Nyuma y’ukwezi kumwe ari umutoza wa Kiyovu,Seninga arerekeza mu mahugurwa mu busuwisi,akazasigarirwaho na Kanamugire Aloys mu gihe cy’amezi abiri
Mu isiganwa ry’amagare ry’amagare riri kubera muri Cote d’Ivoire,ikipe y’u Rwanda iyobowe na Hadi Janvier yiganje mu myanya itanu ya mbere
Ku munsi wa gatatu wa Shampiona y’icyiciro cya mbere,AS Kigali yatsinze Sunrise 4-0 ihita iyobora urutonde rwa Shampiona by’agateganyo
Mu mukino w’umunsi wa 3 wa shampiona APR fc na Police Fc zanganije igitego 1-1 mu mukino wabereye ku Kicukiro.
Kuri uyu wa gatanu harakomeza shampiona y’cyiciro cya mbere,ahoumukino utegerejwe ari uwa Police Fc yaakira APR Fc kuri Stade ya Kicukiro.
AS Kigali yongeye guhangara Rayon Sports iyitwara amanota atatu iyitsinze ibitego 2-1 mu mukino wabereye I Muhanga kuri uyu wa gatatu
Ikipe ya Mukura yihereranye APR Fc iyitsinda ibitego 2-0 mu mukino wa Shamiona wabereye ku Mumena kuri uyu wa kabiri.
Myugariro w’Amavubi akomeje kwitwara neza mucyicro cya mbere mu Bubiligi aho yashyizwe mu ikipe yitwaye neza mu cyumweru gishize
Nyuma y’aho APR Fc itakarije abatoza barimo n’uwatozaga abazamu,ubu Ndoli Jean Claude usanzwe ari n’umukinnyi niwe wahawe izo nshingano
Ikipe ya Handball ya Gs St Aloys yamaze guhabwa ibihano byo kugera 2017,itagaragara mu bikorwa bya Handball nyuma yo kwikura muri Shampiona
Shampiona y’icyiciro cya mbere ku munsi wayo wa mbere isize Rayon Sports iyoboye urutonde nyuma yo gutsinda Marines 2-0
Umuyobozi wa Komite Olempike mu Rwanda arashimangira ko ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda ariryo rikora neza kurusha izindi.
Ikipe ya Rayon Sportskuri uyu wa gatanu yakoze ibirori byo kwerekana abakinnyi izifashisha mu mwaka w’imikino wa 2015/2016
Umutoza mushya wa Rayon Sports David Donadei yabashije gukina umukino we wa mbere awunganya na Muhanga kuri uyu wa gatatu.
Ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare nyuma yo guhesha ishema u Rwanda mu mikino nyafrika,yamaze kugera i Kigali yakirwa n’abayobozi ba Ferwacy
Icyumweru gishize gisize u Rwanda rwegukanye imidari mu ruhando mpuzamahanga mu mikino nyafurika,gusa mu Rwanda mu mupira w’amaguru ntibyakunze
Nyuma yo gushyirwa ku rutonde rwa Kiyovu Sports kandi akinira Rayon Sports,Nshuti Savio yatangaje ko Kiyovu yarumushyizeho itarigeze imuvugisha
Muu rwego rwo gukomeza kwitegura Shampiona,ikipe ya Rayon Sports yanganije na Ibanda Sport 1-1 mu mukino wabaye kuri iki cyumweru.
Bamwe mu batuye akarere ka Nyaruguru bavuga ko bakunda imikino ariko ko batabona aho bayireba cyangwa bayikorera kubera kutagira ibibuga.
Umunyarwanda Hadi Janvier yanikiye abandi mu mikino nyafrika iri kubera muri Congo Brazzaville,aho yaje ku mwanya wa mbere asize uwamukurikiye amasegonda 31
Ikipe ya Mukura yamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 28 bazakinira Mukura muri uyu mwaka wa 2015/2016,aho hagaragaramo abakinnyi bashya 9
Ku i Saa cyenda n’igice ikipe y’igihugu Amavubi irakina n’ikipe ya Gabon umukino wa gicuti ubera kuri Stade Amahoro
Rayon Sports yatsinze ikipe ya Rwamagana City mu mukino wa ibitego 3-0 mu mukino wa gicuti wabereye i Muhanga
Ikipe ya Gabon yageze mu Rwanda kuri uyu wa gatatu,yakoze imyitozo kuri uyu wa kane yitegura umukino uzaba ku wa gatandatu
Myugariro w’Amavubi na APR Fc Nshutiyamagara Ismail Kodo yatangaje ko ikibazo afite mu muryango aricyo cyatumye atitabira imyitozo y’Amavubi
Shampiona y’icyiciro cya mbere 2015/2016 iratangira taliki ya 18/09/2015 APR Fc na Rayon Sports zerekeza I Rubavu,zizahure ku munsi wa gatandatu.
Nyuma yo gusiga uwamukurikiye iminota 4,Uwizeye niwe wasoje isiganwa rizenguruka umujyi wa Kigali ari uwa mbere ku ntera y’ibilometero 124.9
Imbere y’abafana benshi kuri Stade Amahoro ,ikipe ya Ghana yakoze imyitozo yitegura umukino uyihuza n’Amavubi kuri uyu wa gatandatu
Ikipe ya Ghana yaraye isesekaye I Kigali ahagana i Saa tatu z’ijoro, irakora imyitozo kuri Stade Amahoro uyu munsi.
Bitarenze iminsi itatu ikipe ya Rayon Sports iratangaza uzayitoza mu mwaka w’imikino wa 2015/2016,aho abanyamahanga babiri aribo bazatorwamo umwe