Kuri uyu wa kane nibwo imikino ya 1/4 mu gikombe cy’Afurika y’abagore ikomeza, aho Rwanda Revenue ihura na Elshams yo mu Misiri ku i Saa Kumi n’imwe
Mukura Vs ku kibuga cyayo ntiyabashije kwikura imbere ya Rayon Sports yayihatsidiye igitego kimwe ku busa, cyatsinzwe na Davis Kasirye ku munota wa 65
Mu mikino y’umunsi wa 19 wa Shampiona, kuri Stade ya Huye harabera umukino uhuza ikipe ya Rayon Sports na Mukura, aho Stade ifungurwa Saa ine z’amanywa, umukino ugatangira 15h30
Ikipe ya Rwanda Revenue ihagarariye u Rwanda ihagarariye u Rwanda mu gikombe cy’Afurika kiri kubera muri Tunisia, itsinze Ndejje ya Uganda ihita ibona itike ya 1/4
Ikipe ya Rayon Sports mu rwego rwo kwitegura umukino wa Mukura uzaba kuri uyu wa Gatatu i Huye, iyi kipe irakorera imyitozo ya nyuma i Muhanga nyuma ya Saa Sita
Kuri iki cyumweru ku kibuga cy’ishuri rya APPEGA Gahengeri hatangirijwe Shampiona y’abagore mu mukino wa Handball aho ikinirwa mu ma zone
Visi Perezida w’inama Njyanama y’akarere ka Nyagatare yasabye ko ibihembo ku makipe yabaye aya mbere ubutaha byakongerwa.
Ikipe ya Rwanda Revenue authority irasabwa gutsinda umukino umwe ikerekeza muri 1/4 mu gikombe cy’Afurika kiri kubera muri Tunisia
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 20 isezerewe n’iya Uganda nyuma yo kuyitsinda ibitego 2-1 mu mukino wabereye Namboole Stadium muri Uganda
Nyuma y’uko amakipe azakina igikombe cy’Afurika cya Volleyball mu bagore ashyiriwe mu matsinda,ikipe ya Rwanda Revenue irakina umukino wa mbere kuri uyu wa gatandatu
Zimwe mu mbuga za internet z’amakipe y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, ziracyagaragaramo amakosa no kudatangira amakuru ku gihe.
Ku mukino w’umunsi wa 17 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru wahuzaga ikipe ya Mukura Victory Sport na APR FC, Mukura itsindiwe kuri sitade Huye ibitego 2 kuri 1, ntibyayibuza kugumana umwanya wa gatatu
Ikipe ya Rayon Sports kuri Stade ya Kigali inganyije na AS Kigali,maze APR yatsinze Mukura 2-1 ihita isubira ku mwanya wa mbere
Nyuma y’aho Ombolenga Fitina atsindiye igitego ikipe ya Espoir mu mukino wabereye kuri uyu wa kabiri kuri Stade Mumena,Nyina umubyara yatangaje ko bamubagira ihene mu rwego rwo kumushimira
Kuri Stade Mumena Kiyovu yatsinze Espoir igitego 1-0,maze i Muhanga ikipe yaho itsinda Amagaju 4-1 ari nayo ntsinzi ya mbere muri Shampiona
Ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 yasubukuye imyitozo aho yitegura gukina na Uganda,gusa ntirabona umukino wayifasha kuyitegura
Shampiona y’abagore mu mukino wa Handball y’umwaka wa 2016 igiye gukinirwa mu mazone bitewe n’ibice by’igihugu amakipe aherereyemo
Mbere y’uko ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 ingayije na Uganda mu mukino ubanza,umutoza wayo yongeye mo abakinnyi 2 mbere yo gukina umukino wo kwishyura uzabera Uganda kuri uyu wa gatandatu
Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo gutsinda ikipe ya Marines ibitego 3-0 mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo kuri iki cyumweru,yaje guhita ismbura APR Fc ku mwanya wa mbere
Kuri iki cyumweru Shampiona y’icyiciro cya mbere irakomeza,aho Rayon Sports na Mukura zitsinze zaca kuri APR Fc iyoboye urutonde rw’agateganyo
Ku munsi wa mbere w’imikino yo kwishyura,APR Fc yatsinzwe na Etincelles igitego 1-0 mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Muri tombola ya 1/2 cya Europa league na Champions league yabaye kuri uyu wa gatanu,amakipe yo mu Bwongereza yatomboranye n’ayo muri Espagne
Ikipe y’igihugu y’umukino wa Cricket yerekeje muri Afurika y’epfo,yibukijwe n’umunyamabanga uhoraho muri Minispoc ko bahagarariye abanyarwanda bose
Mu gihe Abanyarwanda bibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994, Ikipe ya Mukura VS yashyize ahagaragara abanyamuryango bayo bazize iyi jenoside.
Mu mukino w’ikirarane utari warabereye igihe,APR Fc yatsinze AS Kigali ibitego kuri kimwe mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Kuri uyu wa gatatu nibwo hakinwa imikino ibiri ya nyuma y’ibirarane isoza imikino ibanza muri Shampiona y’cyiciro cya mbere u Rwanda
Abaturage bakina ndetse n’abitabira amarushanwa y’Umurenge Kagame Cup baratangaza ko aya marushanwa ari ingirakamaro kuribo.
Ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare yatumiwe mu irushanwa rizabera muri Colombia mu kwezi kwa gatandatu uyu mwaka
Ngirinshuti Jonas avuga ko yamaze guhimba umukino witwa Boneza ball,ukaba ari umukino utangiye kwamamara mu Rwanda n’ubwo nta handi wawusanga ku isi.
Mu mikino ya Shampiona itari yarakiniwe igihe yabaye kuri iki cyumweru,APR yanganyije na Marines,mu gihe Police Fc yatsinze AS Kigali