Umunya Eritrea Teshome Meron niwe wegukanye agace ka Muhanga-Rubavu, ariko Nsengimana Bosco wahageze nyuma ye amasegonda abiri akomeza kuyobora.
Ku munsi wa 5 w’irushanwa rya Tour du Rwanda,Debesay Mekseb ukinira Bike Aid abaye uwa mbere akoresheje ibihe bimwe na Nsengimana Bosco uyoboye urutonde
Abakunzi b’imikino cyane isiganwa ry’amagare bo mu karere ka Ngororero, baravuga ko bategereje kongera kureba umukino rukumbi babasha kwirebera imbonankubone.
Mu gihe Etape ya 4 abasiganwa ku magare bazananyura mu muhanda Mukamira –Ngororero,barasabwa kuzitondera ibice byangiritse by’uyu muhanda.
Umunyarwanda Nsengimana Bosco yegukanye umwanya wa mbere kuva i Kigali kugera Musanze,ahita akomeza kuyobora urutonde rusange rwa Tour du Rwanda 2015.
Ubwinshi bw’abantu bari baje kureba Tour du Rwanda mu Karere ka Huye, bwatumye hari serivisi zihagarara abandi bataha ntacyo babonye.
Umunyarwanda yegukanye agace ka kabiri ka Kigali - Huye, mu marushanwa ya Tour du Rwanda ari kubera mu Rwanda.
Ku munsi wa kabiri wa Tour du Rwanda,umunya Eritrea Debesay Mekseb ukinira Bike Aid yo mu Budage niwe wegukanye umwanya wa mbere
Muri Tombola yabereye muri Serena Hotel ikanitabirwa na Nyakubahwa Perezida wa Republika,u Rwanda rwatomboye bizwi mu mupira w"amaguru muri Afrika
Ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda Nsengimana Bosco wa Team Kalisimbi ashyizeho agahigo ko gukoresha igihe gito mu mateka ya Tour du Rwanda mpuzamahanga
Abakinnyi bose bazasiganwa muri Tour du Rwanda 2015 bamaze guhabwa nomero bazaba bakoresha
Kuri iki cyumweru haratangira Tour du Rwanda mu Rwanda,isiganwa rigiye gukinwa ku nshuro ya 7 kuva ribaye mpuzamahanga mu mwaka wa 2009.
Kuri uyu wa gatanu abakinnyi 15 bari mu makipe atatu azahagarira u Rwanda muri Tour du Rwanda nibwo basesekaye i Kigali bavuye mu mwiherero i Musanze
Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatanu,umutoza mushya w’ikipe ya Rayon Sports Ivan Minneart nibwo yari asesekaye ku kibuga cy’indege i Kanombe aje gusimbura David Donadei
Ishyirahamwe ry’umukino w’amagre mu Rwanda ryongereye amasezerano ryari rifitanye na Skol,aho yongereweho imyaka itatu kuri uyu wa kane
Ku bufatanye na Startimes,Rayon Sports igiye gukoresha irushanwa rizahuza amakipe atanu yo mu Rwanda,n’andi atatu yo hanze mu mpera z’Ugushyingo
Amakipe 12 azakina CECAFA izabera muri Ethiopia kuva taliki 21/11 kugera taliki ya 06/12/2015 yamaze gushyirwa mu matsinda 3 .
Rayon sports yihereranye Sunrise iyitsinda ibitego 2-0 mu mukino w’umunsi wa 9 wabereye kuri Stade ya Muhanga kuri uyu wa gatanu
Abakinnyi 15 bagize amakipe atatu azahagararira u Rwanda mu marushanwa ya Tour du Rwanda azatangira taliki ya 15/11 kugeza 22/11/2015 yatangajwe
Abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare mu Rwanda bashyikirijwe amagare 23 bagenewe na Perezida wa Republika y’u Rwanda
Kuri uyu wa kane tariki ya 5 Ugushyingo 2015 mu kigo cya Africa Rising cycling Center I Musanze haramurikwa amagare yatanzwe na Nyakubahwa Perezida wa Republika y’u Rwanda
Ubuyobozi bwa FERWAFA bwahumurije abafite impungenge ku bikorwa byo kubaka ahazakinirwa CHAN2016 ko bizarangirana n’Ugushyingo 2015.
Shampiona y’icyiciro cya mbere irakomeza kuri uyu wa kabiri hakinwa imikino y’umunsi wa munani,ahategerejwe cyane umukino wa Mukura na Kiyovu
Umutoza w’Amavubi Johnny McKinstry yahamagaye abakinnyi 23 bagomba kwitegura umukino uzahuza Amavubi na Libya taliki 13/11/2015.
Muhitira Felicien na Nyirarukundo Salomé nibo begukanye isiganwa ryiswe “Kigali HeForShe Half Marathon” yabereye i Kigali kuri iki cyumweru
Kuri iki cyumweru mu mihanda y’umujyi wa Kigali harakinwa isiganwa "Kigali Half Marathon" rigizwe n’ibilometero 21
Kuri uyu wa gatandatu Shampiona y’icyiciro cya mbere irakomeza, mu gihe ku munsi w’ejo Mukura yatsinze Muhanga bigatuma iyobora urutonde
Ikipe ya Rayon Sport icumbitse mu karere ka Nyanza iri mu myitozo ikaze iharanira ishema ryo kuzatsinda Rwamagana City.
Harabura iminsi mike ngo ikipe y’igihugu yongere guhamagarwa,hari abakinnyi badaheruka guhamagarwa cyangwa batahamgawe ariko bagaragaza ubushobozi
Shampiona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda mu mupira w’amaguru irakomeza kuri uyu wa gatanu hakinwa imikino y’umunsi wa karindwi