye muri CAN kubera ko rwakinishaga abanyamahanga, Perezida wa Ferwafa yasabye imbabazi Abanyarwanda avuga ko yagowe n’ururimi rw’Ikinyarwanda.
Umutoza wungirije mu ikipe ya Musanze Ndikumana Hamad wamenyekanye cyane ku izina rya Katawuti akinira Ikipe ya Rayon Sports n’ikipe y’igihugu Amavubi, aratangaza ko kugira ngo azabe umutoza ukomeye cyane bimusaba gukora cyane
Umukino wahuzaga Rayon Sports n’ikipe ya Bugesera FC urangiye Rayon Sports iyitsinze 1-0, iguma ku mwanya mbere irusha APR FC amanota atanu.
Bamwe mu bakinnyi bakinnye igikombe cya Afurika muri 2004 baratangaza ko batashimishijwe n’amagambo yatangajwe na Perezida wa Ferwafa Nzamwita Vincent De Gaulle.
Ku wa 21 Werurwe 2017 nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryerekanye Antoine Hey umutoza mushya w’ikipe y’igihugu Amavubi
Muri Tombola yabereye i Cairo ku cyicaro cya CAF, ikipe ya Rayon Sports yatomboye Rivers United mu guhatanira itike yo kwerekeza mu matsinda
Kuri uyu wa mbere mu cyumba cy’inama cya FERWAFA abatoza 12 bahawe impamyabushobozi zo ku rwego rwa mbere muri CAF (Licence A CAF), ari na bwo bwa mbere zitanzwe mu Rwanda
Mu mikino y’umunsi wa 21 wa Shampiona y’icyiciro cya mbere, APR yatakaje amanota kuri Pépiniére, Kiyovu itsindwa na Kirehe, mu gihe Mukura yatsinze.
Mu mukino wo kwishyura wa CAF Champions league wabereye i Kinshasa, Sugira Ernest yafashije AS Vita Club guseserera ikipe yo muri Gambia
Mu mukino wa shampiyona y’umunsi wa 21 wahuzaga ikipe ya Police Fc na Musanze urangiye amakipe yombi anganya ibitego 2-2.
Bizimana Abdu azwi nka Bekeni ubu ni umutoza Mukuru w’ikipe ya Virunga FC yo muri Congo (DRC) muri shampiyona ya Linafoot.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amagurru muri Afurika CAF rimaze kwemeza ko ikipe ya Rayon Sports isezereye Onze Createurs bidasubirwaho
Ikipe ya Rayon Sports ikomeje imyitozo yo kwitegura umukino ugomba kuyihuza na Onze Createurs yo muri Mali kuri uyu wa Gatandatu n’ubwo FIFA yamaze guhagarika amakipe yose yo muri Mali
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi ryahagaritse ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Mali mu marushanwa yose mpuzamahanga
Ikipe ya Onze Createurs yo muri Mali yamaze kugera I Kigali aho ije gukina na Rayon Sports mu mukino wo kwishyura mu rwego rw’amakipe yatwaye ibikombe iwayo(Caf Confederation Cup).
Issa Hayatou wari umaze imyaka 29 ayobora Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika asimbuwe na Ahmed Ahmed wo muri Madagascar.